agencia-efe_multimedia_55010692278.multimedia.photos.55010692278003_file.jpg

Neymar yaciye amarenga ko umusaraba PSG ihetse, ari uko yimitse Mbappe

Sangiza iyi nkuru

agencia-efe_multimedia_55010692278.multimedia.photos.55010692278003_file.jpg
Neymar da Silva Santos JĂ Âșnior, muri iyi minsi we na mugenzi we Lionel Messi ntibamerewe neza muri ibi bihe bashinjwa kudatanga umusaruro mu ikipe ya Paris Saint Germain.

Mu ijoro rishyira iryo kuri uyu wa Kane, nibwo igihiriri cy’ abafana b’ikipe ya Paris Saint Germain bagiye aho aba bakinnyi batuye baririrmba indirimbo zikubiyemo amwe mu magambo y’urukozasoni bababwira ko bakwiye kuva muri iyi kipe.

Icyo babashinja ngo n’uko baguzwe mu rwego rwo gufasha iyi kipe gutwara Champions League ariko ngo ntacyo bakoze kinyuranye n’uko basanze imeze.

Neymar mu gusubiza yavuza yanditse kuri instagram ye avuga ko umuntu atakwiye kureka abantu bamwikore ngo bamushyire mu miraba yabo. Ati”Ntugatume hari uwagushyira mu miraba ye, ahubwo muhe amahoro”.

Besoccer.com, yanditse ko Neymar kandi yahise akunda ifoto (LIKE) ahoberana na Messi bakiri muri Fc Barcelone. Ikindi yavuze na nyuma y’ibyago anyuramo ari mu mahoro.

Uyu mukinnyi yongeye ashyiraho video ashyiraho amagambo yibaza ngo icyo, Paris Saint Germain yabaye kandi ko iciriritse.

Ati” Iyi kipe ko yaciriritse mu myaka ya vuba ni ukuberiki?Ni ukuberara bimitse igikomangoma cyabo “Mbappe” bakamuvugurura bakamugira mushya.Ibi yabivugaga bisa naho ari kunnyega abayobozi kuko hari naho yavuze ko baciriritse.

Ibi bisa n’intambara y’amagambo bibaye mu gihe Neymar amaze igihe yaravunitse ndetse akaba azatangira kongera gukina muri mwaka utaha w’imikino, naho Lionel Messi aherutse guhagarikwa n’iyi kipe nyuma y’uko agiye mu butembere n’umuryango we atasabye uruhushya ubuyobozi bw’iyi kipe.

Ikipe ya FC Barcelona iherutse gutangaza ko yifuza gusubirana na Lionel Messi ariko ikagaragaza imbogamizi z’uko nta mikoro ahagije, mu gihe Neymar we bivugwa ko ashobora kwerekeza mu Bwongereza by’umwihariko muri Manchester United cyangwa akaba yajya

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *