Abantu barenga 1/2 cy'Abanya-Iran baje gusezera kuri Akbar Hashemi Rafsanjani (AMAFOTO)

Sangiza iyi nkuru

Akbar Hashemi Rafsanjani wahoze ari perezida wa Iran yapfuye ku wa 08 Mutarama 2017, uyu mugabo utatinyaga kunenga umukuru wa Iran wamusimbuye mu ruhame yashinguwe kuri uyu wa 10 Mutarama 2017.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ishyingurwa ry’uyu mugabo wapfuye afite imyaka 83 kuko yavutse ku wa 25 Kamena 1934 , yasize umugore we witwa Effat Marashi bashakanye kuva 1958
Mu mwaka wa 2005 Akbar Hashemi Rafsanjani yiyamamarije kongera kuyobora Iran ariko aza gutsindwa na Mahmoud Ahmadinejad.ari nawe uyobora iki gihugu kizwiho kugira ibitwaro bya kirimbuzi bikorwa mu butare bwa Iranium.
Ubwitabire bw’abakunzi ba Akbar Hashemi Rafsanjani benshi cyane bari baje kumushyingura byagaragaje ko perezida Ahmadinejad yaba adakunzwe n’abaturage be kuko uyu musaza atajyaga acana uwaka na Ahmadinejad.
Ibinyamakuru mpuzamahanga byanditse ko abarenga kimwe cya kabiri cy’abanya-Iran bose bari abaturage bitabiriye ishyingurwa rya Rafsanjani mu gahunda kenshi.
Nta banyapolitiki bakomeye bo ku isi bigeze bavugwa ko baba bagiye muri uyu muhango wo gusezera kuri mugenzi wabo
f1 fu fu1
fu2
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
fu8 fu22
Iran Rafsanjani
fun6
fun9
fun10 fun12 funera1
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Schadrack

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *