Museveni yatorewe kuyobora Uganda muri manda ya 7

Komisiyo y’amatora muri Uganda, yatangaje ko Yoweri Kaguta Museveni wari usanzwe ari Perezida w’iki gihugu yongeye gutorerwa kukiyobora, nyuma yo gutsinda amatora yabaye ku wa Kane w’iki cyumweru. Museveni yatsinze amatora ku majwi 71.65%. Ni nyuma yo gutorwa n’ababarirwa muri 7,946,772. Uyu mukambwe w’imyaka 81 y’amavuko usanzwe ari Perezida wa Uganda kuva mu 1986, yahigitse […]
Ndayishimiye yasabye ko ingabo za MONUSCO zashyirwa ku mipaka y’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatanze icyifuzo cy’uko Ingabo ziri mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zashyirwa ku mipaka y’u Rwanda, kugira ngo rugire icyizere cy’uko rutazaterwa. Uyu mugabo yatanze iki cyifuzo ku wa Kane tariki ya 15 Mutarama, mu ijambo yagejeje ku badipolomate bahagarariye ibihugu n’imiryango itandukanye […]
Bobi Wine yanyomoje amakuru yavugaga ko yatawe muri yombi

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine, yanyomoje amakuru yavugaga ko yaraye atawe muri yombi n’igisirikare cya Uganda gikoresheje kajugujugu. Amakuru y’ifatwa rya Bobi Wine yari yatangajwe n’ishyaka rye rya NUP, mu butumwa ryari ryanditse ku rubuga rwarwo rwa X. Ryari ryavuze ko “Kajugujugu ya gisirikare yaguye mu mbuga ya Perezida Bobi Wine, imufata […]
Impamvu agace ka Point-Zéro Twirwaneho yirukanyemo ingabo z’u Burundi ari ingenzi cyane

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho wiyemeje kurengera abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, ku wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama wigaruriye agace ka Point-Zéro gaherereye muri Teritwari ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Abarwanyi b’uyu mutwe bigaruriye kariya gace, nyuma yo kukirukanamo ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Congo Kinshasa zirimo FARDC, Ingabo z’u Burundi, abarwanyi ba Wazalendo […]
Malawi yahinduye izina ry’umuhanda yari imaze imyaka 19 yaritiriye Perezida Kagame

Perezida Peter Mutharika wa Malawi, yahinduye izina ry’umuhanda iki gihugu cyari kimaze imyaka 19 cyaritiriye Perezida Paul Kagame. Guverinoma ya Malawi mu itangazo yasohoye ku wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama, yavuze ko umuhanda wa Paul Kagame Road nyuma yo guhindurirwa izina wahise witirirwa John Chilembwe usanzwe afatwa nk’intwari ya kiriya gihugu. Muri Nzeri 2007 […]
Uganda: Imvururu zakurikiye amatora zaguyemo abantu

Abantu babarirwa muri barindwi biciwe mu bikorwa by’ubugizi bwa nabi byabaye mu ijoro ryo ku wa Kane rishyira ku wa gatanu muri Uganda, nyuma y’amatora yabaye muri iki gihugu. Ibyavuye mu matora byatangajwe na komisiyo y’amatora byerekanye ko Museveni afite hejuru ya 73% by’amajwi mu matora ya perezida yabaye ku wa kane, hashingiwe ku majwi […]
Bobi Wine yatawe muri yombi hakoreshejwe kajugujugu

Ishyaka National Unity Platform ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, ryatangaje ko umunyapolitiki Robert Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ yatawe muri yombi hakoreshejwe kajugujugu ya gisirikare, akajyanwa ahantu hatazwi. Amakuru y’itabwa muri yombi ry’uyu munyapolitiki yemejwe n’ishyaka rye, mu butumwa ryanyujije ku rubuga rwayo rwa X. NUP yagize iti: “Kajugujugu ya gisirikare yaguye mu mbuga ya Perezida Bobi […]
Perezida Kagame yitabiriye irahira rya Gen. Doumbouya

Perezida Paul Kagame yageze i Conakry muri Guinée, aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Gen. Mamadi Doumbouya uheruka gutorerwa kuyobora iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika. Umukuru w’Igihugu akigera i Conakry ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, yakiriwe na Minisitiri w’Intebe wa Guinée, Amadou Oury Bah. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 17 Mutarama […]
RDC mu mugambi wo kwitambika Mushikiwabo ngo atazongera gutorerwa kuyobora OIF

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biravugwa ko yatangiye gutegura uko yakwirambika Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo, kugira ngo atazongera gutorerwa kuyobora Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu Bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF). Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, aheruka gutangaza ko u Rwanda rwamaze gutanga Mushikiwabo kugira ngo azongere kwiyamamariza kuyobora OIF muri manda ye ya gatatu. Mushikiwabo wahoze […]
Museveni yanikiye Bobi Wine mu majwi

Amajwi y’agateganyo y’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, arerekana ko umukandida Yoweri Kaguta Museveni w’ishyaka NRM, yatangiye kwanikira bagenzi be bari bayahatanyemo. Ku wa Kane tariki ya 15 Ukuboza ni bwo abanya-Uganda baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abadepite. Ni amatora yitabiriwe n’ababarirwa muri miliyoni 21. Museveni umaze imyaka 40 ayobora Uganda, muri ariya matora […]
Twirwaneho yemeje ko yahanuye drone ya FARDC

Umutwe wa Twirwaneho wiyemeje kurengera abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, wemeje ko ku wa Kane tariki ya 15 wahanuye drone y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Umuhuzabikorwa w’uriya mutwe, Colonel Ndakize Kamasa Welcome, yatangaje ko iriya drone bivugwa ko ari iyo mu bwoko bwa CH-4 yahanuriwe mu mirwano yarimo isakiranya ingabo zawo na […]
Amb. Maj. Gen Nzabamwita yakiriwe na Putin

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, ku wa Kane tariki ya 15 Ukuboza yakiriye Ambasaderi Maj. Gen. Joseph Nzabamwita, amushyikiriza impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu gihugu cye. Ni umuhango wabereye muri Perezidansi y’u Burusiya, Kremlin, witabirwa n’abanyacyubahiro batandukanye barimo na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov. Putin yavuze ko u Rwanda ari kimwe mu […]
AFC/M23 yashyize Uvira mu maboko y’Umuryango Mpuzamahanga

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, washyize umujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu maboko y’Umuryango Mpuzamahanga kugira ngo abe ari wo uwurinda. Ni icyemezo kigaragarira mu ibaruwa umuhuzabikorwa wa AFC, Corneille Nangaa yandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres. Muri iyo baruwa yo ku wa Kane […]
Jamaica yakiriye abasirikare 100 ba RDF

Guverinoma ya Jamaica ku wa Kane tariki ya 15 Mutarama yakiriye itsinda ry’abasirikare bashinzwe ubwubatsi bo mu Ngabo z’u Rwanda ryoherejwe muri icyo gihugu gufasha mu gusana no gusubiza ku murongo ibikorwa remezo byangijwe n’ibiza. Umuhango wo kwakira iri tsinda wabereye ku cyicaro gikuru cy’Ishuri Rikuru rya Gisirikare i Kingston, uyoborwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga […]
Ibitazibagirana ku Rwanda kuri Kneedler wasoze inshingano ze nka Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda

Eric W. Kneedler wari Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko urugendo rw’iminsi itanu yamaze azamuka ibirunga bitanu biri mu gihugu ruri mu bihe byiza yagiriye mu Rwanda atazigera yibagirwa. Uyu mudipolomate yabitangaje mu butumwa bw’amashusho yashyize ku rubuga rwe rwa X, mu rwego rwo gusezera ku Banyarwanda. Kneedler yari Ambasaderi wa Amerika […]
Real Madrid yaburiye abakinnyi bayo

Ikipe ya Real Madrid yaburiye abakinnyi bayo ko bashobora kugerwaho n’ingaruka zikomeye, mu gihe umwaka w’imikino wa 2025-2026 warangira nta gikombe na kimwe batwaye. Iyi kipe yatanze umuburo nyuma y’uko mu ijoro ryakeye yaraye isezerewe mu Gikombe cy’Umwami (Copa Del Rey), nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Albacete ihagaze nabi mu cyiciro cya kabiri ibitego 3-2. […]
Ingabo z’u Burundi zakubitikiye mu mirwano yo mu Minembwe

Ingabo z’u Burundi zikomeje gukubitikira mu gace ka Minembwe mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’imirwano yaramutse izisakiranya n’abarwanyi bo mu mutwe wa Twirwaneho. Amasoko ya BWIZA muri Teritwari ya Fizi imirwano iri kuberamo, avuga ko ahagana ku isaha ya saa kumi nimwe z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama ari bwo […]
Drone za FARDC zarashe icyambu cyo muri Uvira

Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatatu tariki ya 14 Mutarama zagabye igitero gikomeye cya drone ku cyambu cya Kalundu giherereye muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko kiriya gitero ingabo za RDC zacyifashishishijemo indege zitagira abapilote zangiza byinshi ndetse ubuzima […]
U Bushinwa bwitambitse abakandida Amerika yashakaga ko bayobora MOMUSCO

Igihugu cy’u Bushinwa biravugwa ko cyitambitse abakandida Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifuzaga gutanga, kugira ngo bayobore ubutumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO). Kuva mu mpera za 2025 ubu butumwa nta muyobozi bufite, nyuma y’uko umunya-Guinée Bintu Keita wari umuyobozi wabwo ashoje manda ye. Amakuru avuga ko Leta […]
Amerika igiye guhagarika gutanga viza ku barimo Abanyarwanda

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zigiye guhagarika by’agateganyo gutunganya visa ku baturage b’ibihugu 75 byo hirya no hino ku Isi, birimo n’u Rwanda. Iyi gahunda yatangajwe n’abayobozi bo muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika, mbere y’amezi abarirwa muri atanu ngo iki gihugu cyakire Igikombe cy’Isi cy’umupira w’amaguru cya 2026. Televiziyo ya FOX News […]
Muri 2027 murabizi niba nzaba ntarapfuye?_Perezida Ndayishimiye

Perezida Evariste Ndayishimiye yagaragaje ko atazi neza niba mu mwaka utaha wa 2027 azongera kwiyamamariza u Burundi, kuko ngo binashoboka ko yaba yarapfuye. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yabivuze kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Mutarama, mu muhango wo kumurika igitabo cyitwa ‘Une Nation en Marche” wabereye muri hoteli Club du Lac Tanganyika mu mujyi […]
Umusirikare wa SANDF yahishuye uko FARDC yabagambaniye bagakubitwa na M23

Umwe mu basirikare bo mu ngabo za Afurika y’Epfo (SANDF) bari baroherejwe kurwana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahishuye akaga we na bagenzi be bahuye na ko karimo kugambanirwa n’ingabo za RDC bari baragiye gufasha ku rugamba, bigatuma inyeshyamba za M23 zibatsinda. Ni mu buhamya bw’inyandiko uwo musirikare yanyujije mu kinyamakuru Defence Web cy’iwabo. […]
Nzagufata waba uri muzima cyangwa uri umupfu: Gen. Luboya abwira Thomas Lubanga

Guverineri wa Gisirikare w’Intara ya Ituri, Lt. Gen Johnny Luboya, yarahiriye ko byanga bikunze azata muri yombi Thomas Lubanga ukuriye inyeshyamba zo mu mutwe wa CRP. Mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, Luboya wari uri imbere y’abaturage bo muri Ituri yumvise ateguza Lubanga ko azamufata, yaba ari muzima cyangwa SE ari umupfu. Yabwiye Lubanga ati: […]
U Burundi bwohereje i Kalemie andi mato yuzuye abasirikare

Igisirikare cy’u Burundi ejo ku wa Mbere tariki ya 13 Mutarama, bwohereje andi mato abiri yuzuye abasirikare mu mujyi wa Kalemie wo mu ntara ya Tanganyika. Mu masaha y’igitondo ni bwo ayo mato yageze ku cyambu cya Kalemie aturutse i Bujumbura, nk’uko umunyamakuru Steve Wembi abivuga. Kuva mu mpera z’ukwezi gushize u Burundi bwongeye kohereza […]
Adel Amrouche ntakiri umutoza w’Amavubi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko umunya-Algérie Adel Amrouche wari umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yahagaritswe kuri izo nshingano. FERWAFA yemeje ko yatandukanye n’uyu mutoza mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Mutarama 2026. Iryo tangazo rivuga ko icyemezo cyo guhagarika uriya mutoza cyafashwe, “nyuma y’isengesura ryimbitse, nyuma haza gusangwa ko […]
Mugemana wabaye umuganga wa Rayon Sports imyaka 30 yapfuye

Muganga Mugemana Charles wabaye umuganga w’ikipe ya Rayon Sports, yitabye Imana kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Mutarama 2026. Mugemana usanzwe ari n’umubyeyi w’umuhanzikazi Queen Cha, yitabye Imana azize uburwayi. Uyu mugabo yabaye muganga wa Rayon Sports mu gihe kingana n’imyaka 30, ndetse mu mwaka ushize wa 2025 yabishimiwe n’abari abayobozi b’iriya kipe.
Perezida Kagame yasezeye kuri Ambasaderi Eric Kneedler

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yakiriye mu biro bye Ambasaderi Eric Kneedler, mu rwego rwo kumusezeraho nyuma yo gusoza urugendo rwe nk’uhagarariye Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda. Umukuru w’Igihugu yasezeye kuri Ambasaderi Kneedler, nyuma ya Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe. Kneedler yari Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda kuva mu Ukwakira […]
Uganda: Leta yategetse ko Internet ikurwaho mbere y’uko amatora aba

Ikigo gishinzwe itumanaho muri Uganda, cyategetse kompanyi zitanga internet mu gihugu kuyikuraho guhera ku mugoroba wo kuri ri uyu wa Kabiri, kugeza igihe zizabwirirwa kuyisubizaho. Leta yafashe iki cyemezo mu gihe ku wa Kane tariki ya 15 Mutarama muri Uganda hateganyijwe amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite. Mu ibaruwa yerekanwa n’ibinyamakuru muri Uganda kiriya kigo cya leta […]
Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda yasezeweho nyuma yo kuvanwa ku mirimo na Trump

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Mutarama yasezeye kuri Eric Kneedler wasoje inshingano ze nka Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda. Eric W. Kneedler yari Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda kuva mu Ukwakira 2023. Mu kwezi gushize ni bwo we n’abandi badipolomate hafi 30 bari […]
Sosiyete yo muri Amerika yajyanye mu nkiko Leta ya Tshisekedi isaba indishyi ya $ miliyari 4

Sosiyete y’Abanyamerika ikora ibijyanye n’ikoranabuhanga mu by’imari (fintech), yajyanye mu nkiko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iyishinja kunanirwa gushyira mu bikorwa umushinga munini impande zombi zari zihuriyemo wo kwinjiza mu ikoranabuhanga imicungire y’imari ya Leta, no kwishyura hifashishijwe ikoranabuhanga. Sosiyete ya PayServices yajyanye mu nkiko Leta ya Kinshasa, mu gihe Perezida Félix Antoine […]
AFC/M23 yavuze aho Kabila udaheruka kugaragara mu ruhame aherereye

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko Joseph Kabila akiri ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe uyu mugabo wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo amaze amezi menshi atagaragara mu ruhame. Umuhuzabikorwa wa AFC/M23, Corneille Nangaa ubwo ku wa Mbere tariki ya 12 Mutarama yari ayoboye inama yahuje ubuyobozi bukuru bwa […]
Brig. Gen Rusanganwa wa APR FC yemeje ko yahawe izindi nshingano muri RDF

Brig. Gen Deo Rusanganwa yatangaje ko akiri umuyobozi mukuru w’Ikipe ya APR FC, ariko yemeza ko amaze igihe afite inshingano zo kuyobora Diviziyo ya kabiri y’Ingabo z’u Rwanda ikorera mu ntara y’Amajyaruguru. Brig. Gen Rusanganwa yemeje aya makuru, mu kiganiro yagiranye n’umuyoboro wa YouTube wa APR FC, nyuma y’uko ubuyobozi bw’iyi kipe bwari bumaze kwakira […]
Abasirikare barenga 500 ba FDNB bamaze gutoroka nyuma yo kuva muri RDC

Abasirikare b’u Burundi babarirwa muri 500, bamaze gutoroka Igisirikare cy’iki gihugu nyuma yo kuva muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho bari baroherejwe kurwanya inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23. Amakuru y’iri toroka yemejwe n’umwe muri ba Ofisiye ba FDNB, mu kiganiro n’impirimbanyi Pacifique Nininahazwe. Uyu yavuze ko ubwo u Burundi bwacyuraga abasirikare babwo mu […]
Drone za FARDC zongeye kugaba ibitero mu Minembwe

Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Mutarama zagabye ibitero bya drone z’intambara mu Minembwe ho mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru y’ibi bitero yemejwe n’ihuriro AFC/M23, biciye muri Lawrence Kanyuka urivugira. Kanyuka mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X, yavuze ko biriya bitero byagabwe […]
U Rwanda rwatanze Mushikiwabo ngo ayobore OIF muri manda ya 3

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko yamaze gutanga Louise Mushikiwabo, kugira ngo ayobore Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu Bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF) muri manda ya gatatu. U Rwanda rwemeje aya makuru biciye muri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Jeune Afrique. Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko icyemezo cyo kongera gutanga Mushikiwabo cyafashwe, nyuma […]
Tshisekedi ategerejwe kwa Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, ategerejwe i Lomé muri Togo aho kuri uyu wa Mbere ari bugirire uruzinduko. Ni uruzinduko rukurikira ebyiri Tshisekedi yagiriye i Luanda muri Angola mu cyumweru gishize, aho yahuriye akanagirana ibiganiro na Perezida João Lourenço muri iki gihe uyoboye umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU). Byitezwe […]
U Burundi bwohereje ingabo zabwo zatsindiwe muri Uvira kurinda Kalemie

Amakuru aturuka mu gisirikare cy’u Burundi aremeza ko hagati y’itariki ya 29 Ukuboza 2025 n’iya 4 Mutarama 2026 iki gihugu cyohereje bundi bushya abasirikare bacyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Amakuru avuga ko abo basirikare boherejwe gufasha ku rugamba ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC zirwana na AFC/M23 no gukaza umutekano mu duce dufatwa […]
AFC/M23 yasabye Ndayishimiye gufungura umupaka wo mu Gatumba

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryasabye Leta y’u Burundi gufungura umupaka wo mu Gatumba uhuza u Burundi na Congo Kinshasa, kugira ngo impunzi z’abanye-Congo zifuza gutaha zibone uko zisubira iwabo. AFC/M23 yatanze ubwo busabe biciye mu muhuzabikorwa wayo, Corneille Nangaa, nyuma y’uko impunzi z’abanye-Congo zahungiye mu Burundi zibayeho mu […]
Ku busabe bwa Tshisekedi, M23 yatumiwe kwa Lourenço

Perezida João Lourenço wa Angola, yatumiye i Luanda umutwe wa AFC/M23, nyuma yo kubisabwa na Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Tshisekedi yasabye Lourenço gutumira AFC/M23, muri iki cyumweru ubwo yagiriraga ingendo ebyiri i Luanda zasize abonanye akanaganira na Perezida wa Angola. Amakuru avuga ko Perezida wa RDC yitabaje Lourenço, ngo […]
Ubusabe bwa Papa Léon XIV ku makimbirane yugarije akarere k’Ibiyaga Bigari
Papa Léon XIV, ku wa Gatanu tariki ya 10 Mutarama yatangaje ko afite impungenge zikomeye kubera ibibazo bikomeje kwibasira ibice bitandukanye bya Afurika, agaruka ku ntambara z’urugomo, ihohoterwa rishingiye ku myemerere ndetse no kwimurwa ku gahato kw’abaturage. Umushumba wa Kiliziya Gatolika mu Isi yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku bagize urwego rwa dipolomasi bemewe n’Intebe Ntagatifu. […]
APR FC yamuritse bisi y’akataraboneka yaguze (Amafoto)

Ikipe ya APR FC kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Ukuboza, yamuritse Bisi y’akataraboneka iheruka kugura. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yamuritse iriya modoka ibinyujije mu mafoto yayo yashyize ku rubuga rwayo rwa X. Iyi Bisi nshya izajya itwara ikipe ya APR FC, uhereye kuri uyu wa Gatandatu ubwo iyi kipe iza kuba yesurana na […]
Icyoba mu Barundi baturiye umupaka w’u Rwanda kubera abasirikare benshi ba FDNB bahoherejwe

Guhera ku wa 7 Ukuboza, koherezwa ku bwinshi kw’ingabo z’u Burundi n’ibikoresho bya gisirikare biremereye ku mipaka ya Kibira no hafi y’uruzi rwa Ruhwa byateye impungenge zikomeye abaturage bo mu bice byegereye umupaka, bagirwaho ingaruka z’ihohoterwa rishingiye ku ntwaro n’ingamba zibabuza kugenda uko babyifuza. FDNB (Ingabo z’Igihugu z’u Burundi) yongereye umubare w’abasirikare ku mupaka uhana […]
IShowSpeed yageze mu Rwanda

Umunyamerika Darren Jason Watkins Jr uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka IShowSpeed, yaraye ageze mu Rwanda aho yakomereje urugendo amaze iminsi agirira muri Afurika. Amakuru avuga ko uyu musore yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 9 Ukuboza, mbere yo guhita yerekeza mu karere ka Musanze. Byitezwe ko IShowSpeed wageze mu Rwanda […]
Igisubizo cya M23 ku barota ‘guhindura ubusa’ ibyo imaze kubaka

Umutwe wa AFC/M23 wakuriye inzira ku murima abarota guhindura ubusa ibikorwa umaze gukora mu bice wabohoye, usaba abatekereza ko bazabigeraho kuva mu nzozi barimo. Uyu mutwe watanze ubu butumwa ku wa Gatatu tariki ya 9 Mutarama, biciye muri Perezida wawo akanaba umuhuzabikorwa wungirije w’ihuriro AFC, Bertrand Bisimwa. Yanditse ku rubuga rwe rwa X ati: “Abifuza […]
Trump yashimangiye ko yashyize iherezo ‘ku ntambara y’u Rwanda na Congo yari imaze imyaka 30’

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimangiye ko yashyize iherezo ku ntambara avuga ko yari imaze imyaka 30 hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Trump yashimangiye ko yashyize iherezo kuri iyo ntambara mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana na Televiziyo ya Fox News. Muri iki kiganiro, Perezida wa Amerika yabwiwe […]
Tanzania: Umunyarwandakazi yapfiriye muri kasho

Umunyarwandakazi witwa Uwumuhoza Violette, yapfiriye muri kasho yo mu mujyi wa Arusha muri Tanzania yari amaze igihe afungiyemo. Inkuru y’urupfu rwa nyakwigendera wapfuye ku wa Gatatu tariki ya 7 Mutarama, yemejwe na Polisi ya Tanzania mu itangazo iheruka gusohora. Yavuze ko urupfu rwa Uwumuhoza rwabaye nk’amayobera, kuko hataramenyekana icyaruteye. Itangazo ry’iyi Polisi rivuga ko hakomeje […]
Abarimo ba Jenerali 11 bashinjwa gushaka kwivugana Tshisekedi boherejwe i Ndolo

Abasirikare bakomeye bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bashinjwa kugerageza guhungabanya inzego z’igihugu, boherejwe muri gereza ya gisirikare ya Ndolo y’i Kinshasa. Mu mezi menshi ashize ni bwo abo basirikare batawe muri yombi bakekwaho umugambi wo kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Aba basirikare biteganyijwe ko bazagezwa imbere y’ubutabera mu […]
Abafana ba Manchester United bateguye imyigaragambyo

Itsinda ry’abafana b’ikipe ya Manchester United rizwi nka The 1958, ryateguye imyigaragambyo igamije kwamagana uko iriya kipe iyobowe. Iyi myigaragambyo iteganyijwe kuba mbere y’umukino wa shampiyona y’Abongereza Manchester United izakiramo Fulham, tariki ya 1 Gashyantare. Mu byo bariya bafana bifuza, harimo ko itsinda rizwi nka Glazer Family rifite iriya kipe na Sir Jim Ratcliffe uyiyoboye […]
Gen. Nyakarundi yasuye APR FC yitegura kwesurana na Rayon Sports

Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Maj. Gen Vincent Nyakarundi, ku wa Kane yasuye APR FC mu myitozo i Shyorongi, mbere y’uko iyi kipe y’ingabo z’igihugu yesurana na Rayon Sports mu mukino wo guhatanira Igikombe kiruta ibindi. APR FC ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X yemeje ko yasuwe n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, gusa […]
FARDC yashyizeho umuvugizi mushya usimbura Gen. Ekenge

Ubuyobozi bukuru bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), bwashyizeho Colonel Mak Hazukay Mongba nk’umuyobozi wa serivisi z’itumanaho n’amakuru mu ngabo (SCIFA), ndetse n’umuvugizi wacyo w’agateganyo. Uyu Ofisiye yasimbuye kuri ziriya nshingano Général-Major Sylvain Ekenge uheruka guhagarikwa azira amagambo yibasira Abatutsi yavugiye kuri Televiziyo y’Igihugu ya Congo (RTNC). Hazukay yari asanzwe ari umuyobozi wungirije […]
Tshisekedi yasubiye kwa Lourenço nyuma y’iminsi 3 avuyeyo

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kugirira uruzinduko i Luanda muri Angola nyuma y’iminsi itatu ahavuye. Tshisekedi yaherukaga i Luanda ku wa Mbere tariki ya 5 Ukuboza, aho yahuriye akanagirana ibiganiro na Perezida wa Angola, João Lourenço. Perezidansi ya Congo Kinshasa mu butumwa yanditse ku rubuga rwayo rwa X, yavuze […]
M23 irimo gushyiraho ubutegetsi bwigenga: Impuguke za Loni

Impuguke za Loni kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ziravuga ko umutwe wa M23 urimo gushinga ubutegetsi bwigenga mu burasirazuba bwa Congo, n’ubwo rwose hari ibiganiro n’imihate y’amahoro ya Doha na Washington. Bikubiye muri raporo izo mpuguke ziheruka gusohora zikanayishyikiriza akanama gashinzwe amahoro n’umutekano muri Loni. Iyo raporo ivuga ko ibintu byarushijeho kumera nabi mu […]
Impuguke za Loni zirashinja u Rwanda kohereza muri RDC ‘batayo 2’ z’abakomando

Umuryango w’Abibumbye biciye mu mpuguke zawo kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wongeye gushyira u Rwanda mu majwi urushinja guha ubufasha inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23. Izo mpuguke muri raporo yazo zasohoye ku wa Gatatu tariki ya 7 Mutarama, zivuga ko amakuru akubiye muri iyo raporo zayahawe n’abantu batandukanye barimo abayobozi ba AFC/M23 barimo […]
Ingabo za Amerika zafashe ubwato bw’u Burusiya zari zimaze amasaha menshi zihiga

Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa Gatatu zemeje ko zamaze gufata ubwato bw’u Burusiya zari zimaze amasaha menshi zihigira mu nyanja ya Atlantique. Ubu bwato buzwi nka Bella 1, bwahoze butwara Peteroli ya Venezuela itaratunganywa. Mu kwezi gushize, ingabo za Amerika zishinzwe kurinda imipaka zagerageje kwinjira muri buriya bwato ubwo bwari […]
AFC/M23 yabujije abantu kwigarurira imitungo ya Leta ya RDC

Umutwe wa AFC/M23 washyizeho amabwiriza abuza abantu kwigarurira amasambu n’inzu za Leta mu bice ugenzura; muri Teritwari ya Nyiragongo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ndetse no mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. AFC/M23 mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatatu, yasobanuye ko ariya mabwiriza ashingira ku Itegeko Nshinga rya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryo ku […]
Trump yashyizeho ingwate ya miliyoni 30 ku Barundi bifuza kujya muri Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ikiguzi kiri hagati ya $5,000 na $,15,000, nk’ingwate ya viza ku baturage b’ibihugu birimo u Burundi bifuza kuzerekezamo. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika mu itangazo yasohoye ku wa Kabiri tariki ya 6 Ukuboza, yavuze ko abaturage b’ibihugu birimo u Burundi bifuza viza by’umwihariko izijyanye n’ibikorwa by’ubucuruzi n’ubukerarugendo bagomba kwishyura […]
Abanye-Congo barenga 100 bamaze gupfira mu Burundi mu byumweru 2

Abanye-Congo babarirwa mu 105, mu byumweru bibiri bishize baguye mu nkambi z’impunzi zo mu Burundi, aho bari barahungiye. Amakuru y’impfu z’aba bantu yemejwe n’umuryango witwa Organisation citoyenne pour la paix et la cohabitation communautaire (CPCC), mu mibare washyize hanze ku wa Mbere w’iki cyumweru. Umuyobozi wa Komite Nshingwabikorwa wawo, Ahadi Bya Masu, yavuze ko bariya […]
Abasirikare 40 b’u Burundi bishwe na AFC/M23 mu kwezi kumwe

Amakuru ava imbere mu gisirikare cy’u Burundi, aravuga ko iki gihugu cyatakarije abasirikare babarirwa muri 40 mu mirwano yaberereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu kwezi gushize k’Ukuboza. Ni imirwano ingabo z’u Burundi zafashagamo iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zimaze imyaka ine zirwana n’inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23. Izi nyeshyamba ziyobowe na […]
MININFRA yavuze intandaro y’ibura rya hato na hato ry’umuriro w’amashanyarazi riri kugaragara

Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, MININFRA, yasobanuye ko ibura rya hato na hato ry’umuriro w’amashanyarazi rimaze iminsi rigaragara mu gihugu rituruka ku miyoboro y’amashanyarazi u Rwanda ruhuriraho n’ibindi bihugu. Byasobanuwe na Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Amb. Uwihanganye Jean de Dieu, mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X. Ni nyuma y’uko hirya no hino mu gihugu hamaze iminsi hagaragara […]
RDC yasabwe kwihutisha gusenya FDLR

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatunzwe agatoki ishinjwa kudindiza amasezerano ya Washington, nyuma yo kunanirwa gusenya umutwe w’abajenosideri wa FDLR. Ni nyuma y’amezi atandatu Kinshasa isinyanye n’u Rwanda amasezerano y’amahoro yashyiriweho umukono i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Raporo y’ikigo cyitwa Baromètre des Accords de Paix en Afrique gishinzwe gukurikirana […]