Biravugwa ko The Ben amaze iminsi mu biruhuko na Zari Hassan

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzi The Ben ukorera umuziki muri Leta zunze ubumwe z’Amerika amaze kubaka izina rikomeye mu karere u Rwanda ruherereyemo ndetse nabimwe mu bihugu by’Afurika kubera indirimbo ze zikunzwe n’abenshi, biravugwa ko amaze iminsi yibereye hamwe na Zari wahoze arumugire wa Diamond banabyaranye abana 2.

Nkuko bimaze iminsi bigaragara ku mbuga nkoranyambaga za Instagram zaba bombi bakomeje kugenda bashyiraho amashusho bari kumwe ndetse The Ben amuririmbira zimwe mu ndirimbo ze zinzwe ubu zirimo Vazi iharawe cyane.

Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko aba bombi bamaze iminsi igera kuri itanu bari kumwe mu gihugu cy’ubugereki aho bahuriye mu buryo bw’ibanga gusa kwifata bikabananira bikarangira bafashe video bari kumwe n’ubwo magingo aya izi videwo zamaze gusibwa ku mbuga nkoranyambaga zabo bakoresha.

The Ben aho agarukiye mu Rwanda muri 2017 gukora ibitaramo amaze gukorana n’abahanzi nyarwanda batandukanye  harimo indirimbo yakoranye n’itsinda rya Tuff Gangz,Tom Close ndetse na Diplomate

bbn
Amashusho agaragaza The Ben ari mu mugongo wa Zari amuririmbira
ben
Bamaze igihe barikumwe mubugereki
ben2
Zari yamaze kugaruka muri Afurika bucece

theb

theben
Ibyishimo nibyose kuri bombi

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *