None tariki ya 23/11/ 2024, mu Itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri w’intebe rivuga ko perezida wa repebulika yashyizeho Guverineri w’intara y’Iburengerazuba, Jean Bosco Ntibintura.
Guverineri Jean Bosco Ntibintura, asimbuye Lambert dushimimana , wari washyizwe kuri uyu mwanya tariki ya 07 Nzeli 2023, asimbuye Habitegeko.



One Response
Perezida Kagame yashyizeho guverineri w’intara y’Iburengerazuba
Iri Hinduka benshyi Bari baryiteze, Ahubwo MINALOC Afate Itoroshi nini. Ajye no. Mutundi Turere tugize Iyo Ntara, Gusa. Minaloc yibuke kuzakebura RCA ababaze ikibura ngo bagere muri Coperative yitwa TUMUFITIYE-ICYIZERE-MUHIRA Yo mu Murenge wa Rugerero I. Rubavu Aho iyo Coperative y’inkoko yatanzwe na Prezida wa Republika ngo irengere Abaturage Igahinduka iy’Akazu ka bamwe,