ISANZURE:FARDC YABONYE MANEKO Z’U RWANDA KU MUPAKA 🥷🿠IBYA KAZUNGU MU RUKIKO NO KUJYANWA iMAGERAGERE
M23 YAFASHE IBICE YAHOZEMO 🥷🿠IMINSI14 YO KUYIRUKANA BUNAGANA 👨ðŸ¿â€ðŸŽ¨IBYA KABILA NA FATSHI KU KARUBANDA
LIVE MU NTEKO : RURA YITABYE PAC
MAJOR WILL NGOMA NGO NTIBAZAGENDA🥷ðŸ¿M23 NIRISWAHO IZAFATA IBICE BYINSHI! HARI ABARI KUVA MU BURAYI👮ðŸ¿ðŸ¹
LIVE MU NTEKO : MINISANTE, RSSB, MINALOC na MINECOFIN: Ibibazo bihuriweho mu bitaro
DRC ITANGIJE INTAMBARA KURI M23IGIHE NTARENGWA NUYU MUNSI-UMUTWE MUSHYA WINJIYE MU NTAMBARA NA M23
INTAMBARA YAHUMUYE HAFI YA GOMA: FARDC YAFASHE MUSHAKI, M23 IKIBUMBA-IBINTU BIGIYE KUDOGERA
MU BURUNDI ISHYAMBA SI RYERU HAGATI YA PEREZIDA N’ABASIRIKARE BAKOMEYE|BIZAGENDA BITE NAGARUKA?
Mu Rwanda hagiye gutangira amahugurwa ku bumenyi bwa massage no gufashwa kwihangira umurimo
Mu Rwanda, gukenera serivisi za massage z’umwuga bikomeje kwiyongera. Ariko, kubura ibigo by’amahugurwa bigenewe gukora massage byateje icyuho cyo kuzuza iki cyifuzo. Ahupa Business Network Ltd ku ibinyujije kuri Somacash.com, byiyemeje guha mahirwe yo gutanga amahugurwa ya massage ku bantu bifuza gukora uyu mwuga winjiza agatubutse.Buretse kuba wabona akazi kaguhemba neza ushobora nawe kwihangira imirimo […]
Hari umuti wagufasha kuva ku nzoga, itabi ndetse nibindi biyobyabwenge kandi burundu?
Uyu muti ukozwe mu bimera, ukorerwa muri tanzania, ntangaruka nimwe ugira ku wawukoresheje, ikindi uremewe ku rwego mpuzamahanga. Ingaruka mbi zo gukoresha ibiyobyabwenge 1.bitera urugomo rwa hato na hatoya 2. Bitera gukora ibyo utateguye ndetse no kunanirwa kwiteza imbere kubera guhorana irari ryo gushaka kubinywa. 3. Bitera gusaza k’uruhu imburagihe utibagiwe no kwangirika kw’inyama zimwe […]
Umushinga BLF wasoje ibikorwa byayo mu mashuri nyuma y’imyaka itandatu ukorera mu Rwanda

Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 22 Nzeli 2023 , ku cyicaro gikuru cya REB habereye igikorwa cyo gusoza ku mugaragaro ibikorwa by’umushinga Ministeri y’Uburezi yari ifatanyije n’umushinga wa Leta y’Ubwongereza witwa Building Learning Foundations cyangwa BLF mu mpine. Ni umushinga watwaye akayabo ka miliyari 50 z’amafaranga y’u Rwanda yakoreshejwe mu kongerera ubumenyi abarimu n’abanyenshuri […]
Maroc-programme de reconstruction et de mise à niveau générale des régions sinistrées par le séisme d’Al Haouz-Communiqué du Cabinet Royal

Rabat – Voici un communiqué du Cabinet Royal : “Sa Majesté le Roi Mohammed VI, que Dieu L’assiste, a présidé ce mercredi au Palais Royal de Rabat, une séance de travail consacrée au programme de reconstruction et de mise à niveau générale des régions sinistrées par le séisme d’Al Haouz. Cette nouvelle séance de travail […]
Morocco – reconstruction and general upgrading program for the regions hit by the Al Haouz earthquake – Statement by the Royal Office
Rabat – Here follows a statement by the Royal Office: “His Majesty King Mohammed VI, may God assist Him, chaired, on Wednesday at the Royal Palace in Rabat, a working session devoted to the reconstruction and general upgrading program for the regions hit by the Al Haouz earthquake. This new working session is within the […]
Morocco – Al Haouz earthquake / working meeting chaired by His Majesty King Mohammed VI on the activation of the emergency program for rehousing disaster victims and caring for the worst affected categories
On 14 September 2023, His Majesty King Mohammed VI chaired a working meeting devoted to “activating the emergency program for rehousing” disaster victims and caring for the categories most affected by the Al Haouz earthquake. This meeting follows on from the measures ordered by the Sovereign, aimed at mobilizing all resources, with the “necessary speed […]
Niba ucika intege uri gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu
Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu. Hari umuti mwiza kandi utagira ingaruka witwa REVIVE CAPSULE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza. REVIVE CAPSULE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka […]
DRC:UWASIMBUYE NDIMA YIGEREYE KU IRASANIRO||UKRAINE YAGEJEJE INTAMBARA I MOSCOW MU BURUSIYA
LIVE MU NTEKO : RAB YITABYE PAC
DRC GUSHINJA IM23 NA RDF-IBIVUGWA KURI GEN NDIMA: GEREZA MU BITARO, ABISHWE N’INGABO BAVUGWA NI 163
GEN KABAREBE YAHISHUYE UKO BYAGENZE NGO ASEZERERWE MURI RDF||DR MUKWEGE YAKIJE UMURIRO KURI BEMBA
UMUYOBOZI WA WAZALENDO MURI RDC YAGEJEJWE MU RUKIKO||UKURI KU MURIRO UTEYE UBWOBA WADUTSE KACYIRU
M23 YANZE KUJYA KINSHASA!AMAKURU MASHYA IGOMAIBIVUGWA KU RUBANZA N’ABISHE ABATURAGE IMBERE YA BEMBA
LIVE MU NTEKO : Rwanda Housing Authority yitabye PAC
KICUKIRO: AKURIKIRANWEHO KWICA ABARENGA 10, AKABATABA MU NZU||INGABO ZA EAC MURI DRC ZONGEREWE IGIHE
M23 YANZE KUJYA KINSHASA!AMAKURU MASHYA IGOMAIBIVUGWA KU RUBANZA N’ABISHE ABATURAGE IMBERE YA BEMBA
Icyongereza: Abari n’abategarugori bari guterwa inkunga yo kwiga icyongereza aho bishyura 50% gusa

Abari n’abategarugori bari guterwa inkunga yo kwiga icyongereza aho bishyura 50% gusa, ku biga icyongereza , TOEFL, IELTS, bahishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Kwigisha mu buryo bwa « debates », ibiganiro njya mpaka, imyotozo yo kumva no kuvuga biri mu bituma abatugana baba intyoza vuba no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation). By’umwihariko […]
M23 YANZE KUJYA KINSHASA!AMAKURU MASHYA IGOMAIBIVUGWA KU RUBANZA N’ABISHE ABATURAGE IMBERE YA BEMBA
GOMA, UMUJYI W’URUPFU-TSHISEKEDI YAKOZE MU JISHO RYA KABILA/TWIRWANEHO YAVUZE KU IYICWA RY’ABASHINWA
RCS IRAHAKANA GUKORESHWA NA BAMPORIKI/GEN. NGUEMA YARAHIRIYE KUYOBORA GABON, ATANGA ISEZERANO…
DRC: ABASIRIKARE BAKURU BATAWE MURI YOMBI||ABAJYA MU NAMA KENYA BARAYORA IFARANGA
Le Royaume du Maroc obtient le “Statut de Partenaire de Dialogue Sectoriel” auprès de l’Association des Nations d’Asie du Sud-Est (MAEC)

Rabat – Les Ministres des Affaires étrangères des pays de l’Association des Nations d’Asie du Sud-Est (ASEAN), réunis le 4 septembre courant à Jakarta, ont officialisé l’octroi au Royaume du Maroc du “Statut de Partenaire de Dialogue Sectoriel” de ce groupement, indique un communiqué du Ministère des Affaires à‰trangères, de la Coopération Africaine et des […]
Morocco Granted Status of Sectoral Dialogue Partner of ASEAN (MFA)
Rabat – Foreign Ministers of the countries of the Association of Southeast Asian Nations (ASEAN) granted Morocco, on Monday in Jakarta, the status of “Sectoral Dialogue Partner”, the Ministry of Foreign Affairs, African Cooperation and Moroccan Expatriates said in a press release. Morocco becomes the first North African country to obtain this status, thus consolidating […]
Icyongereza: Ibigo bifite abakozi bashaka kwiga icyongereza na computer dushobora kubasanga aho bakorera

Nyuma y’uko icyumweru gishize hatangiye ibyiciro bishya, biga icyongereza , TOEFL, IELTS, hongerewe igihe cyo kwiyandikisha, iki byiciro bihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Kwigisha mu buryo bwa « debates », ibiganiro njya mpaka, imyotozo yo kumva no kuvuga biri mu bituma abatugana baba intyoza vuba no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation). Hongerewe […]
IBYO MUTABWIWE KU BA GENERAL BASEZEREWE/ICYO BAGIYE GUKORA, AMATEKA,IBITENDO N’IMPAMVU BASEZEREWE
40 BASIZE UBUZIMA MU MIRWANO YABEREYE I GOMA/CAPTAIN WA FARDC YARASHWE|IMPINDUKA ZIKAZE MURI RDF
IMYIGARAGAMBYO I GOMA IVUGWAMO M23 NA FDLR/INKUNDURA YA COUPS MURI AFRICA NI NDE UYIHISHE INYUMA?
INDI NGINGO KU BAKONON’UKO BAGOMBAGA GUKORESHWA N’ABASHAKA GUTERA U RWANDA BARIMO FDLR/IBY’UDUTSIKO
NTITUZAFATA IYA MBERE MU KURASA INYESHAMBA-NDAYISHIMIYE||IBIVUGWA KWIHIRIKWA RYA ALI BONGO
UBUFASHA PEREZIDA W’U BURUNDI YEMEREYE RDC BUZAHUZWA BUTE N’UBWA EAC? IMIRWANO YAKOMEJE MURI TONGO
Icyongereza: Hongerewe igihe cya poromisiyo n’inzobere z’abarimu

Nyuma y’uko icyumweru gishize hatangiye ibyiciro bishya, biga icyongereza , TOEFL, IELTS, hongerewe igihe cyo kwiyandikisha, iki byiciro bihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Kwigisha mu buryo bwa « debates », ibiganiro njya mpaka, imyotozo yo kumva no kuvuga biri mu bituma abatugana baba intyoza vuba no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation). Hongerewe […]
Ubuyobozi bwa za Gasutamo buzagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye tariki ya 22 Nzeli 2023 saa yine za mu gitondo, byo byafatiwe muri magendu bigaragara ku mugereka w’iri tangazo . Ibi bicuruzwa biherereye mu bubiko rusange Ballore na DP World/Masaka. Fungura urebe ibicuruzwa byose bigaragara muri uyu mugereka itangazo_on_22_sept_2023.pdf
Icyongereza: Uburyo bushya bwo kwiga icyongereza ukaba wabasha kuyobora inama cyangwa ibiganiro mu biganza byawe

Nyuma y’uko icyumweru gishize hatangiye ibyiciro bishya, biga icyongereza , TOEFL, IELTS, hongerewe igihe cyo kwiyandikisha, iki byiciro bihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Kwigisha mu buryo bwa «  debates », ibiganiro njya mpaka, imyotozo yo kumva no kuvuga biri mu bituma abatugana baba intyoza vuba no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation). By’umwihariko abayobozi bifuza […]
Cyamunara y’ibicuruzwa bitandukanye kuri Gasutamo i Rusizi

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 14 Nzeli 2023, Hazagurishwa muri cyamunara ibicuruzwa bitandukanye bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Cyamunara izabera ahakorera ishami rya Gasutamo I Rusizi Mutara. Abifuza kugura iyo myenda n’inkweto bazatangira kubisura biherereye hagati y’itariki ya 9-13 Nzeli 2023 nk’uko bigaragara mu mbonerahamwe iri ku mugereka w’iri tangazo […]
Icyongereza: Abiga online baratangira uyu munsi kuri 21/08/2023

Nyuma y’uko icyumweru gishize hatangiye ikiciro gishya, abiga online baratangira uyu munsi kuwa mbere tariki ya 21/08/2023 kwiga icyongereza, toefl, ielts hongerewe igihe cyo kwiyandikisha, iki kiciro gihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Abashaka kwiga icyongereza no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation). By’umwihariko abayobozi bifuza kuyobora inama, gutanga ubutumwa bunyuranye n’abikorera bagana ishuri […]
Il n’a jamais été question pour le Maroc de participer à la réunion “BRICS/Afrique”

Selon l’agence marocaine de presse Maghreb Arabe Presse (MAP), il n’a jamais été question pour le Royaume du Maroc de répondre positivement à l’invitation à la réunion “BRICS/Afrique” prévue en Afrique du Sud ou de participer à cette réunion à quelque niveau que ce soit, citant une source autorisée du Ministère des Affaires Etrangères, de […]
There Has Never Been Any Question for Morocco to Take Part in ‘BRICS/Africa’ Meeting at Any Level Whatsoever (Authorized Source at Foreign Affairs Ministry of Morocco)
According to the Moroccan News Agency Maghreb Arabe Presse (MAP), there has never been for the Kingdom of Morocco any question of responding positively to the invitation to the “BRICS/Africa” meeting, scheduled to take place in South Africa, or of taking part in this meeting at any level whatsoever, quoting an authorized source from the […]
Itangazo ryo guhindura izina akitwa MUHOZA Yvette
Abanyeshuri biga icyongereza bahawe umuganura aho bishyura amezi atatu bakiga ane

Ikiciro gishya kiratangira kwiga icyongereza, toefl, ielts hongerewe igihe cyo kwiyandikisha, iki kiciro gihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Abashaka kwiga icyongereza no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) by’umwihariko abayobozi bifuza kuyobora inama, gutanga ubutumwa bunyuranye n’abikorera bagana ishuri ryigisha icyongereza, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY, ukabimenya […]
Itangazo rya cyamunara y’imyenda n’inkweto bya caguwa bizagurishwa na RRA

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 08 Nzeli 2023, Hazagurishwa muri cyamunara imyenda n’inkweto bya caguwa (secondhand clothes and shoes ) bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Cyamunara izabera ahakorera Ishami ry’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro rishinzwe kurwanya magendu (RIED) mu cyanya cy’inganda I Masoro saa tatu za mu gitondo. Abifuza kugura iyo myenda […]
ITANGAZO RYA CYAMUNARA YA ZA MOTO

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko guhera tariki ya 23 Kanama 2023 kugeza tariki ya 30 Kanama 2023 saa yine za mu gitondo (10:00h ) , kizagurisha mu cyamunara binyuze mu buryo bw’ikoranabuhanga, ibinyabiziga (MOTO) by’abasora batandukanye nkuko bikubiye mu mbonerahamwe iri ku mugereka wiri tangazo.
Ikibanza kigurishwa ku Muyumbu kirimo n’inzu ntoya
Hafi y’ibiro by’umurenge wa Muyumbu mu karere ka Rwamagana, ku muhanda, haragurishwa ikibanza gifite ubuso bwa metero kare 500 (metero 25 kuri 20) kirimo n’inzu ntoya. Iki kibanza gisanzwe kirimo inzu ntoya, uwakigura yayivugurura cyangwa se akaba yayisenya, akiyubakira bushya. Ukeneye andi makuru, wabariza kuri nimero ya telefone 0788554010/0788302082.
Abana mu biruhuko: Porogaramu yihariye y’icyongereza n’ikoranabuhanga yongereweho icyumweru

Ikiciro gishya kiratangira kwiga icyongereza, toefl, ielts hongerewe igihe cyo kwiyangisha, iki kiciro gihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Abashaka kwiga icyongereza no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) by’umwihariko abayobozi bifuza kuyobora inama, gutanga ubutumwa bunyuranye n’abikorera bagana ishuri ryigisha icyongereza, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY, ukabimenya […]
Ku cyumweru hari cyamunara y’imodoka ku Kacyiru

OVERPUBRO COSMOS LTD, iramenyesha abantu bose ko ku cyumweru tariki ya 06/08/2023 ,saa tanu zuzuye (11:00) , munsi ya KBC iruhande rwa COCO BEAN, hazagurishwa imodoka zo mu bwoko bwa Toyota Land Cruiser 2003 na Toyota Pickup 2013 zo muri Company CICO. Gusura izi modoka ni uguhera kuwa kane taliki ya 06/08/2023 ari nawo munsi […]
IKIYOKA KININI MU MUSOZI/GUTANGA UMWANA N’IBINDI-IBIVUGWA KU MUSOZI URI KWAKAHO UMURIRO i NYAMASHEKE
IMPAMVU ANGE KAGAME YAHAWE UMWANYA MURI PEREZIDANSI||ABANYARWANDA BARENGA 200 BAFUNGIWE ZAMBIA
IMIRWANO YUBUYE #ETHIOPIA, NIGERIA ISHYIRA #NIGER MU KIZIMA||IMPAMVU IBIKORWA BY’IJORO BYAHAGARITSWE
IMPAMVU ANGE KAGAME YAHAWE UMWANYA MURI PEREZIDANSI||ABANYARWANDA BARENGA 200 BAFUNGIWE ZAMBIA
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE KU MUPAKA WA GISENYI LA CORNISHE

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 30 Kanama 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu nkuko bigaragara ku mugereka. Cyamunara izabera ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe saa yine (10h00 Am ). Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bw’Umupaka wa Gisenyi La […]
RRA irahamagara abasoreshwa bari muri iri tangazo kwihutira kujya ku biro byayo biri Sonatube bitarenze iminsi 7

Abatumiwe kujya ku biro bikuru by’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) biherereye Sonatube mu mujyi wa Kigali ku Kicykiro , mu gihe kitarenze iminsi 7, uhereye igihe iri tangazo risohokeye. Reba urutonde rwabahamagawe
Hasigaye iminsi mike cyane hagasozwa kwandika abazatangira kuya 01/08/2023

IFA SPEAK & TECH ACADEMY iramenyesha ko ikiciro gishya kizarangiza kwiyandikisha kwiga icyongereza, toefl, ielts tariki ya 01/08/2023, iki kiciro gihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Abashaka kwiga icyongereza no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) by’umwihariko abayobozi bifuza kuyobora inama, gutanga ubutumwa bunyuranye n’abikorera bagana ishuri ribafasha kumenya TOEFL, IELTS na DUOLINGO , […]
Morocco to Decide on Future of its Fisheries Cooperation with EU in Light of Gov’t’s Own Assessments and in Consultation with European Partners (FM)
Rabat – Morocco will decide on the future of cooperation with the European Union (EU) in the field of fisheries in the light of the government’s own assessments and in consultation with European partners, said, on Wednesday in Rabat, Minister of Foreign Affairs, African Cooperation and Moroccan Expatriates, Nasser Bourita. “The Morocco-EU fisheries Agreement is […]