
Kuri uyu wa 31 Ukwakira 2017, Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’Igihugu (PAC) yagaragarizaga Inteko rusange y’abadepite isesengura rya raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2015-2016.
Aba ni bamwe mu badepite bari bakurikiranye imirimo y’iyi nama. Iyi raporo yatowe n’abadepite bose usibye Mukamurangwa Sebera Henriette wifashe, wanabajije ikibazo cyo kumenya nyir’inzu yishyurwa miliyoni 16 z’amafaranga y’u Rwanda ku kwezi, kandi ikoreshwa ku kigero cy’10% nk’ububiko bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi (REB). Uyu mudepite ntiyahawe igisubizo.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Nsengiyumva Philippe/Bwiza.com


