Umuzamu Kwizera Olivier wakiniraga ikipe ya Bugesera yamaze gusinya amasezerano n’ikipe yitwa Free State yo muri Afurica y’Epfo, azajya ahembwa asaga ibihumbi 5000 by’amadorele.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu musore waciye muri APR FC akaza kwirukanwa akerekeza muri Bugersera FC, yaramaze iminsi akora isuzuma ry’ubuzima muri iyi kipe yamuguze, nyuma yo kumushima bahise bamusinyisha amasezerano y’imyaka 2 yo kubakinira.
Olivier yinjiye muri iyi kipe asimbuyemo umuzamu w’umukongomana Mafoumbi werekeje mubwongereza mu ikipe ya Blackpool.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Jean de Dieu Dushimimana — bwiza.com


