Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 5 Gicurasi 2019, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yagaragaye muri Siporo rusange izwi nka Car free day, mu Mujyi wa Kigali.
Perezida Kagame yanyongaga igare, anifatanya n’abandi mu myitozo ngororamubiri ku Kimihurura ku mbuga y’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’amahoro, RRA.
Yavuze ko siporo ikorwa atari ukugira ngo umunti yishimishe, ahubwo ko ari ukugira ngo agire ubuzima bwiza, by’umwihariko ko ibi byakomeza, haharanirwa kugira ubuzima bwiza bijyana no kubaka igihugu.




Â


