Urukundo rwa Selena Gomez na The Weekend rwahagaze

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzikazi w’umunyamerika, Selena Gomez wahoze mu rukundo na Justin Bieber, kuri ubu yamaze gutandukana na The Weekend wari wamusimbuye.

[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

Ikinyamakuru Thepeople cyatangaje ko bidasubirwaho Selena Gomez na The Weeknd batandukanye ndetse ko bitoroshye kongera kubabona bari kumwe nk’ibisanzwe.

Icyi cyemezo cyo gutandukana na The Weekend ngo kikaba cyagoye Gomez ku buryo ngo atabyiyuvisha, gusa yatangaje ko agomba kubyihanganira.

Ibi bije bisanga izindi nkuru zimaze iminsi ko yari amaze iminsi agaragara ari kumwe n’uwahoze ari umukunzi we, Justin Bieber, bigakekwa ko yaba ari yo ntandaro y’itandukana rye na The Weekend, uzwi nk’umuririmbyi ukomoka muri Canada.

thewkend

(Photo by Taylor Hill/FilmMagic)

[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

Selena Gomez na The Weeknd bari bamaze igihe kitageze ku mwaka bakundana dore ko urukundo rwabo rwari rumaze amezi 10 gusa.

Selena Gomez yakoze indirimbo nyinshi zitandukanye kuva yatangira umuziki harimo “slow down, only you, good for you, …

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Emmy@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *