Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Ukuboza 2016, nibwo igihugu cya Tanzania kizihizaga isabukuru y’imyaka 55 kimaze kibonye ubwigenge, muri ibi birori abasirikare kabuharwe (commandos) beretse umukuru w’igihugu urwego bagezeho mu myitozo.

Imbere ya Perezida,John Pombe Joseph Magufuli n’imbaga y’abaturage ba Tanzania n’abatumirwa, aba basirikare bakaba barakoze imyitozo y’imbaraga, benshi bajyaga babona muri za film bakibwira ko bidashoboka.

[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Reba Video:
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Itangishatse Theoneste/Bwiza.com


