Impungenge ni zose kuri Rayon Sport idafite Pierrot na Shasir

Sangiza iyi nkuru

Kuri iki cyu mweru tariki 17 ukuboza2017 Rayons Sport yaraye ikinye umukino wikirarane na magaju i Nyagisenyi aho umukino waranguye ari igitego 1-0 bw’Amagaju gusa icyagiye kigaragara n’icyuho cyabakinnyi bayo (Rayon Sports) badahari aribo Pierrot na Shasir bari bitabiriye CECAFA aho bakiniraga uburundi bwamaze no gutahana umwanya wa 4 mu irushanwa.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ubwo Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Olivier Karekezi yaganiraga n’itangazamakuru nyuma y’umukino yatangaje ko atorohewe na gato gukina adafite abasore be babiri Shasir na Pierrot ubu babarizwa i Burundi ndetseko yiteguye gukora ibishoboka byose bakegera mu Rwanda vuba na bwangu
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Yagize Ati :”Ni ibintu nishimiye gutsinda kuko ntibyari byoroshye Amagaju nayo ni ikipe ikomeye kandi ni imikino ikurikirana kandi tudafite abakinnyi bacu benshi gukina udafite Shassir na Pierrot urumva ntibyoroshye nukuvuga kuwa gatatu nugukora ibishoboka kugirango bazabe bahageze .”
Biteganyijwe ko Rayo sport izacakirana na Etincelle i Rubavu mu mukin w’ikirarane aho byitezwe ko bibaye bikunze baba basore Shasir na Pierrot bazaba bari kumwe n’ikipe.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kiyovu Sports na AS Kigali ziyoboye urutonde zifite amanota 16 naho APR FC igakurikiraho n’amanota 15 mu gihe Rayon Sports ari iya kane n’amanota 14 gusa ikba ifite umukino wikirarane itarakina.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Emmy@Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *