GqX9uWCWgAAwhC0

Athens: Gen. Muganga yaganiriye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Bugereki

Sangiza iyi nkuru

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), General Mubarakh Muganga, kuwa Kabiri, itariki ya 6 Gicurasi, yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Bugereki, aho yitabiriye imurikagurisha mpuzamahanga mu by’umutekano n’ubwirinzi, DEFEA-25, imurikagurisha rya gisirikare ribera muri Athens.

GqQ dNEWMAAGEys

Gen. Muganga yakiriwe kandi na mugenzi we, General Dimitrios Choupis, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu cy’u Bugereki.

GqX9uWCWgAAwhC0

Kuri uyu wa Gatatu ushize, Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyavuze ko ibiganiro byabo byibanze ku gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare hagati y’impande zombi.

GqX9uWmXMAAqh6d

Biteganyijwe ko Gen. Muganga aza gusoza uruzinduko rwe mu Bugereki kuri uyu wa Kane.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *