Wasangaga ubusugi ari ikintu umukobwa yagomba gukomeraho kugera ku munsi wa nyuma agiye kurushinga, gusa bitewe n’aho n’uko iterambere ryiruka ni nako na bamwe mu bakobwa usanga baba batanashaka kumva yakwitwa ryo.
Iyo ugerageje kumubaza uti ubu se uracyafite ubusugi, agusubiza agira ati: “Iwacu se bararoga” ku mukobwa w’ubu usanga kuba yakwitwa isugi ari igisebo kuri we ariko nyamara byakabaye icyubahiro ndetse n’urukundo ruvanze n’ikizere aba azitwaza agiye kurushinga.
Imyenda abakobwa b’ubu bambara naho iteye inkeke, imwe bamwe bakunze kwita “amahenure” gusa ku mukobwa ukiri isugi biragoye kuba wasanga yayiyambitse, ahubwo usanga bo bakunda no kwikwiza cyane, iki kikaba ari kimwe mu bimenyetso bizakwereka iyo nkumi.
Kimwe na babandi basigaye bashyira amafoto yabo k umbuga nkoranyambaga bambaye ubusa biriya ntamukobwa w’isugi wabikora. Ikindi kintu cyemezwa n’abantu bose n’uko umukobwa ukiri isugi iyo asinziye ari mu bitotsi bikomeye, ugasa nk’umukora ku mubiri asimbukira hejuru agahita akanguka akwigizayo niyo waba uri umukobwa mugenzi we.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Dore ibindi bimenyetso byakubwira umukobwa w’isugi:
1. Umukobwa ukiri isugi akunda kwiyemera akihagararaho ku musore umutereta akamwereka ko ntacyo amukeneyeho, nyamara umukobwa utakiri isugi ni babandi utumira ngo musohokane musangire icyayi, akazana n’inshuti ze zose atanabiguteguje mu rwego rwo kugira ngo bose ubagurire wishyure menshi. Ibi nta mukobwa ukiri isugi wabikora.
2. Bakunda kwigunga. Abakobwa bose bigunga siko baba batakaje ubusugi, ariko umukobwa iyo aribwo agitakaza ubusugi akunze kwigunga kuburyo ashobora no kumara iminsi ikurikiraho mu nzu atarasohoka.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
3. Iyo umubajije ko ari isugi ararakara: Umukobwa utakiri isugi iyo ubimubajije agusubizanya umujinya akakubwira ko bitakureba ndetse akabigira birebire.
Nyamara umukobwa w’isugi iyo ubimubajije aramwenyura akakwihorera usanga ntacyo biba bimubwiye kuba wavuga ko ari isugi cyangwa se atakiri isugi.
Umukobwa utakiri isugi akunze kubijyaho impaka cyane ku buryo hari n’igihe aba yemeza ko umuntu wese ubigenderaho iby’ubusugi aba adakuze bihagije.
Na none kandi ibiganiro byerekeza ku mibonano mpuzabitsina usanga abakobwa b’amasugi ntacyo babivugaho. Iyo umukobwa atajyaga abivugaho noneho nyuma agatangira kujya agira ibiganiro nk’ibyo aba yatakaje ubusugi.
4.Bakunda kwigunga. Abakobwa bose bigunga siko baba batakaje ubusugi, ariko umukobwa iyo aribwo agitakaza ubusugi akunze kwigunga kuburyo ashobora no kumara iminsi ikurikiraho mu nzu atarasohoka.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com


