Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) kiramenyesha abasora bari ku mugereka w’iri tangazo ko bahawe igihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15), uhereye igihe iri tangazo risohokeye kugira ngo babe bamaze kwishyura ibirarane by’imisoro babereyemo Leta ikomoka ku binyabiziga byabo batasoreye.



Umugereka urimo urutonde rw’abatarasoreye ibinyabiziga


