Mounting calls for strengthening Morocco-South Africa ties

After initially being expressed in hushed tones, it seems that voices have been raised in recent times within the African National Congress, the ruling party in South Africa to demand an improvement in relations with the Kingdom of Morocco. Indeed, several sections of the ANC called, in a Memorandum delivered on Wednesday, December 4, 2024 […]

Dr Frank Habineza yemeje ko DGPR iri gukora imishinga y’ubworozi n’ifumbire mu turere 10

WhatsApp Image 2024 12 10 at 11.12.40 1

Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com , perezida w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda , Dr Frank Habineza, yatangaje ko nyuma y’amatora y’abadepite nay’umukuru w’igihugu yatumye iri ishyaka rigumana imyanya ibiri mu nteko , ko ubu bari gushyira mu bikorwa bimwe mu bitekerezo iri shyaka ryagararagazaga mu gihe biyamamazaga, gukora imishinga mu bworozi bw’amatugo magufi, gutunganya […]

Sa Majesté le Roi Mohammed VI adresse un Message aux participants au Symposium international sur “la Justice transitionnelle”

06 décembre 2024Version Imprimable Rabat – Sa Majesté le Roi Mohammed VI, que Dieu L’assiste, a adressé un message aux participants au Symposium international sur “la Justice transitionnelle”, organisé à Rabat en commémoration du vingtième anniversaire de la création de l’Instance Equité et Réconciliation, sous le thème “les Processus de justice transitionnelle : pour des […]

His Majesty King Mohammed VI Addresses Message to Participants in International Symposium on ‘Transitional Justice’

06 December 2024 Printable Version Rabat – His Majesty King Mohammed VI, may God assist Him, addressed a message to the participants in an international symposium on “Transitional Justice,” organized in Rabat in commemoration of the 20th anniversary of the Equity and Reconciliation Commission, under the theme “Transitional justice processes: for sustainable reforms”. Here follows […]

Sahara marocain : Le Chef de la diplomatie panaméenne salue le Message Royal adressé au Président Panaméen, après la décision de son pays de suspendre toute reconnaissance de la pseudo “rasd”

358424

Le Ministre des Affaires Étrangères, de la Coopération Africaine et des Marocains résidant à l’Étranger, Nasser Bourita, a tenu, mercredi 27 novembre 2024, une visioconférence avec son homologue panaméen, Javier Eduardo Martinez-Acha Vasquez, suite au message adressé par Sa Majesté le Roi Mohammed VI au Président de la République du Panama, SEM. José Raul Mulino, […]

Moroccan Sahara: Panamanian Minister of Foreign Affairs welcomes the Royal Message Addressed to the Panamanian President, after His Country’s decision to suspend all recognition of the pseudo “rasd”

The Minister of Foreign Affairs, African Cooperation and Moroccans Abroad, Nasser Bourita, held, on Wednesday, November 27, 2024, a video-conference with his Panamanian counterpart, Javier Eduardo Martinez-Acha Vasquez, following the message addressed by His Majesty King Mohammed VI to the President of the Republic of Panama, HE José Raul Mulino, after his country’s decision to […]

Perezida Kagame yashyizeho guverineri w’intara y’Iburengerazuba

None tariki ya 23/11/ 2024, mu Itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri w’intebe rivuga ko perezida wa repebulika yashyizeho Guverineri w’intara y’Iburengerazuba, Jean Bosco Ntibintura. Guverineri Jean Bosco Ntibintura, asimbuye Lambert dushimimana , wari washyizwe kuri uyu mwanya tariki ya 07 Nzeli 2023, asimbuye Habitegeko.

Uza sinzira, ugeze ryari?

Uyu munsi, buri wese n’umusaruro w’ibyemezo yafashe mu myaka ishize. Gusa benshi bagiraga amahitamo kubera ibihe banyuragamo, kubera kunezeza abandi, kubera ibigezweho, atari kubera abafashe umwanya wo kubitekerezaho. Igihe kirageze ko dufata imyanzuro ituma mu myaka iza, tuba umusaruro w’ibyo twatekerejeho kandi tunabihitamo. Ntakugendera ku mahirwe cyangwa mu cyuka cyo kurangazwa n’ibihe cyangwa abantu. Wa […]

Rubavu: Wa muhanda wahagaritse urujya n’uruza wishe undi muntu

vlcsnap 2024 10 30 07h47m17s912

Umuturage witwa Nsengimana Jean Paul wo mu murenge wa Nyamyumba w’akarere ka Rubavu, yitabye Imana nyuma yo kugwa ahacitse umuhanda wahagaritse urujya n’uruza ndetse ukaba ukomeje gutuma bamwe bagira ubumuga bw’ingingo. Ku wa Gatanu tariki ya 8 Ugushyingo ni bwo uyu muturage yaguye muri kiriya kiraro. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko kuri uyu wa […]

Rubavu: Meya arasaba ubuvugizi, abaturage bagasaba perezida Kagame kubibuka bakaba ku isonga nk’abandi

nkora

Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Busoro ko mu murenge wa Nyamyumba w’akarere ka Rubavu, barasaba Perezida  Kagame kubibuka nk’abandi banyarwanda akabakura mu bwigunge bamazemo imyaka irenga ibiri kubera umuhanda wahuzaga uturere twa Rubavu-Rusizi wacitse ugahagarika ubuzima. VIDEO: RUBAVU:HARI ABAPFUYE😭ABAGIZE UBUMUGA💄BARATABAZA PEREZIDA KAGAME NGO ABIBUKE BABE KU ISONGA NK’ABANDI KUKO AHAHOZE UMUHANDA HAGIYE KUBAMARAHO […]

Abasirikare 15 barimo Colonel na Lt Colonel bari mu barekuwe

Abasirikare 15 bari bafungiwe muri gereza ya gisirikare ya Mulindi nyuma yo gukatirwa ibihano bitandukanye, bababariwe by’agateganyo hashingiwe ku iteka rya Minisitiri w’Ubutabera. Ku rutonde rw’ababariwe by’agateganyo hagaragaraho abasirikare bakuru barimo abari bafite ipeti rya Colonel na Lieutenant Colonel. Nk’uko bigaragara mu igazeti idasanzwe yasohotse tariki ya 18/10/2024 , mu iteka rya Minisitiri no 00524 […]

Mu myaka irindwi ishize urwego rw’ubwikorezi rwaragutse

Mu myaka irindwi ishize, ni ukuvuga uhereye mu mwaka wa 2017 kugeza ubu iterambere ry’igihugu mu ngeri zitandukanye ryagiye rizamuka ryiyongera ku bikorwa bindi byagezweho biturutse ku miyoborere myiza irangajwe imbere n’umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Perezida Paul Kagame. Nta wabura kuvuga ko kuri iyi manda y’imyaka irindwi ya Perezida Kagame, ibyo yagiye yemerera abaturage byagezweho […]

RRA izagurisha mu cyamunara ibicuruzwa tariki ya 28 Kamena 2024

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, kiramenyesha abantu bose ko tariki ya 28 Kamena 2024, hazagurishwa ibicuruzwa mu cyamunara biherereye ahakorera ishami ry’Ikigo cy’Imisoro n’mahoro rishinzwe kurwanya magendu mu cyanya cy’inganda i Masoro saa tatu (09h00) za mu gitondo. IBICURUZWA BIRI KU MUGEREKA cyamunara_masoro_28_kamena_2024.pdf Abifuza kugura, bazangira gusura ibicuruzwa aho biherereye kuva 23-27 Kamena 2024. Abakenera Ibindi bisobanuro […]

Itangazo rya cyamunara y’ibicuruzwa bizagurishwa na RRA ku mupaka wa Rusumo na Gatuna

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 24 Ugushyingo 2023, hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu biherereye ku mupaka wa Rusumo , n’umupaka wa Gatuna , nkuko bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Cyamunara izabera ku mupaka wa Gatuna i saa yine za mu gitondo (10h00 am). Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura […]

Ikibazo cyo kurangiza vuba : Uburyo bwiza bwo gutera akabariro no gushimisha uwo mwashakanye

Kurangiza vuba (Premature ejaculation) ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi. Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere kubijyanye n’ubuzima bwi’imyororokere kukinyamakuru (Healthline.com) bugaragaza ko nibura umugabo umwe mugabo batatu aba afite iyo nenge, […]

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE BYIGANJEMO IMODOKA i MASORO

itangazo_03_10_2023-1.jpg

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 3 Ugushyingo 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye nkuko bigaragara ku mugereka. Cyamunara izabera ahakorera ishami rishinzwe kurwanya magendu (SI&ID) mu cyanya cy’inganda I Masoro. Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bwa Magerwa masaha y’akazi hagati y’itariki ya […]