Umugeni wari wambaye agatimba, yiteguye gusezeranira mu rusengero n’uwo bagiye gushinga urugo, yahubutse kuri alitari ariruka, abari babwitabiriye basigara baguye mu kantu.
Videwo igaragaza uyu mugeni yiruka.Umusore bari bagiye gushyingiranwa na we agaragara amwiruka inyuma, amwinginga ngo agaruke bakore ubukwe gusa we yabyanze.
Abari hafi y’uyu mugeni akiri mu rusengero, ngo bumvise avuga ko bitakibaye ngombwa ko akora ubukwe, gusa impamvu yabimuteye basigaye bayibazaho, ntibayimenya.

Muri Amerika higeze kuba ikibazo nk’iki
Umusore witwa Kevin Hyppolite wo muri Leta ya New York mu 2018 yataye mu rusengero umukunzi bari bamaranye imyaka 10 bakundana, Sasha Aristide habura igihe gito ngo basezeranire imbere y’Imana.
Igitangazamakuru Daily Mail kivuga ko ubu bukwe bwari bwitabiriwe n’abantu 125, Sasha yari yatanze amadolari y’Amerika 20,000 yo kwishyura ababuteguye, Kevin we yishura $1000, aseranya ko ubukwe bizagera yishyuye asigaye.
Uyu musore w’imyaka 29 y’amavuko yaratunguranye ubwo kuri uwo munsi bamenyeshwaga ko amafaranga yasigaye atayishyuye, ahitamo kutabukorana na Sasha w’imyaka 28 y’amavuko.
Kevin na Sasha ntibakoze ubukwe



8 Responses
Bamanjiriwe ubwo umugeni wari mu gatimba yahubukaga mu rusengero ariruka
Iyi nkuru ko ituzuye? Amanazina y’abageni, igihugu cg ahantu byabereye n’igihe byabereye. Ahubwo akivugira ibyo muri Amerika
Bamanjiriwe ubwo umugeni wari mu gatimba yahubukaga mu rusengero ariruka
Iyi nkuru ko ituzuye? Amanazina y’abageni, igihugu cg ahantu byabereye n’igihe byabereye. Ahubwo akivugira ibyo muri Amerika
Bamanjiriwe ubwo umugeni wari mu gatimba yahubukaga mu rusengero ariruka
Iyi nkuru ko ituzuye? Amanazina y’abageni, igihugu cg ahantu byabereye n’igihe byabereye. Ahubwo akivugira ibyo muri Amerika
Bamanjiriwe ubwo umugeni wari mu gatimba yahubukaga mu rusengero ariruka
Iyi nkuru ko ituzuye? Amanazina y’abageni, igihugu cg ahantu byabereye n’igihe byabereye. Ahubwo akivugira ibyo muri Amerika
Bamanjiriwe ubwo umugeni wari mu gatimba yahubukaga mu rusengero ariruka
Iyi nkuru ko ituzuye? Amanazina y’abageni, igihugu cg ahantu byabereye n’igihe byabereye. Ahubwo akivugira ibyo muri Amerika
Bamanjiriwe ubwo umugeni wari mu gatimba yahubukaga mu rusengero ariruka
Iyi nkuru ko ituzuye? Amanazina y’abageni, igihugu cg ahantu byabereye n’igihe byabereye. Ahubwo akivugira ibyo muri Amerika
Bamanjiriwe ubwo umugeni wari mu gatimba yahubukaga mu rusengero ariruka
Bibaho iyo nirwangendanyi
Bamanjiriwe ubwo umugeni wari mu gatimba yahubukaga mu rusengero ariruka
Bibaho iyo nirwangendanyi