Umupasiteri yakubiswe n’umurwayi wo mu mutwe ubwo yashakaga kumwirukanamo imyuka mibi

Sangiza iyi nkuru

Umugabo bavuga ko ari umuntu w’Imana mu gace ka Lokoja muri Nigeria yahuye n’uruva gusenya ubwo yageragezaga gushaka gusengera umurwayi wo mu mutwe, uwo murwayi akamukubita bakarwana kakahava.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu mupasiteri yakubiswe nyu ma yo kwegeranya abantu yita ko babaswe n’imyua mibi, ngo abasengere bezwe kubw’ingorane umwe muri bo utatangajwe amazina akabavamo akarwana na pastier wahisemo kwirwanaho ubwo yabonaga asumirijwe n’ingumi n’imigeri abantu bagahurura.
Abatangabuhamya babiyonye bavuga ko uyu muvugabutumwa atahiriwe n’umunsi yakubitiweho n’umusazi kuko intego ye yo gukiza ibisazi atayigezeho ahubwo akahahurira n’uruva gusenya.

Capture 4
Uyu muvugabutumwa yandagajwe n’umusazi ashaka kumusengera

Uyu musazi w’umugabo wari ukenyeye igitenge yari yagerageje kumutangira bahuriye mu nzira, ngo ajye kumusengera, ariko asanga afite imbaraga zidasanzwe ubwo yatangiraga kumwegera undi na we agatangira kumuhondagura.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu mupasiteri waje gukizwa n’abihitiraga; dore ko banarwaniraga mu muhanda rwgati, yahise asubira iwe umugambi we ntirawurangiza.
Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *