La Haye: Umutangabuhamya yahaswe ibibazo ku mvugo “Gutema ibihuru”

Iburanisha mu rubanza rwa FĂ©licien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside ryakomeje kuri uyu wa Gatatu, umutangabuhamya umushinja ahatwa ibibazo n’uruhande rwunganira uregwa, aho Umunyamategeko Emmanuel Altit wo mu itsinda ryunganira Kabuga, yabajije KAB045 icyo yumvaga ku mvugo yo “gutema ibihuru” Kabuga ashinjwa ko yakoresheje abwira Interahamwe. Uyu mutangabuhamya, watangiye ubuhamya bwe ku wa kabiri, yahawe […]

Ngoma: Baravuga ko bemerewe inka na Perezida Kagame nyuma bagahabwa ingurube nazo zikaburirwa irengero

Bamwe mu baturage bageze mu zabukuru bo mu Murenge wa Kazo mu Karere ka Ngoma, baravuga ko Perezida Paul Kagame yabemereye ko bazorozwa Inka ariko batungurwa no kuba ubuyobozi bw’inzego z’ibanze bwarabahaye Ingurube, na zo bayobewe irengero ryazo. Aba baturage bageze mu zabukuru basanzwe banahabwa inkunga y’ingoboka, babwiye TV10 ko bari bizejwe inka ariko ntibazibone. […]

Ugandan forces kill 15 ADF rebels near border with DR Congo

The East African Uganda’s military on Tuesday confirmed that at least two civilians have died in the latest attack by the Allied Democratic Forces (ADF) rebel group, while 15 militants were killed as they attempted to cross River Semliki near the border with Democratic Republic of Congo. The ADF rebels were attempting to launch attacks […]

Umukobwa wa Perezida Ruto yaciye ibintu avuze ibiro asigaye ayoboye

Abakoresha imbunga nkoranyambaga muri Kenya batunguwe kandi baranenga ko Charlene Ruto, umukobwa wa Perezida William Ruto wa Kenya yatangaje ko afite “Ibiro by’umukobwa wa Perezida” cyangwa “Office of the first daughter”. Mu mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga, kuwa kabiri Charlene yagaragaye yerekana abajyanye kandi bakorana nawe i Arusha muri Tanzania mu nama ya 2022 YouLead […]

Two perish in Kicukiro Centre nasty accident

Two people were killed and several others injured after a passenger bus lost control along the Kicukiro Centre slope on the evening of December 13. The Spokesperson for Traffic and Road Safety department, Senior Superintendent of Police (SSP) Rene Irere, said that Police is still establishing details about cause of the accident that which occured […]

Babiri bapfiriye mu mpanuka Kicukiro Centre

Polisi y’u Rwanda ivuga ko abantu babiri ari bo baguye mpanuka yabaye ku mugoroba wo kuwa 13 Ukuboza, aho bisi itwara abagenzi ya Royal Express yaturukaga i Nyanza ya Kicukiro yacitse feri igonga ibinyabiziga yahuraga na byo mu nzira. Polisi ivuga ko umuntu umwe yakomeretse mu buryo bukomeye. Amashusho BWIZA yabonye, agaragaza polisi n’imbangukira gutabara […]

Abanyeshuri bahishuye uruhare rwabo muri rwaserera iri hagati ya INES-RUHENGERI na Mwarimu Musanganya

Umuyobozi w’Ihuriro ry’Abanyeshuri biga muri Kaminuza ya INES-RUHENGERI, Ntivuguruzwa Dieudonne, avuga ko ari impamo ko bandikiye Musenyeri Harolimana Vincent, Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri akaba n’Uhagarariye iyo kaminuza mu mategeko, ubugira kabiri, bamusaba ko uwitwa Musanganya Faustin, umwe mu banyamuryango shingiro ba Kaminuza ya INES-RUHENGERI, yakwirukanwa kuko yahamwe n’icyaha cy’ingengabitekerezo ya jenoside, akanabihanirwa. BWIZA […]

Abana b’impanga icyenda basubiye muri Mali nyuma y’igihe bavukiye muri Maroc

Abana icyenda bavukiye icya rimwe bakabaho – bonyine ku isi kugeza ubu – basubiye iwabo muri Mali bameze neza nyuma y’umwaka n’igice bavutse muri Maroc bakahaguma barimo kubitaho. Izi mpanga zidasanzwe zavukiye mw’ivuriro ryigenga muri Gicurasi(5) 2021 i Casablanca muri Maroc ari naryo ryakomeje kubakurikirana. Baciye umuhigo wa Guinness World Record w’abana b’impanga benshi bavukiye […]

Ex Rwandan Defense Minister Gen Gatsinzi relocates to Belgium, remarries

Ex-Defence Minister Gen Marcel Gatsinzi, 74, remarries at function reportedly held in Brussels, non confirmed reports indicate. However, these reports have caused self questioning amongst tweeps asking themselves how and why former military officer relocated. Our trusted source of information said ” The function took place in Rwanda’s embassy in Belgium.” Gen Gatsinzi was the […]

Hamenyekanye igihe amanota y’abasoje ayisumbuye azasohokera

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA) cyatangaje ko amanota y’ ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye umwaka wa 2021/2022 azatangazwa ku wa Kane tariki ya 15/12/2022 saa tanu (11:00) z’ amanywa. Ni ubutumwa NESA yanyujije kuri Twitter kuri uyu wa 12 Ukuboza, ibugenera abanyeshuri, ababyeyi, abarezi ndetse n’ abafatanyabikorwa bayo mu burezi. Ibizamini bisoza […]

Perezida Kagame ari mu Busuwisi

Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko mu Busuwisi, aho yitabiriye inama igaruka ku bufatanye mu iterambere, 2022 Effective Development Co-operation Summit. Bitegayijwe ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 12 Ukuboza 2022, Perezida Kagame yitabira imirimo yo gufungura iyi nama ihuriza hamwe abayobozi baganira ku bufatanye mu iterambere, hagamijwe kugera ku ntego zigamije iterambere […]

Muhizi killer suspects’ case submitted to prosecution

Three suspects arrested last week in connection to the case of a truck driver they allegedly beat to death in broad daylight at a roadside bar in Kigali now face prosecution. The deceased, Emmanuel Muhizi, is said to have succumbed to injuries after he was beaten in a bar in Kabuga, a Kigali suburb. According […]

Gicumbi: Umugore akurikiranweho gusambanya umuhungu w’imyaka 13 akamwanduza imitezi

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuwa 07 Ukuboza 2022 bwagejeje imbere y’Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi umugore wo mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Muko, Akagari ka Rebero, Umudugudu wa Kirara, ku cyaha cyo gusambanya umwana w’umuhungu w`imyaka 13 akanamwanduza imitezi. Icyo cyaha yagikoze mu kwezi kwa 8/2022, ubwo yatangiraga umwana avuye guhaha, akamukurura akamujyana […]

Ntabwo twegura imbunda zacu ngo tujye aho tubonye- Prof. Nshuti Manasseh

Umunyamabaga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Prof Nshuti Manasseh, yavuze ko u Rwanda rutajya rwikamata ngo rutabare mu gihugu runaka, hatabayeho gusesengura umuzi w’ikibazo kugira ngo ibikorwa byarwo bizatange umuti ku kibazo muzi. Ibi Prof Nshuti yabitangaje kuri uyu wa Gatanu i Abu Dhabi ubwo hafungurwaga inama ya 15 […]

Ngoma: Akurikiranweho kwica aciye umutwe murumuna we bapfa Frw 100

Ubushinjacyaha ku Rwego rw’Ibanze rwa Ngoma mu karere ka Ngoma, bwasabiye igihano cyo gufungwa burundu umugabo ukurikiranyweho icyaha cyo kwica murumuna we wa kwa Se wabo bapfuye igiceri cya 100 Frw akamuca umutwe, mu gihe we avuga ko yagirirwa ikigongwe kuko yabikoze atabigambiriye kuko asanzwe arwaye mu mutwe. Umugabo witwa Uwineza Janvier wo mu Kagari […]

Rubavu: Impanuka y’ikamyo yaguyemo batatu

20221210_100119.jpg

Abantu batatu bapfiriye mu mpanuka y’ikamyo yo mu bwoko Fuso yabereye mu Karere ka Rubavu saa kumi z’urukerera ahitwa Kwa Gacukiro. Iyi mpanuka yabereye ku muhanda uva aho bita kwa Gacukiro werekeza ku Bitaro bya Gisenyi nk’uko RBA dukesha iyi nkuru yabitangaje. Umwe mu bantu bazi neza ako gace yatangarije BWIZA ko ” Ni ahantu […]

Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya EU yatawe muri yombi

Eva Kaili ukomoka mu Bugereki, umwe muri ba visi perezida 14 b’Inteko ishinga amategeko y’u Burayi, yatawe muri yombi mu iperereza ku byaha bifitanye isano na ruswa. AFP yatangaje ko iryo perereza rifitanye isano na kimwe mu bihugu byo mu kigobe cyo mu burasirazuba bwo hagati. Amakuru avuga ko kuri uyu wa Gatanu hasatswe ibiro […]

Umusore yibye Frw miliyoni ebyiri i Kinyinya ahita akodesha inzu i Nduba yigurira amasafuriya

Polisi y’ u Rwanda ifatanyije n’inzego z’ibanze mu Karere ka Gasabo, ku wa Kane tariki ya 08 Ukuboza, yagaruje amafaranga y’u Rwanda miliyoni 1 n’ibihumbi 600 agize amwe mu mafaranga yari yibwe, hafatwa umusore w’imyaka 29 wari umukozi wo mu rugo rwibwemo ayo mafaranga. Uwafashwe ni uwitwa Sibomana Aimable, wafatiwe mu mudugudu wa Nyarubande mu […]

Ntabwo mwantoreye ngo njye nyobora ndi mu gitanda- Dr Iyamuremye Augustin

Dr Iyamuremye Augustin, wari usanzwe ayobora Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe wa Sena akaba yareguye kuwa 8 Ukuboza 2022, yavuze ko atari gukomeza gukora inshingano ze arwaye kuko byari kuba binyuranye n’ibyo yemeye gukorera igihugu. Ibi Dr Iyamuremye yabigarutseho kuri uyu wa 9 Ukuboza, ubwo yasobanuraga byimbitse ibijyanye no kwegura kwe. Yagize ati ” Icyo mwantoreye […]

EU slaps sanctions against FDLR’s Col Ruhinda, Maj Ngoma of M23

The News Times Protogene Ruvugayimikore, a senior commander of the FDLR, has been put on the latest sanctions list of the European Union for committing atrocities in DR Congo. FDLR is a terrorist group founded by Rwandans responsible for the 1994 Genocide against the Tutsi who fled to DR Congo after the killings were brought […]

Rwandan second in power after Kagame resigns

Dr Augustin Iyamuremye yesterday resigned from his role as Senate president, Parliament has announced. As head of the upper chamber of parliament, the 76-year-old has been the country’s number two after the President of the Republic of Rwanda, Paul Kagame. “Earlier today, Senate President Dr Augustin Iyamuremye submitted his resignation as the President of the […]

Ruracyageretse hagati ya INES-RUHENGERI na Mwarimu Musanganya Faustin uvuga ko yabaye nk’akarima ka Diyosezi ya Ruhengeri

Ibintu bikomeje gufata indi ntera hagati ya Mwarimu Musanganya Faustin, umwe mu banyamuryango shingiro ba Kaminuza ya INES-RUHENGERI n’ ubuyobozi bwayo burangajwe imbere na Musenyeri Harolimana Vincent, Umushumba wa Diyosezi ya Kiliziya Gatolika ya Ruhengeri, akaba n’Uyihagarariye mu mategeko, ku kibazo cy’inyandiko Musanganya Faustin yasabye ko yahabwa mu rwego rwo kumenya ishusho y’ iyi kaminuza […]

RwandAir faces blames amid flights cancellation

The national carrier, RwandAir, has apologised to its customers for flight cancellations attributed to technical issues. The development comes in the wake of complaints, especially on social media platforms, with some people citing flight cancellations for some days now. The airline was also blamed for late communications. One Batya Blankers, a twitter user, wrote: “RwandAir […]

Mu rugo rw’umuturage ku Muhima hasanzwe igisa na Sitasiyo ya Mazutu

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyarugenge, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Ukuboza, yafatiye litiro 3120 za mazutu mu rugo rw’umuturage, Mwesigwa Steven, zacuruzwaga mu buryo bwa magendu. Mwesigwa ufite imyaka 69 y’amavuko utuye mu Mudugudu wa Kabirizi, Akagari k’Amahoro mu Murenge wa Muhima. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Chief Inspector […]

Traffic police tops most corruptible institutions in Rwanda

Traffic Police, local government institutions, and Rwanda Energy Group (REG) are government institutions that lead in regard to the likelihood of bribery, according to the 2022 Rwanda Bribery Index (RBI) released by Transparency International (T.I Rwanda), on Wednesday, December 7. The RBI is an annual publication by T.I Rwanda that aims at determining the current […]

CP Kabera yibiye ibanga abashaka gukorera perimi za burundu

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP Kabera John Bosco avuga ko abakeneye gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga, kujya babanza bakitegura atari ukuza kugerageza amahirwe. Hashize iminsi itatu ibibazo byo kwiyandikisha gukora ibizamini bya burundu byo gutwara ibinyabiziga inzego zibishinzwe zibikemuye, ni ibintu byashimishije abashaka gukorera izi mpushya ariko bagifiteho impungenge. Twagirumukiza Vincent wiga […]

M23 rebels agree to withdraw

img-20221206-wa0038.jpg

The M23 rebels have agreed to withdraw and disengagement, the movement said in a statement on Tuesday evening.

Kamonyi: Uwigeze gushaka gusambanya inka yasanzwe asambanya ingurube yayinegekaje

Mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi, haravugwa umusore ukurikiranyweho gusambanya itungo rigufi ry’ingurube nyuma yuko bamusanze ayubikiriye yambaye ubusa, aho bikekwa ko asanzwe afite ikibazo cyo mu mutwe dore ko yigeze no gufatwa agiye gusambanya inka bakamutesha. Uyu musore watawe muri yombi, yafashwe na nyiri iri tungo mu gitondo yubikiriye iyi ngurube ari […]

Amafoto: Indi modoka yo mu bwoko bwa Howo yishe umuntu mu Ruhango, abandi barakomereka

img-20221206-wa0017.jpg

Imodoka yo mu bwoko bwa HOWO yakoreye impanuka mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Kinazi ihitana umuntu umwe abandi batanu barakomereka. TV1 dukesha iyi nkuru yagaragaje iyi modoka itukura yaguye munsi y’umuhanda w’igitaka. Izi modoka zo mu bwoko bwa HOWO zikomeje kugarika ingogo mu gihe abasenateri bamaze iminsi basaba ko hasuzumwa ibibazo imodoka zo […]

Gasabo man beaten up to pulp succumbs to beatings

Rwanda Investigation Bureau (RIB) has confirmed having in custody three suspects in connection with the death of a truck driver last week. Emmanuel Muhizi is said to have succumbed to injuries after he was beaten at a roadside bar in Kabuga, a Kigali city suburb. Images of the broad daylight attack circulated on social networking […]

Ngoma: Abasore babiri basanzwe mu ijoro bari guhisha mu gihuru moto n’igare bibye

Ku Cyumweru tariki ya 4 Ukuboza, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Ngoma, yafashe abasore babiri nyuma yo kubafatana moto yo mu bwoko bwa Bajaj Boxer RE908Z n’igare bacyekwaho kwiba bakabihisha mu gihuru. Abafashwe ni uwitwa Niyitanga Gilbert w’imyaka 20 y’amavuko na Cyiza Jean Claude w’imyaka 19 bafatiwe mu mudugudu […]

Gasabo: Muhizi Emmanuel wagaragaye ahondagurwa anakururwa mu muhanda yapfuye

Abantu batatu bakekwaho kugira uruhare mu gukubita no gukomeretsa uwitwa Muhizi Emmanuel bikamuviramo urupfu, batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB. Ni nyuma y’amashusho agaragaza Muhizi ari gukubitwa ndetse anakururwa mu muhanda hagati nk’uko byatangajwe na Dr. Thierry B. Murangira, umuvugizi wa RIB. Iki cyaha bakekwaho cyabereye imbere ya kamwe mu tubari gaherereye mu Kagari […]

U Rwanda na Congo bishobora kurwana kuko buri gihe bitangira ari amagambo- Umuryango ICG

Umusesenguzi wa politiki mu karere k’ibiyaga bigari mu kigo international crisis group (ICG), Onesphore Sematumba, avuga ko Congo n’u Rwanda bishoboka ko byarwana intambara y’amasasu nyuma y’icyo yise amagambo atwika” buri gihe byagaragaye ko ariyo abanziriza imirwano. Perezida Paul Kagame tariki 30 Ugushyingo, ari mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda yashinje mugenzi we wa DR Congo […]

Bugesera: Umusore yasatswe bamusangana amafaranga y’amiganano

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Bugesera, ku wa Gatandatu, tariki ya 3 Ukuboza, yafashe uwitwa Ndagijimana Eric w’imyaka 18 afite amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 10 y’amiganano agizwe n’inoti ebyiri z’ibihumbi bitanu. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, Superintendent of Police (SP) Hamdun Twizeyimana, yavuze ko yafatiwe mu Mudugudu wa Turuziramire, Akagari ka Tunda mu […]

Ishyamba si ryeru hagati ya INES-RUHENGERI na Mwarimu Musanganya Faustin uyishinja kumwigirizaho nkana

Ibintu ntabwo biratungana hagati ya Kaminuza ya INES-RUHENGERI na Mwarimu Musanganya Faustin, uvuga ko ubuyobozi bwayo bukomeje kumwigirizaho nkana, bumwima inyandiko yasabye kugira ngo zimufashe kumenya uko iki kigo gihagaze, nyuma yo kumara igihe kigera ku myaka 10 adahari. Musanganya Faustin ni umwe mu banyamuryango shingiro (Membre Fondateur) ba Kaminuza ya INES-RUHENGERI. Yigeze kwirukanwa binyuranyije […]

Perezida Ruto yirukanye abakomiseri ba IEBC bamaganye intsinzi ye

Perezida wa Kenya William Ruto yahagaritse ku mirimo abakomiseri bane b’amatora bitandukanyije n’intsinzi ye mw’itora ryo mu kwezi kwa 8, ashyiraho itsinda ryo gukora iperereza ryo kureba niba bakurwaho. Perezidansi ni yo yatangaje ihagarikwa ry’abo bakomiseri uyu munsi kuwa gatanu. Ibyo byatangije urundi rugamba hagati ya guverinema n’abatavuga rumwe na yo. Bibaye nyuma y’uko inama […]

Musanze: Imiryango 52 imaze imyaka umunani itegereje kwimurwa amaso yaheze mu kirere

Imiryango 52 igituye mu birwa biri mu kiyaga cya Ruhondo mu karere ka Musanze, iravuga ko imaze imyaka irenga 8 yizezwa kwimurwa ariko amaso yaheze mu kirere. Bavuga ko inzu batuyemo zishaje zimwe zenda kubagwira uko bangiwe no kuvugurura. Ibirwa 3 aribyo Cyamukira, Mwegerera na Kapyisi nibyo bigituwe. Abahatuye bagaragaza ko inzu zabo zishaje cyane, […]

Nigeria: Umukobwa ushinjwa ‘gutuka’ umugore wa perezida yafatiwe imyanzuro

I?birego byakuweho ku munyeshuri wo muri Nigeria watawe muri yombi kubera ubutumwa bwo kuri Twitter bivugwa ko yashinjemo umugore wa Perezida gukoresha nabi amafaranga ya leta. A?bategetsi bashinje Aminu Adamu gusebya Aisha Buhari no gukwiza amakuru “atari ukuri”, ibyo we yahakanye. U?mwunganizi we mu mategeko Chijioke Kingsley Agu yabwiye BBC ko ikirego cyo mu rukiko […]

Haburijwemo Indi coup d’etat muri Burkinafaso

Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso, Captain Ibrahim Traore, yatangaje ko mu cyumweru gishize hari abasirikare bagerageje guhirika ubutegetsi bwe, avuga ko atazabata muri yombi ahubwo azagirana nabo ibiganiro. Mu cyumweru gishize nibwo ku mbuga nkoranyambaga hadutse ibihuha byo guhirika ubutegetsi bw’inzibacyuho muri Burkina Faso. Ku cyumweru no kuwa Mbere nijoro, haba imyigaragambyo y’abashyigikiye Capt. Traore […]

Abakunzi ba ruhago nyarwanda bakiriye inkuru y’inshamugongo

Umwe mu bagize uruhare mu kuzamura umupira w’amaguru mu Rwanda witwa Muramira Gregoire, wari umuyobozi w’irerero rya Isonga Academy, yitabye Imana, bishengura abasanzwe bakurikiranira hafi umupira w’amaguru mu Rwanda. Muramira Gregoire yitabye Imana nyuma y’ukwezi kumwe, uwari umwungirije muri Isonga witwa Christian na we apfuye. Inkuru y’urupfu rwa Muramira Gregoire, yamenyekanye mu gitondo cyo kuri […]

Indege ya Air Tanzania yafatiriwe mu Buholandi

Leta y’u Buholandi yafatiriye imwe mu ndege z’ikigo cya Tanzania gikora ingendo zo mu kirere, Air Tanzania kubera ideni iki gihugu kibereyemo Ikigo cyo muri Suède cyayitsinze mu rubanza. Ikinyamakuru The Citizen kivuga ko iyi ndege yafatiwe ku kibuga cyo mu murwa mukuru, Amsterdam ku itegeko ryatanzwe n’Urukiko rwo mu Buholandi. Ifatirwa ry’iyi ndege ryaturutse […]

Bamporiki agiye gusubira mu rukiko

Urukiko Rukuru rwamaze gushyiraho itariki yo kuburanishaho ubujurire bwa Bamporiki Edouard wigeze kuba muri Guverinoma y’u Rwanda, uherutse guhamwa n’ibyaha akurikiranyweho agakatirwa gufungwa imyaka ine n’ihazabu ya miliyoni 60 Frw. Urukiko Rukuru rwajuririwe muri iki kirego kiregwamo Bamporiki, rwamaze gutangaza itariki ruzaburanishaho urubanza rw’ubujurire, ruzaba tariki 19 Ukuboza 2022. Bamporiki Edouard yahamijwe ibyaha akurikiranyweho mu […]

M23 yafashe Kisheshe yari amatware ya FDLR

Abarwanyi b’umutwe wa M23 bigaruriye agace ka Kishishe gaherereye muri Bambo muri teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Aka gace kari kamaze igihe karimo ibirindiro by’umutwe wa Mai Mai na FDLR. Bivugwa ko M23 yakigaruriye nyuma y’imirwano ikomeye yasize abarwanyi b’iyo mitwe bakuwe mu birindiro. Mu minsi ishize, M23 yari yavuye muri ako […]

M23 is not our problem- Kagame

Reiterating Rwanda’s stance, Kagame dismissed claims that the M23 rebels, repeatedly raised by Kinshasa government as backed by Kigali, is an internal problem for DR Congo to address, President Paul Kagame said during the swearing in of newly appointed Ministers of Health in Kigali on Wednesday, November 30 “M23 is not our problem, at some […]

Hadutse urujijo mu rubanza rwa Gen Mujyambere warinze Habyarimana

Abacamanza bagaragaje urujijo ku bisobanuro byatanzwe na Gen Mujyambere n’uburyo yari umuntu ukomeye muri FDLR, mu gihe we yavugaga ko nta mabwiriza ayo ariyo yose yigeraga atanga. Urukiko rukuru urugereko rwarwo ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka rwumvise abandi bahoze bafite inshingano mu mutwe wa FDLR bafatiwe muri DR Congo bakorezwa mu Rwanda mu myaka ishize. General’ […]

Perezida Kagame yavuze igituma abayobozi inshingano zibaremerera bikavamo ibibazo

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, avuga ko abayobozi aribo ba nyirabayazana mu gutuma inshingano zabo zibaremerera, bikavamo ibibazo bitewe no kwirebaho bo ubwabo n’inyungu zabo aho gushyira imbere inyungu z’igihugu n’abagituye. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2022, ubwo yari mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko yakira indahiro z’abayobozi bashya muri Guverinoma aribo; […]

Musanze: Umuryango wa Mutiyomba wakubiswe nyuma agapfa urasaba ko ababikoze bafatwa

Uwera Clarisse, umukuru mu muryango wa Arsene Mutiyomba, uherutse gukubitirwa ahitwa ku Kirabo mu Mudugudu wa Mubona, Akagari ka Kigombe,Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, nyuma agapfa, arasaba ko abantu bakubise uyu mugabo bafungwa mu gihe hagitegerejwe raporo ya muganga yemeza icyamwishe kuko inkoni ziri mu bikekwa kuba intandaro y’urupfu. Uwajeneza Francine, wabonye Mutiyomba akubitwa, […]

Police investigate HOWO trucks following various deadly accidents

The Rwanda National Police is investigating Chinese-made HOWO trucks after they were involved in multiple fatal accidents. The revelation was made in parliament on Tuesday, November 29, as the RNP answered Senate questions about road safety. At least 15 HOWO trucks have been involved in fatal accidents since January this year, George Rumanzi, the Commissioner […]

Dr Ngamije yagize icyo avuga nyuma yo gukurwa ku buminisitiri

Dr Ngamije Daniel yavuze ko yagize amahirwe kuba yaragiriwe icyizere na Perezida Kagame akayobora Minisiteri y’Ubuzima. Kuwa 28 Ugushyingo 2022, nibwo Dr Ngamije yasimbujwe Dr Sabin Nsanzimana ku mwanya wa Minisitiri w’Ubuzima. Uyu mugabo kuri Twitter kuri uyu wa 29 Ugushyingo, yanditse ngo “Namahirwe adasanzwe kuba naragiriwe ikizere na Nyakubahwa President wa Repubulika nkayobora Minisiteri […]

Polisi yatangije iperereza ku makamyo ya HOWO

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Itangazamakuru, RBA, cyatangaje ko polisi y’u Rwanda yabwiye abasenateri ko ifatanyije n’abakora ikamyo zizwi nka HOWO barimo gukora iperereza ngo barebe igituma zikunze gukora impanuka. Imibare igaragaza ko muri uyu mwaka wa 2022, abantu 15 bishwe n’impanuka z’izi kamyo. Ikibazo cy’impanuka zihitana abantu giherutse guhagurutsa abasenateri, basura uturere dutandukanye bareba ingamba zihari […]

Somalia: Umunani bapfuye mu rugamba rwamaze amasaha arenga 20 kuri hoteli

A?bashinzwe umutekano muri Somalia basoje urugamba rw’amasaha arenga 20 byabasabye kugira ngo bisubize hoteli yari yigaruriwe n’intagondwa mu murwa mukuru Mogadishu ku mugoroba wo ku cyumweru. Polisi ivuga ko a?bantu nibura 14, barimo abasivile umunani, biciwe muri icyo gitero. Intagondwa zo mu mutwe wiyitirira Islam wa al-Shabab, wavuze ko ari wo wakoze icyo gitero, zari […]

RBC employees put behind bars

Rwanda Investigation Board (RIB) has arrested five employees of Rwanda Biomedical Centre (RBC) over alleged illegal procurement. Thierry Murangira, the Spokesperson of RIB, confirmed that on November 26, James Kamanzi, former Deputy General Manager at RBC, along with Fidele Rwema, who was an RBC employee in Karongi region, Fidele Ndayisenga, Jean Pierre Ndayambaje, Leoncie Kayiranga, […]

Former RBC boss appointed Minister of Health

President Paul Kagame has appointed Dr Sabin Nsanzimana as the new Minister of Health replacing Dr Ngamije Daniel who has been at the helm of the ministry since February 2020. A communique signed by the Prime Minister, Edouard Ngirente, and posted on Twitter on Monday also puts Dr Yvan Butera as the new Minister of […]

Somalia Villa Rose attack: At least four dead in hotel siege

BBC Somali forces are battling to regain control of a hotel seized by militants in the centre of the capital, Mogadishu, on Sunday evening. At least four people have been killed and dozens more injured in the siege which has lasted more than 12 hours. Witnesses have told the BBC of hearing multiple explosions and […]

DR Congo crisis: Nairobi peace talks ongoing without M23 rebels

The third round of peace talks between the DR Congo government and multiple armed groups are finally taking place today in Nairobi after being postponed two times. The M23 rebels, who have been fighting government forces since May this year, were not invited for the talks. “We were not invited ” The military spokesperson of […]

Musanze: Umugore aravuga ko umugabo we yapfuye afunzwe na polisi

Mutiyomba n'umugore we, Mugirase

Umugore witwa Beatrice Mugirase w’imyaka 28 wo mu Mudugudu wa Mubona, Akagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, aravuga ko umugabo we Mutiyomba Arsene, yapfuye nyuma y’ibikomere yagize ubwo yakubitirwaga ahitwa ku Kirabo nyuma polisi ijya kumufungira kuri Sitasiyo ya polisi y’ahazwi nka Gurupoma. Uyu mugore hacamo umwanya umwe agasuka umuzige w’amarira, […]

Al-Shabab yagabye igitero kuri hoteli ikomeye i Mogadishu hafi na perezidansi

H?oteli Villa Rose yo mu murwa mukuru Mogadishu, aho abategetsi bo muri leta ya Somalia bazwiho kuba bari, yagabweho igitero n’intagondwa za Al-Shabab muri ako gace kari hafi ya perezidansi y’icyo gihugu. N?yuma gato yuko icyo gitero kuri hoteli Villa Rose gitangiye, Minisitiri w’ibidukikije wa Somalia Adam Aw Hirsi yavuze ko yarokotse igitero nk’uko ibinyamakuru […]