1.Amazina yange ni ndayishimiye Christian nkaba nifuzako mwafasha nkuko nabonye mubigenza mukanshakira umukunzi niyoyaba umugore ngewe ntaribi.murakoze ndabashimiye mugihe ngitegereje igisubizo cyanyu kiza, email: chrisndamu33@gmail.com.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
2.Muraho,
Nitwa Cyiza Nkaba ndi umusore wimyaka 28 , nkaba mfite uburebure bureshya na 1,76m narize kaminuza kandi mfite akazi kampemba kuva ku 500,000 , ndashaka umukunzi ushaka kubaka utari uwo kunkinisha , kuko nigeze gukunda umukobwa arampemukira bituma mbivamo, ariko igihe kirageze ngo nubake,
ndashaka umukobwa wiga Kaminuza guhera mu wa 2 cg se warangije , akaba byibuze areshya na 1,50M kuzamura, ari imibiri yombi cg yirabura byaba akarusho , afite Imyaka iri hagati ya 21 na 27 , kandi yiyubaha ,akazi na mfrw ntakibazo tuzahera kubyo mfite. uri tayari yanyandikira kuri cyizabig@yahoo.com
Murakoze
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com



4 Responses
Mukobwa, dore abasore bashaka abakunzi (fungura ubone imyirondoro)
Mpite 21ndumusore nda shaka umukunzi
0790613189
0737368892
Mukobwa, dore abasore bashaka abakunzi (fungura ubone imyirondoro)
Mpite 21ndumusore nda shaka umukunzi
0790613189
0737368892
Mukobwa, dore abasore bashaka abakunzi (fungura ubone imyirondoro)
Nibgiza Kandi birakwiriyi gushaka umukunzi kuriruno rubuga haribenshi bari barambiwe no gukurwa n’abakobwa, gusa iyo ubonye ufite icyo ashaka kuroro Kandi ntibivuna kubaka urukundo rwanyu,(Ndashaka umukunzi)
Mukobwa, dore abasore bashaka abakunzi (fungura ubone imyirondoro)
Nibgiza Kandi birakwiriyi gushaka umukunzi kuriruno rubuga haribenshi bari barambiwe no gukurwa n’abakobwa, gusa iyo ubonye ufite icyo ashaka kuroro Kandi ntibivuna kubaka urukundo rwanyu,(Ndashaka umukunzi)