Umuyobozi w’Umujyi wa Lusaka, umurwa mukuru wa Zambia, bwana Kalumba Wilson ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi aho yaje gusura ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali ngo bungurane ibitekerezo ku bintu bitandukanye.
[ad id=”44145″]
Mayor wa Lusaka, Kalumba Wilson kuri uyu wa gatatu akaba yasuye Umujyi wa Kigali mu rugendoshuri rwe arimo mu Rwanda, aganira n’ubuyobozi ibijyanye n’igenamigambi ry’uyu mujyi nuko ubungabungwa.

[ad id=”44145″]
Mayor wa Lusaka kandi yaboneyeho gusura ahari igishushanyombonera cy’umujyi yitegereza ibiteganyijwe kubakwa muri uyu murwa mukuru w’u Rwanda.
K anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Dennis Ns./Bwiza.com





