Umugandekazi Patience Sheila yasabye abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga kwitegereza igitsina cye

Sangiza iyi nkuru

Sheila Patience Don Zella, umuherwekazi ukomoka muri Uganda benshi bakaba banemeza ko afite ubwiza bukurura abagabo, Kuba afite umubiri woroshye bituma ashitura ibyamamare bitandukanye gusa ibyo byatumye yifotoza amafoto ayohereza ku mbuga nkoranyambaga arinako ashishikariza rubanda kwitegereza neza igitsina cye kurusha ibindi bice by’umubiri we.
h2
Uyu mubyeyi w’abana 4 ngo ntaterwa isoni no kuba yiyambika ubusa imbere y’abana be, dore ko nabo ngo bishimira uburyo urugo rwabo rurimo icyamamare.
Uyu mugore ukunze kugaragara ari kumwe n’ibindi byamamare bitandukanye mu gihugu cya Uganda akunze kugaragara yambaye utwenda tugaragaza imyanya yibanga, usanga biri mu bituma avugwa cyane mu itangazamakuru.
hhhu
Gusa uku kwamabara ubusa anashishikariza abantu kumureba ariko bibanda ku gitsina cye, ntibyavuzweho byinshi n’abakurikiranira hafi umuco muri Uganda, bemeza ko uyu mubyeyi igihe agezemo atagakwiye kugaragaza ubwambure bwe cyane ko ngo aba adaha abana be uburere.
h3
Si ubwambere Pancience agaragaye yiyambitse ubusa kuko no mu minsi itambutse yagaragaye ari kumwe n’uwahoze ari umukunzi we “Big Eye” bameranye neza, gusa bivugwa ko baba baratandukanye bitewe n’imyitwarire itari myiza.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Ndacyayisenga Fred@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *