HAvJRpxaAAI-vJc

Intumwa z’Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda mu rugendoshuri mu Bufaransa

Sangiza iyi nkuru

Intumwa ziturutse mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda kuwa Mbere zatangiriye ku mugaragaro urugendoshuri mpuzamahanga mu Bufaransa, zibanda ku kuzamura ubushobozi bw’igihugu mu gukemura ibibazo by’umutekano bigezweho.

HAvJRpxaAAI vJc

Itsinda ry’intumwa riyobowe na Col Mucyo Mulinzi hamwe n’abakozi 4 n’abanyeshuri 23 nk’uko bitangazwa na Ambasade y’u Rwanda i Paris.HAvJRo2aEAA0pc5

Izi ntumwa zakiriwe n’abayobozi bakuru ku Cyicaro Gikuru cy’Ingabo z’u Bufaransa, aho bitabiriye ikiganiro cy’ingirakamaro cyane.

HAvJRotawAAreHq

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *