fmnaintxwaa0ofp.jpg

Amafoto: Menya imiterere y’amapeti ya ba ofisiye ba FARDC

Sangiza iyi nkuru

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’igihugu cyashinzwe nyuma yo kubona ubwigenge mu 1961, ubu kibarizwamo abasirikare byibuze 144,000, kikaba kiyobowe na Lt. Gen. Christian Tshiwewe Songesha w’imyaka 55 kuva ku itariki ya 4 Ukwakira 2022, aho yagiyeho asimbuye Lt Gen. Celestin Mbala.

Kuri iyi nshuro Bwiza yifuje kwereka abakunzi ba yo imiterere y’amapeti y’abasirikare bakuru (ofisiye) ba FARDC, uhereye kuri S/Lieutenant, kugirango ubutaha abatayizi nibareba ku ntugu bazajya bahita bamenya urwego umusirikare ariho.

fmnaintxwaa0ofp.jpg

Dore imiterere y’amapeti ya ba ofisiye ba FARDC

2nd_lieutenant_for_dr_congo_army.png
2nd Lieutenant

lieutenant_for_dr_congo_army.png
Lieutenant

captain_for_dr_congo_army.png
Captain

major_for_dr_congo_army.png
Major

lieutenant_colonel_for_dr_congo_army.png
Lieutenant Colonel

colonel_for_dr_congo_army.png
Colonel

brigadier_for_dr_congo_army.png
Brigadier General

major_general_for_dr_congo_army.png
General Major

lieutenant_general_for_dr_congo_army.png
Lieutenant General

general_for_dr_congo_army.png
General

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *