Amajyaruguru: Umuhanda Base-Kirambo-Butaro mu nzira zo gushyirwamo kaburimbo

Sangiza iyi nkuru

Ibikorwa byo gutunganya umuhanda Base-Kirambo-Butaro mu Ntara y’Amajyaruguru biri mu nzira yo gusubukurwa mu rwego rwo korohereza abaturage bawukoresha mu bikorwa by’ubuhahirane.
DYUNTakWAAAa3LF
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, itariki 15 Werurwe 2018, Guverineri w’Intara y’amajyaruguru, JMV Gatabazi ari kumwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Burera bakaba basuye uyu muhanda mu rwego rwo kureba uko wakorwa.
DYUPaDSX4AA UVY
Aba bayobozi kandi bari baherekejwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu kigamije iterambere mu by’ubwikorezi (RTDA), Guy Kalisa, abahagarariye ikigo cya NPD gikora imihanda, aho basuye umuhanda Base-Kirambo-Butaro hagamijwe kureba uko watunganywa ukarushaho kuba nyabagendwa.
DYUPaDSX4AA UVY
Ni mu gihe hategerejwe ko imirimo yo gukora uyu muhanda ugashyirwamo kaburimbo isubukurwa.
 
Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n’indirimbo bishya

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *