Ibisabwa ku bifuza kwiyamamariza kuba Abasenateri

Sangiza iyi nkuru

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yasohoye itangazo imenyesha abifuza kuyimamaza mu matora y’Abasenateri, ko kandidatire zabo zizatangira kwakirwa ku wa 22 Nyakanga 2019, kugeza ku wa 9 Kanama 2019.

NEC itangaza ko aya matora y’Abasenateri azaba ku matariki ya 16, iya 17 n’iya 18 Nzeri 2019. Uwifuza gutanga Kandidatire ye akaba asabwa kuba afite byibura imyaka 40 y’amavuko.

Ibindi bisabwa, bikubiye muri iri tangazo.

Itangazo

Gahunda y’amatora:

itang

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *