Mu Rwanda hagiye gutangira amahugurwa ku bumenyi bwa massage no gufashwa kwihangira umurimo

Mu Rwanda, gukenera serivisi za massage z’umwuga bikomeje kwiyongera. Ariko, kubura ibigo by’amahugurwa bigenewe gukora massage byateje icyuho cyo kuzuza iki cyifuzo. Ahupa Business Network Ltd ku ibinyujije kuri Somacash.com, byiyemeje guha mahirwe yo gutanga amahugurwa ya massage ku bantu bifuza gukora uyu mwuga winjiza agatubutse.Buretse kuba wabona akazi kaguhemba neza ushobora nawe kwihangira imirimo […]

Hari umuti wagufasha kuva ku nzoga, itabi ndetse nibindi biyobyabwenge kandi burundu?

Uyu muti ukozwe mu bimera, ukorerwa muri tanzania, ntangaruka nimwe ugira ku wawukoresheje, ikindi uremewe ku rwego mpuzamahanga. Ingaruka mbi zo gukoresha ibiyobyabwenge 1.bitera urugomo rwa hato na hatoya 2. Bitera gukora ibyo utateguye ndetse no kunanirwa kwiteza imbere kubera guhorana irari ryo gushaka kubinywa. 3. Bitera gusaza k’uruhu imburagihe utibagiwe no kwangirika kw’inyama zimwe […]

Umushinga BLF wasoje ibikorwa byayo mu mashuri nyuma y’imyaka itandatu ukorera mu Rwanda

dsc_0439.jpg

Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 22 Nzeli 2023 , ku cyicaro gikuru cya REB habereye igikorwa cyo gusoza ku mugaragaro ibikorwa by’umushinga Ministeri y’Uburezi yari ifatanyije n’umushinga wa Leta y’Ubwongereza witwa Building Learning Foundations cyangwa BLF mu mpine. Ni umushinga watwaye akayabo ka miliyari 50 z’amafaranga y’u Rwanda yakoreshejwe mu kongerera ubumenyi abarimu n’abanyenshuri […]

Maroc-programme de reconstruction et de mise à  niveau gĂ©nĂ©rale des rĂ©gions sinistrĂ©es par le sĂ©isme d’Al Haouz-CommuniquĂ© du Cabinet Royal

cabinet

Rabat – Voici un communiquĂ© du Cabinet Royal : “Sa MajestĂ© le Roi Mohammed VI, que Dieu L’assiste, a prĂ©sidĂ© ce mercredi au Palais Royal de Rabat, une sĂ©ance de travail consacrĂ©e au programme de reconstruction et de mise à  niveau gĂ©nĂ©rale des rĂ©gions sinistrĂ©es par le sĂ©isme d’Al Haouz. Cette nouvelle sĂ©ance de travail […]

Morocco – Al Haouz earthquake / working meeting chaired by His Majesty King Mohammed VI on the activation of the emergency program for rehousing disaster victims and caring for the worst affected categories

On 14 September 2023, His Majesty King Mohammed VI chaired a working meeting devoted to “activating the emergency program for rehousing” disaster victims and caring for the categories most affected by the Al Haouz earthquake. This meeting follows on from the measures ordered by the Sovereign, aimed at mobilizing all resources, with the “necessary speed […]

Niba ucika intege uri gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu

Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu. Hari umuti mwiza kandi utagira ingaruka witwa REVIVE CAPSULE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza. REVIVE CAPSULE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka […]

Icyongereza: Abari n’abategarugori bari guterwa inkunga yo kwiga icyongereza aho bishyura 50% gusa

whatsapp_image_2023-08-21_at_11.21_13_am.jpg

Abari n’abategarugori bari guterwa inkunga yo kwiga icyongereza aho bishyura 50% gusa, ku biga icyongereza , TOEFL, IELTS, bahishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Kwigisha mu buryo bwa «  debates  », ibiganiro njya mpaka, imyotozo yo kumva no kuvuga biri mu bituma abatugana baba intyoza vuba no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation). By’umwihariko […]

Le Royaume du Maroc obtient le “Statut de Partenaire de Dialogue Sectoriel” auprĂšs de l’Association des Nations d’Asie du Sud-Est (MAEC)

2716804 850x560 1

Rabat – Les Ministres des Affaires Ă©trangĂšres des pays de l’Association des Nations d’Asie du Sud-Est (ASEAN), rĂ©unis le 4 septembre courant à  Jakarta, ont officialisĂ© l’octroi au Royaume du Maroc du “Statut de Partenaire de Dialogue Sectoriel” de ce groupement, indique un communiquĂ© du MinistĂšre des Affaires à‰trangĂšres, de la CoopĂ©ration Africaine et des […]

Morocco Granted Status of Sectoral Dialogue Partner of ASEAN (MFA)

Rabat – Foreign Ministers of the countries of the Association of Southeast Asian Nations (ASEAN) granted Morocco, on Monday in Jakarta, the status of “Sectoral Dialogue Partner”, the Ministry of Foreign Affairs, African Cooperation and Moroccan Expatriates said in a press release. Morocco becomes the first North African country to obtain this status, thus consolidating […]

Icyongereza: Ibigo bifite abakozi bashaka kwiga icyongereza na computer dushobora kubasanga aho bakorera

whatsapp_image_2023-08-21_at_11.21_13_am.jpg

Nyuma y’uko icyumweru gishize hatangiye ibyiciro bishya, biga icyongereza , TOEFL, IELTS, hongerewe igihe cyo kwiyandikisha, iki byiciro bihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Kwigisha mu buryo bwa «  debates  », ibiganiro njya mpaka, imyotozo yo kumva no kuvuga biri mu bituma abatugana baba intyoza vuba no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation). Hongerewe […]

Icyongereza: Hongerewe igihe cya poromisiyo n’inzobere z’abarimu

whatsapp_image_2023-08-21_at_11.21_13_am.jpg

Nyuma y’uko icyumweru gishize hatangiye ibyiciro bishya, biga icyongereza , TOEFL, IELTS, hongerewe igihe cyo kwiyandikisha, iki byiciro bihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Kwigisha mu buryo bwa «  debates  », ibiganiro njya mpaka, imyotozo yo kumva no kuvuga biri mu bituma abatugana baba intyoza vuba no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation). Hongerewe […]

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buzagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye

itangazo_on_22_sept_2023-1.jpg

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye tariki ya 22 Nzeli 2023 saa yine za mu gitondo, byo byafatiwe muri magendu bigaragara ku mugereka w’iri tangazo . Ibi bicuruzwa biherereye mu bubiko rusange Ballore na DP World/Masaka. Fungura urebe ibicuruzwa byose bigaragara muri uyu mugereka itangazo_on_22_sept_2023.pdf

Icyongereza: Uburyo bushya bwo kwiga icyongereza ukaba wabasha kuyobora inama cyangwa ibiganiro mu biganza byawe

whatsapp_image_2023-08-21_at_11.21_13_am.jpg

Nyuma y’uko icyumweru gishize hatangiye ibyiciro bishya, biga icyongereza , TOEFL, IELTS, hongerewe igihe cyo kwiyandikisha, iki byiciro bihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Kwigisha mu buryo bwa « Â debates  », ibiganiro njya mpaka, imyotozo yo kumva no kuvuga biri mu bituma abatugana baba intyoza vuba no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation). By’umwihariko abayobozi bifuza […]

Cyamunara y’ibicuruzwa bitandukanye kuri Gasutamo i Rusizi

cyamunara_customs-1.jpg

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 14 Nzeli 2023, Hazagurishwa muri cyamunara ibicuruzwa bitandukanye bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Cyamunara izabera ahakorera ishami rya Gasutamo I Rusizi Mutara. Abifuza kugura iyo myenda n’inkweto bazatangira kubisura biherereye hagati y’itariki ya 9-13 Nzeli 2023 nk’uko bigaragara mu mbonerahamwe iri ku mugereka w’iri tangazo […]

Icyongereza: Abiga online baratangira uyu munsi kuri 21/08/2023

whatsapp_image_2023-08-21_at_11.21_13_am.jpg

Nyuma y’uko icyumweru gishize hatangiye ikiciro gishya, abiga online baratangira uyu munsi kuwa mbere tariki ya 21/08/2023 kwiga icyongereza, toefl, ielts hongerewe igihe cyo kwiyandikisha, iki kiciro gihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Abashaka kwiga icyongereza no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation). By’umwihariko abayobozi bifuza kuyobora inama, gutanga ubutumwa bunyuranye n’abikorera bagana ishuri […]

Il n’a jamais Ă©tĂ© question pour le Maroc de participer à  la rĂ©union “BRICS/Afrique”

19bricsSans titre 13

Selon l’agence marocaine de presse Maghreb Arabe Presse (MAP), il n’a jamais Ă©tĂ© question pour le Royaume du Maroc de rĂ©pondre positivement à  l’invitation à  la rĂ©union “BRICS/Afrique” prĂ©vue en Afrique du Sud ou de participer à  cette rĂ©union à  quelque niveau que ce soit, citant une source autorisĂ©e du MinistĂšre des Affaires EtrangĂšres, de […]

There Has Never Been Any Question for Morocco to Take Part in ‘BRICS/Africa’ Meeting at Any Level Whatsoever (Authorized Source at Foreign Affairs Ministry of Morocco)

According to the Moroccan News Agency Maghreb Arabe Presse (MAP), there has never been for the Kingdom of Morocco any question of responding positively to the invitation to the “BRICS/Africa” meeting, scheduled to take place in South Africa, or of taking part in this meeting at any level whatsoever, quoting an authorized source from the […]

Abanyeshuri biga icyongereza bahawe umuganura aho bishyura amezi atatu bakiga ane

whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg

Ikiciro gishya kiratangira kwiga icyongereza, toefl, ielts hongerewe igihe cyo kwiyandikisha, iki kiciro gihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Abashaka kwiga icyongereza no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) by’umwihariko abayobozi bifuza kuyobora inama, gutanga ubutumwa bunyuranye n’abikorera bagana ishuri ryigisha icyongereza, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY, ukabimenya […]

Itangazo rya cyamunara y’imyenda n’inkweto bya caguwa bizagurishwa na RRA

itangazo_rya_cyamunara-1.jpg

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 08 Nzeli 2023, Hazagurishwa muri cyamunara imyenda n’inkweto bya caguwa (secondhand clothes and shoes ) bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Cyamunara izabera ahakorera Ishami ry’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro rishinzwe kurwanya magendu (RIED) mu cyanya cy’inganda I Masoro saa tatu za mu gitondo. Abifuza kugura iyo myenda […]

ITANGAZO RYA CYAMUNARA YA ZA MOTO

public_auction_announcement-1.jpg

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko guhera tariki ya 23 Kanama 2023 kugeza tariki ya 30 Kanama 2023 saa yine za mu gitondo (10:00h ) , kizagurisha mu cyamunara binyuze mu buryo bw’ikoranabuhanga, ibinyabiziga (MOTO) by’abasora batandukanye nkuko bikubiye mu mbonerahamwe iri ku mugereka wiri tangazo.

Ikibanza kigurishwa ku Muyumbu kirimo n’inzu ntoya

Hafi y’ibiro by’umurenge wa Muyumbu mu karere ka Rwamagana, ku muhanda, haragurishwa ikibanza gifite ubuso bwa metero kare 500 (metero 25 kuri 20) kirimo n’inzu ntoya. Iki kibanza gisanzwe kirimo inzu ntoya, uwakigura yayivugurura cyangwa se akaba yayisenya, akiyubakira bushya. Ukeneye andi makuru, wabariza kuri nimero ya telefone 0788554010/0788302082.

Abana mu biruhuko: Porogaramu yihariye y’icyongereza n’ikoranabuhanga yongereweho icyumweru

whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg

Ikiciro gishya kiratangira kwiga icyongereza, toefl, ielts hongerewe igihe cyo kwiyangisha, iki kiciro gihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Abashaka kwiga icyongereza no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) by’umwihariko abayobozi bifuza kuyobora inama, gutanga ubutumwa bunyuranye n’abikorera bagana ishuri ryigisha icyongereza, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY, ukabimenya […]

Ku cyumweru hari cyamunara y’imodoka ku Kacyiru

whatsapp_image_2023-08-04_at_8.33_18_am_1_-2.jpg

OVERPUBRO COSMOS LTD, iramenyesha abantu bose ko ku cyumweru tariki ya 06/08/2023 ,saa tanu zuzuye (11:00) , munsi ya KBC iruhande rwa COCO BEAN, hazagurishwa imodoka zo mu bwoko bwa Toyota Land Cruiser 2003 na Toyota Pickup 2013 zo muri Company CICO. Gusura izi modoka ni uguhera kuwa kane taliki ya 06/08/2023 ari nawo munsi […]

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE KU MUPAKA WA GISENYI LA CORNISHE

itangazo_removed-1.jpg

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 30 Kanama 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu nkuko bigaragara ku mugereka. Cyamunara izabera ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe saa yine (10h00 Am ). Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bw’Umupaka wa Gisenyi La […]

Hasigaye iminsi mike cyane hagasozwa kwandika abazatangira kuya 01/08/2023

whatsapp_image_2023-07-07_at_17.38_06_3_.jpg

IFA SPEAK & TECH ACADEMY iramenyesha ko ikiciro gishya kizarangiza kwiyandikisha kwiga icyongereza, toefl, ielts tariki ya 01/08/2023, iki kiciro gihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Abashaka kwiga icyongereza no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) by’umwihariko abayobozi bifuza kuyobora inama, gutanga ubutumwa bunyuranye n’abikorera bagana ishuri ribafasha kumenya TOEFL, IELTS na DUOLINGO , […]

Morocco to Decide on Future of its Fisheries Cooperation with EU in Light of Gov’t’s Own Assessments and in Consultation with European Partners (FM)

Rabat – Morocco will decide on the future of cooperation with the European Union (EU) in the field of fisheries in the light of the government’s own assessments and in consultation with European partners, said, on Wednesday in Rabat, Minister of Foreign Affairs, African Cooperation and Moroccan Expatriates, Nasser Bourita. “The Morocco-EU fisheries Agreement is […]