Iki ni ikibazo cyabajijwe n’umusomyi wa Bwiza.com, we avuga ko mu myaka igera kuri 3 amaze ashatse umugabo atazana amavangingo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina akorana n’umugabo umwe we.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ikibazo ke ni iki “Ese iyo umugore anyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina arababara”?
Twifashishije ibitekerezo twahawe na bamwe mu basanzwe bafite ingo abagabo cyangwa abagore, bagiye babivugaho ku buryo butandukanye.
Uyu yagize ati: “Ntibibabaza iyo bikozwe neza, icyo umugabo agomba kumenya ni uko agomba kunyaza umugore amaze gushyukwa neza kandi ameze neza yamaze gushaka cyane guhuza igitsina ni bwo rugongo iba yakomeye yiteguye, naho ubundi iyo umugabo yaguteguye uzana amazi wumva uri mu yindi si”.
Undi nawe ati: “birashoboka ko wanyara ubabara nk’igihe umugabo yari atangiye kuyakorogoshora, yatangira kuza akaba ararangije, umugore akomeza kwigaragura yumva yakwikinisha wenda ngo ayo mazi abe yakomeza akaza, ndumva ashobora kubabara da”.
Umugore witwa Yvette[izina ryahinduwe] ati: “Iyo wanyajwe neza ntabwo ubabara, wowe mugabo ushobora kumva ashinyiriza ugakeka ko arimo kubabara ariko buriya biba ari ibinyamunezaaaaa byinshi, ahubwo abagabo bose bakagombye kuba bazi uko bikorwa kuko biratunezeza”.
Undi mugabo nawe yatanze iki gitekerezo, ati: “Ahubwo umugabo ushaka kunyaza umugore atateguye ni we ushobora kubabara akaba yanababaza umugore”.
Nyuma yo gusoma ibi bitekerezo byatanzwe n’abandi, nawe ushobora gutanga igitekerezo.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com


