Malawi yahinduye izina ry’umuhanda yari imaze imyaka 19 yaritiriye Perezida KagameÂ

Perezida Peter Mutharika wa Malawi, yahinduye izina ry’umuhanda iki gihugu cyari kimaze imyaka 19 cyaritiriye Perezida Paul Kagame. Guverinoma ya Malawi mu itangazo yasohoye ku wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama, yavuze ko umuhanda wa Paul Kagame Road nyuma yo guhindurirwa izina wahise witirirwa John Chilembwe usanzwe afatwa nk’intwari ya kiriya gihugu. Muri Nzeri 2007 […]
Uganda: Imvururu zakurikiye amatora zaguyemo abantu

Abantu babarirwa muri barindwi biciwe mu bikorwa byâubugizi bwa nabi byabaye mu ijoro ryo ku wa Kane rishyira ku wa gatanu muri Uganda, nyuma yâamatora yabaye muri iki gihugu. Ibyavuye mu matora byatangajwe na komisiyo yâamatora byerekanye ko Museveni afite hejuru ya 73% byâamajwi mu matora ya perezida yabaye ku wa kane, hashingiwe ku majwi […]
Bobi Wine yatawe muri yombi hakoreshejwe kajugujuguÂ

Ishyaka National Unity Platform ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, ryatangaje ko umunyapolitiki Robert Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ yatawe muri yombi hakoreshejwe kajugujugu ya gisirikare, akajyanwa ahantu hatazwi. Amakuru y’itabwa muri yombi ry’uyu munyapolitiki yemejwe n’ishyaka rye, mu butumwa ryanyujije ku rubuga rwayo rwa X. NUP yagize iti: “Kajugujugu ya gisirikare yaguye mu mbuga ya Perezida Bobi […]
Niyo Bosco yarongoye – Amafoto

Umuhanzi wâicyamamare mu muziki nyarwanda, Niyo Bosco, yasezeranye imbere yâImana nâumukunzi we Mukamisha Irene, nyuma yâigihe bari bamaze mu rukundo. Uyu muhango wabaye ku wa Gatanu, tariki ya 16 Mutarama 2026, ubera mu busitani bwa Kaleb Garden i Rebero, mu Karere ka Kicukiro. Mbere yâuko basezerana imbere yâImana, habanje kuba umuhango wo gusaba no gukwa, […]
Perezida Kagame yitabiriye irahira rya Gen. Doumbouya

Perezida Paul Kagame yageze i Conakry muri GuinĂ©e, aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Gen. Mamadi Doumbouya uheruka gutorerwa kuyobora iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika. Umukuru w’Igihugu akigera i Conakry ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, yakiriwe na Minisitiri w’Intebe wa GuinĂ©e, Amadou Oury Bah. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 17 Mutarama […]
RDC mu mugambi wo kwitambika Mushikiwabo ngo atazongera gutorerwa kuyobora OIF

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biravugwa ko yatangiye gutegura uko yakwirambika Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo, kugira ngo atazongera gutorerwa kuyobora Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu Bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF). Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, aheruka gutangaza ko u Rwanda rwamaze gutanga Mushikiwabo kugira ngo azongere kwiyamamariza kuyobora OIF muri manda ye ya gatatu. Mushikiwabo wahoze […]
Huye: Batatu barashinjwa kwica umuntu bamushinja kwiba

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye abantu batatu bakekwaho kuba ku itariki ya 08 Mutarama 2026 ahagana saa mbiri za mu gitondo mu Mudugudu wa Buruba, Akagari ka Butara, Umurenge wa Kigoma, Akarere ka Nyanza barishe  abagabo babiri babahora ko bibye ihene. Mu ibazwa ryabo, abakekwa barimo nâuwari wibwe ihene bavuga ko babakubise inkoni […]
Fizi: Twirwaneho yafashe ahazwi nka Point zero nyuma y’imirwano ikaze
Agace kitwa Point Zero, gaherereye muri Teritwari ya Fizi, ahahoze ari indiri ikomeye y’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, kigaruriwe n’abarwanyi ba Twirwaneho kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 16 Mutarama 2026, nyuma yâiminsi ibiri yâimirwano. Aha hantu hifashishwaga n’uruhande rwa leta mu kugaba ibitero kuri Minembwe na Mikenke, ndetse no mu […]
Uko Ingabo z’u Rwanda zakiriwe muri Jamaica mu mafoto

Itsinda ry’Ingabo z’u Rwanda (RDF) zigera mu 100 zigizwe n’inzobere mu bwubatsi ryageze muri Jamaica mu ijoro ryakeye, aho bagiye gufasha mu bikorwa byo kongera kwiyubaka bya Jamaica nyuma yâumuyaga ukabije wiswe Melissa, aho bakiriwe neza muri Jamaica kandi basobanurirwa urugendo rwabo rw’akazi. Abasirikare bahawe ibisobanuro birambuye na Komanda wa Brigade izakorana bya hafi na […]
Ethiopia irashinja Eritrea guha intwaro inyeshyamba zo muri Amhara

Igipolisi cya Ethiopia cyatangaje ko cyafashe amasasu ibihumbi n’ibihumbi yoherejwe na Eritrea ku nyeshyamba zo mu Karere ka Amhara muri Ethiopia, ikirego Eritereya yateye utwatsi ivuga ko ari ikinyoma kigamije gutangiza intambara. Ikirego cyâIgipolisi cya Leta ya Ethiopia cyongereye ubushyamirane hagati ya Ethiopia na Eritrea, ibihugu byamaze igihe kirekire bidacana uwaka mbere yo kugirana amasezerano […]
Museveni yanikiye Bobi Wine mu majwi

Amajwi y’agateganyo y’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, arerekana ko umukandida Yoweri Kaguta Museveni w’ishyaka NRM, yatangiye kwanikira bagenzi be bari bayahatanyemo. Ku wa Kane tariki ya 15 Ukuboza ni bwo abanya-Uganda baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abadepite. Ni amatora yitabiriwe n’ababarirwa muri miliyoni 21. Museveni umaze imyaka 40 ayobora Uganda, muri ariya matora […]
Ghana: Kwima uwo mwashyingiranwe ni icyaha

Muri Ghana, inzego zâumutekano nâubutabera zatangaje ko kwima uwo mwashakanye imibonano mpuzabitsina mu buryo buhoraho bishobora gufatwa nkâihohoterwa rishingiye ku marangamutima, bikaba byakurikiranywa nâamategeko. Abayobozi basobanuye ko iyo umwe mu bashakanye cyangwa abakundana akomeje kwima undi uburenganzira bwo kuryamana nta mpamvu zifatika, uwahohotewe yemerewe gutanga ikirego kuri polisi, dosiye igashyikirizwa inkiko ikaburanishwa hashingiwe ku mategeko […]
Twirwaneho yemeje ko yahanuye drone ya FARDC

Umutwe wa Twirwaneho wiyemeje kurengera abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, wemeje ko ku wa Kane tariki ya 15 wahanuye drone y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Umuhuzabikorwa w’uriya mutwe, Colonel Ndakize Kamasa Welcome, yatangaje ko iriya drone bivugwa ko ari iyo mu bwoko bwa CH-4 yahanuriwe mu mirwano yarimo isakiranya ingabo zawo na […]
FIFA yahannye Vision FC

Impuzamashyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru ku Isi, FIFA, yashyize ahagaragara urutonde rushya rwâamakipe yafatiwe ibihano byo kutemererwa kwandikisha abakinnyi bashya, bitewe nâamadeni afitiye abakinnyi nâabatoza. Ibi byatangajwe mu ijoro ryo ku wa 15 Mutarama 2026, aho FIFA yasobanuye ko ayo makipe atarubahirije inshingano zo kwishyura abo bakorana na bo. Mu makipe yo mu Rwanda yari yarigeze kujya […]
Uwahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo yakatiwe imyaka 5 y’igifungo
Yoon Suk Yeol wahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo wakuwe ku mirimo ye nyuma yo gutangaza ibihe bidasanzwe bya gisirikare mu gihugu mu Kuboza 2024, yahamijwe ibyaha byinshi ashinjwa kuri uyu wa Gatanu, itariki 16 Mutarama 2026. Urukiko rwamuhanishije igifungo cy’imyaka itanu. Icyemezo cy’urukiko kuri uyu wa Gatanu ni cyo cya mbere muri byinshi bifitanye […]
Amb. Maj. Gen Nzabamwita yakiriwe na Putin

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, ku wa Kane tariki ya 15 Ukuboza yakiriye Ambasaderi Maj. Gen. Joseph Nzabamwita, amushyikiriza impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu gihugu cye. Ni umuhango wabereye muri Perezidansi y’u Burusiya, Kremlin, witabirwa n’abanyacyubahiro batandukanye barimo na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov. Putin yavuze ko u Rwanda ari kimwe mu […]
Lourenço yohereje intumwa i Kinshasa nyuma yo guhura n’abanyamadini ba Congo

TĂ©te AntĂłnio, Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Angola akaba nâintumwa ya JoĂŁo Manuel Gonçalves Lourenço, Perezida wa Angola akaba na Perezida wâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri iki gihe, yakiriwe ku wa Kane, itariki ya 15 Mutarama 2026, nâUmukuru wâigihugu cya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Kinshasa. Nkâuko byatangajwe […]
AFC/M23 yashyize Uvira mu maboko y’Umuryango MpuzamahangaÂ

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, washyize umujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu maboko y’Umuryango Mpuzamahanga kugira ngo abe ari wo uwurinda. Ni icyemezo kigaragarira mu ibaruwa umuhuzabikorwa wa AFC, Corneille Nangaa yandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres. Muri iyo baruwa yo ku wa Kane […]
Jamaica yakiriye abasirikare 100 ba RDF

Guverinoma ya Jamaica ku wa Kane tariki ya 15 Mutarama yakiriye itsinda ryâabasirikare bashinzwe ubwubatsi bo mu Ngabo zâu Rwanda ryoherejwe muri icyo gihugu gufasha mu gusana no gusubiza ku murongo ibikorwa remezo byangijwe nâibiza. Umuhango wo kwakira iri tsinda wabereye ku cyicaro gikuru cyâIshuri Rikuru rya Gisirikare i Kingston, uyoborwa na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga […]
Ibitazibagirana ku Rwanda kuri Kneedler wasoze inshingano ze nka Ambasaderi wa Amerika mu RwandaÂ

Eric W. Kneedler wari Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko urugendo rw’iminsi itanu yamaze azamuka ibirunga bitanu biri mu gihugu ruri mu bihe byiza yagiriye mu Rwanda atazigera yibagirwa. Uyu mudipolomate yabitangaje mu butumwa bw’amashusho yashyize ku rubuga rwe rwa X, mu rwego rwo gusezera ku Banyarwanda. Kneedler yari Ambasaderi wa Amerika […]
Real Madrid yaburiye abakinnyi bayo

Ikipe ya Real Madrid yaburiye abakinnyi bayo ko bashobora kugerwaho n’ingaruka zikomeye, mu gihe umwaka w’imikino wa 2025-2026 warangira nta gikombe na kimwe batwaye. Iyi kipe yatanze umuburo nyuma y’uko mu ijoro ryakeye yaraye isezerewe mu Gikombe cy’Umwami (Copa Del Rey), nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Albacete ihagaze nabi mu cyiciro cya kabiri ibitego 3-2. […]
Ingabo z’u Burundi zakubitikiye mu mirwano yo mu Minembwe

Ingabo z’u Burundi zikomeje gukubitikira mu gace ka Minembwe mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’imirwano yaramutse izisakiranya n’abarwanyi bo mu mutwe wa Twirwaneho. Amasoko ya BWIZA muri Teritwari ya Fizi imirwano iri kuberamo, avuga ko ahagana ku isaha ya saa kumi nimwe z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama ari bwo […]
HRW yashinje FARDC gufata ku ngufu nk’intwaro y’intambara

Muri raporo yasohotse mu ntangiriro z’iki cyumweru, Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, HRW, uravuga ko abagize imitwe nibura itanu yitwaje intwaro ndetse n’Ingabo za Leta ya Congo, FARDC, bakoze ihohotera rishingiye ku gitsina mu burasirazuba bwa DRC, harimo na M23. Kwiyongera kw’imirwano mu ntara za Ituri, Kivu y’Amajyaruguru, na Kivu y’Amajyepfo, hamwe n’inkunga igabanuka ndetse […]
Burundi: Umunyamamakuru Sandra Muhoza yakatiwe imyaka 4 y’igifungo

Urukiko Rukuru rwa Ngozi, mu majyaruguru yâu Burundi, kuri uyu wa Gatatu, itariki 14 Mutarama 2026, rwakatiye umunyamakuru Sandra Muhoza, umunyamakuru wâgitangazamakuru cyigenga La Nova Burundi, igifungo cyâimyaka ine nâihazabu yâamafaranga 200.000 yâAmarundi. Yashinjwaga guhungabanya umutekano wâigihugu no gukurura amacakubiri ashingiye ku moko. Iki gihano, nubwo kitangana n’igihano cyâigifungo cyâimyaka cumi n’ibiri nâihazabu ya miliyoni […]
Luanda: Perezida Lourenço yakiriye abayobozi bâamadini muri RDC

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 14 Mutarama, Perezida wa Angola, JoĂŁo Lourenço, uyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, yakiriye i Luanda, abayobozi bâamadini bo mu matorero gatolika nâabaporotesitanti (CENCO na ECC) yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Nkâuko byatangajwe na Perezidansi ya Angola, ngo ibiganiro byibanze ku kuntu ibintu byifashe muri Repubulika ya Demokarasi […]
Drone za FARDC zarashe icyambu cyo muri Uvira

Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatatu tariki ya 14 Mutarama zagabye igitero gikomeye cya drone ku cyambu cya Kalundu giherereye muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu yâAmajyepfo. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko kiriya gitero ingabo za RDC zacyifashishishijemo indege zitagira abapilote zangiza byinshi ndetse ubuzima […]
Uganda: Abagande babyukiye mu matora ya perezida mu cyoba

Kuri uyu wa Kane, itariki 15 Mutarama 2026, abaturage muri Uganda berekeje mu matora mu bihe bitoroshye, mu gihe Perezida Yoweri Museveni ashaka kuguma ku butegetsi amazeho imyaka 40. Biravugwa ko imbaga y’abantu iri ku mirongo miremire mu turere tumwe na tumwe kubera ko ibiro byâitora byatinze gufungurwa kandi ibikoresho byo gutora byagaragaye ko byatanzwe […]
Davido yariwe Miliyoni 75 Frw muri BetÂ

Umuhanzi wâicyamamare muri Nigeria no ku rwego mpuzamahanga, Davido (David Adeleke), yariwe amafaranga angana na miliyoni 75 zâamafaranga yâu Rwanda nyuma yâuko ikipe yâigihugu ya Nigeria, Super Eagles, isezererwa na Maroc muri kimwe cya kabiri cyâIrushanwa ryâIbihugu bya Afurika (AFCON) 2025. Uyu mukino wabaye ku wa 14 Mutarama 2026, kuri Stade Prince Moulay Abdellah i […]
U Bushinwa bwitambitse abakandida Amerika yashakaga ko bayobora MOMUSCO

Igihugu cy’u Bushinwa biravugwa ko cyitambitse abakandida Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifuzaga gutanga, kugira ngo bayobore ubutumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO). Kuva mu mpera za 2025 ubu butumwa nta muyobozi bufite, nyuma y’uko umunya-GuinĂ©e Bintu Keita wari umuyobozi wabwo ashoje manda ye. Amakuru avuga ko Leta […]
Ngoma: Urukiko rwaburanishije ukekwaho icyaha cy’ubwinjiracyaha bwâubwicanyi

Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma, ruri aho icyaha cyabereye, mu Mudugudu wa Kabasore, Akagari ka Kabasore, Umurenge wa Karenge, mu Karere ka Rwamagana, kuwa Kabiri rwaburanishije mu ruhame urubanza Ubushinjacyaha buregamo umugabo wâimyaka 47 ukekwaho icyaha cy’ubwinjiracyaha bwâubwicanyi aho yatemwe umugore we ndetse nâumuhungu we akoresheje umuhoro. Icyaha akurikiranweho cyakozwe mu ijoro ryo kuwa 5/11/2025 ubwo […]
Rose Muhando yarongowe mu ibanga

Ku wa Gatatu, tariki ya 14 Mutarama 2026Â Umuhanzikazi wâicyamamare mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana muri Afurika yâIburasirazuba, Rose Muhando, yasezeranye nâumushumba Pastor Lumbasi mu buryo bwagizwe ibanga, bityo ashyira iherezo ku byari bimaze igihe bivugwa ku buzima bwe bwite. Aya makuru yemejwe na Pastor Lumbasi ubwe mu materaniro ya vuba mu rusengero […]
Amerika igiye guhagarika gutanga viza ku barimo Abanyarwanda

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zigiye guhagarika byâagateganyo gutunganya visa ku baturage bâibihugu 75 byo hirya no hino ku Isi, birimo n’u Rwanda. Iyi gahunda yatangajwe n’abayobozi bo muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika, mbere y’amezi abarirwa muri atanu ngo iki gihugu cyakire Igikombe cy’Isi cy’umupira w’amaguru cya 2026. Televiziyo ya FOX News […]
Muri 2027 murabizi niba nzaba ntarapfuye?_Perezida Ndayishimiye

Perezida Evariste Ndayishimiye yagaragaje ko atazi neza niba mu mwaka utaha wa 2027 azongera kwiyamamariza u Burundi, kuko ngo binashoboka ko yaba yarapfuye. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yabivuze kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Mutarama, mu muhango wo kumurika igitabo cyitwa ‘Une Nation en Marche” wabereye muri hoteli Club du Lac Tanganyika mu mujyi […]
RDF yohereje muri Jamaica abahanga mu bwubatsi

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 14 Mutarama 2026, Igisirikare cyâu Rwanda (RDF) cyohereje itsinda rya ba injenyeri muri Jamaica, igihugu cyo mu Birwa bya Karayibe, kugira ngo bafashe iki gihugu kongera kwiyubaka binyuze mu gusana ibikorwa remezo byangijwe nâumuyaga ukabije (Melissa) umwaka ushize. Kohereza ingabo byakozwe hakurikijwe amasezerano hagati y’ibihugu byombi, u Rwanda na Jamaica […]
Umuyobozi wa RSC yakiriye ukuriye ‘Prison Fellowship International’

Kuri uyu wa 14 Mutarama 2026, Komiseri Mukuru wâUrwego rwâu Rwanda rushinzwe Igorora, RCS, CG Evariste Murenzi, yagiranye ibiganiro nâUmuyobozi Mukuru wâUmuryango Mpuzamahanga âPrison Fellowship Internationalâ, Andrew Corley ku Cyicaro Gikuru cya RCS, hamwe n’ubuyobozi bw’ishami ryawo mu Rwanda, âRwanda Prison Fellowship, baganira ku musaruro umaze kugerwaho no kongera ubufatanye muri gahunda zâigorora. Ikiganiro abayobozi […]
Umusirikare wa SANDF yahishuye uko FARDC yabagambaniye bagakubitwa na M23

Umwe mu basirikare bo mu ngabo za Afurika y’Epfo (SANDF) bari baroherejwe kurwana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahishuye akaga we na bagenzi be bahuye na ko karimo kugambanirwa n’ingabo za RDC bari baragiye gufasha ku rugamba, bigatuma inyeshyamba za M23 zibatsinda. Ni mu buhamya bw’inyandiko uwo musirikare yanyujije mu kinyamakuru Defence Web cy’iwabo. […]
Nyina wa Ndimbati yapfuye

Umukinnyi wa filime nyarwanda Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati yapfushije nyina umubyara kuri uyu wa 14 Mutarama 2026. Aya makuru yemejwe na Ndimbati aho yavuze ko âayo makuru niyo, umubyeyi wanjye yitahiye yari mu rugo iwanjye aho yari amaze iminsi.â Uyu mukunnyi wa filime ntiyigeze ashaka kugira byinshi atangaza ku mpamvu yâurupfu rwâumubyeyi we. […]
FDLR na M23 bibaho gusa kubera ubushake bw’u Rwanda – Muyaya

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 13 Mutarama, mu gihe cyo kungurana ibitekerezo n’urubyiruko ku ncuro ya mbere muri uyu mwaka i Kinshasa, Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yagarutse iku masezerano y’amahoro yashyizweho umukono na Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, kandi yemejwe na ba perezida b’ibihugu byombi ku itariki […]
Israel yahagaritse imikoranire n’imiryango mpuzamahanga 3 nyuma ya Amerika

Mu cyumweru gishize, Perezida Donald Trump yashyize umukono ku iteka ritegeka Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuva mu miryango mpuzamahanga 66 kuko “idakora mu nyungu zâAbanyamerika”. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 13 Mutarama, Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga ya Israel yatangaje ko yahagaritse umubano nâimiryango itatu mpuzamahanga, harimo nâimiryango ibiri ishamikiye ku Muryango wâAbibumbye, nyuma yâuko Amerika […]
Masisi: Haravugwa ibitero bya wazalendo ku birindiro bya AFC/M23

Umutuzo usa nk’uwagarutse muri iki gitondo cyo ku wa Gatatu, itariki ya 14 Mutarama 2026, i Kalembe, muri Gurupoma ya Bashali Mokoto (Teritwari ya Masisi) iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano yaraye ibaye mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 na Wazalendo. Nkâuko amakuru […]
Nzagufata waba uri muzima cyangwa uri umupfu: Gen. Luboya abwira Thomas Lubanga

Guverineri wa Gisirikare w’Intara ya Ituri, Lt. Gen Johnny Luboya, yarahiriye ko byanga bikunze azata muri yombi Thomas Lubanga ukuriye inyeshyamba zo mu mutwe wa CRP. Mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, Luboya wari uri imbere y’abaturage bo muri Ituri yumvise ateguza Lubanga ko azamufata, yaba ari muzima cyangwa SE ari umupfu. Yabwiye Lubanga ati: […]
IShowSpeed yarwaye inzoka ari kuri Live (imbonankubone)

Umunyamerika uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga no kuri YouTube, IShowSpeed, yakomeje kuvugisha benshi mu rugendo rwe muri Afurika, nyuma yo kugera muri Ethiopia avuye muri Kenya, aho yari yarakoze ibikorwa byinshi byishimiwe nâabafana. Ku wa Kabiri tariki ya 13 Mutarama, IShowSpeed yageze muri Ethiopia, yakirwa nâimbaga yâabantu benshi nkâuko byagenze no muri Kenya. Nkâuko asanzwe […]
Mike Tyson yahaye Trump ibaruwa ya Diddy amusaba imbabazi

Uwahoze ari icyamamare mu mukino wâiteramakofe ku isi, Mike Tyson, bivugwa ko yahaye Donald Trump ibaruwa yanditswe nâintoki na Sean âDiddyâ Combs, asaba imbabazi Perezida (pardon). Ibi byatangajwe n’ikinyamakuru The Sun, kivuga ko Tyson yahaye Trump iyo baruwa ubwo yari yasuye White House mu Ugushyingo. Mu cyumweru gishize, Perezida Trump yemeje ko Diddy yamwandikiye amusaba […]
U Burundi bwohereje i Kalemie andi mato yuzuye abasirikareÂ

Igisirikare cy’u Burundi ejo ku wa Mbere tariki ya 13 Mutarama, bwohereje andi mato abiri yuzuye abasirikare mu mujyi wa Kalemie wo mu ntara ya Tanganyika. Mu masaha y’igitondo ni bwo ayo mato yageze ku cyambu cya Kalemie aturutse i Bujumbura, nk’uko umunyamakuru Steve Wembi abivuga. Kuva mu mpera z’ukwezi gushize u Burundi bwongeye kohereza […]
Adel Amrouche ntakiri umutoza w’Amavubi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko umunya-AlgĂ©rie Adel Amrouche wari umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yahagaritswe kuri izo nshingano. FERWAFA yemeje ko yatandukanye n’uyu mutoza mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Mutarama 2026. Iryo tangazo rivuga ko icyemezo cyo guhagarika uriya mutoza cyafashwe, “nyuma yâisengesura ryimbitse, nyuma haza gusangwa ko […]
Mugemana wabaye umuganga wa Rayon Sports imyaka 30 yapfuye

Muganga Mugemana Charles wabaye umuganga wâikipe ya Rayon Sports, yitabye Imana kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Mutarama 2026. Mugemana usanzwe ari n’umubyeyi w’umuhanzikazi Queen Cha, yitabye Imana azize uburwayi. Uyu mugabo yabaye muganga wa Rayon Sports mu gihe kingana n’imyaka 30, ndetse mu mwaka ushize wa 2025 yabishimiwe n’abari abayobozi b’iriya kipe.
Prosper Nkomezi yambitse impeta – Amafoto

Umuhanzi Prosper Nkomezi wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yambitse impeta umukunzi we Retina Nkurunziza, mu rwego rwo gutangira urugendo rwo gushinga urugo. Iyi nkuru yayimenyesheje abamukurikira abinyujije ku mbuga nkoranyambaga. Yabanje gusangiza ubutumwa agaragara yicaye wenyine yambaye imyenda yâumweru, agaragaza icyizere cyâabiringira Imana, avuga ko abazagera mu ijuru bazicara bakishimira imbuto zaho. […]
Ifoto y’umu-Rayon wiyahuye igiye kumanikwa mu biro by’iyi kipe

Perezida wâAbafana ba Rayon Sports, Muhawenimana Claude, yatangaje ko ifoto ya Nizeyimana Alexandre, umufana wâiyi kipe uherutse kwiyahura nyuma yo gutsindwa na APR FC, igiye kumanikwa mu biro bya Rayon Sports mu rwego rwo kumwibuka no guha agaciro urukundo rudasanzwe yari afitiye iyi kipe. Abafana ba Rayon Sports barimo Perezida wabo Muhawenimana Claude, bifatanyije nâabaturage […]
Perezida Kagame yasezeye kuri Ambasaderi Eric KneedlerÂ

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yakiriye mu biro bye Ambasaderi Eric Kneedler, mu rwego rwo kumusezeraho nyuma yo gusoza urugendo rwe nk’uhagarariye Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda. Umukuru w’Igihugu yasezeye kuri Ambasaderi Kneedler, nyuma ya Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe. Kneedler yari Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda kuva mu Ukwakira […]
Uganda: Leta yategetse ko Internet ikurwaho mbere y’uko amatora aba

Ikigo gishinzwe itumanaho muri Uganda, cyategetse kompanyi zitanga internet mu gihugu kuyikuraho guhera ku mugoroba wo kuri ri uyu wa Kabiri, kugeza igihe zizabwirirwa kuyisubizaho. Leta yafashe iki cyemezo mu gihe ku wa Kane tariki ya 15 Mutarama muri Uganda hateganyijwe amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite. Mu ibaruwa yerekanwa n’ibinyamakuru muri Uganda kiriya kigo cya leta […]
Nyamata: Sheikh Bahame Hassan yarekuwe by’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata rwarekuye by’agateganyo Sheikh Bahame Hassan, Umuhuzabikorwa wâikigo ngororamuco cya Gitagata, rugaragaza ko nta mpamvu zifatika zo gukeka ko yakoze ibyaha aregwa. Bahame yari yatawe muri yombi akekwaho gukoresha nabi ububasha ahabwa n’amategeko ku bw’inyungu ze bwite, ndetse no gusaba cyangwa gushora mu busambanyi abantu bamwe na bamwe bajya kugororerwa muri icyo […]
RDC: Leta yabujije imyigaragambyo ku nteko ishinga amategeko

Abayobozi b’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo babujije guterana cyangwa imyigaragambyo yose ku ngoro y’inteko (Palais du peuple), guhera ku itariki ya 1 Mutarama 2026. Akurikije amabwiriza ya Perezida wâInteko Ishinga Amategeko, AimĂ© Boji Sangara, umunyamabanga mukuru wâinteko ishinga amategeko yamenyesheje abaturage ati: “guhera ubu, imyigaragambyo no guterana kose birabujijwe mu mbuga […]
Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda yasezeweho nyuma yo kuvanwa ku mirimo na Trump

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Mutarama yasezeye kuri Eric Kneedler wasoje inshingano ze nka Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda. Eric W. Kneedler yari Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda kuva mu Ukwakira 2023. Mu kwezi gushize ni bwo we n’abandi badipolomate hafi 30 bari […]
Sosiyete yo muri Amerika yajyanye mu nkiko Leta ya Tshisekedi isaba indishyi ya $ miliyari 4

Sosiyete yâAbanyamerika ikora ibijyanye n’ikoranabuhanga mu by’imari (fintech), yajyanye mu nkiko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iyishinja kunanirwa gushyira mu bikorwa umushinga munini impande zombi zari zihuriyemo wo kwinjiza mu ikoranabuhanga imicungire yâimari ya Leta, no kwishyura hifashishijwe ikoranabuhanga. Sosiyete ya PayServices yajyanye mu nkiko Leta ya Kinshasa, mu gihe Perezida FĂ©lix Antoine […]
Abayobozi ba AFC / M23 bongeye gushimangira icyemezo cyabo cyo gukomeza urugamba

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 12 Mutarama 2026, ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, i Goma bwagiranye ibiganiro by’ikimenyetso gikomeye hagati y’abayobozi bakuru bo mu ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC / M23) n’abantu bavuga rikijyana bo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Uyu muhango wo kungurana ibitekerezo, waranzwe nâubusobanuro bukomeye mu bya politiki nâimibereho, wari umwe […]
Ish Kevin yahagaritse kunywa itabi

Umuraperi Semana Kevin uzwi cyane ku izina rya Ish Kevin yatangaje ko yamaze kureka kunywa itabi nâibindi biyobyabwenge, aho amaze amezi atandatu atabyikoza. Ibi yabihishuriye IGIHE, asobanura ko byaturutse ku cyemezo yafashe ku bushake bwe bwite. Ish Kevin yavuze ko nta muntu nâumwe wigeze amuhatira kureka ibyo biyobyabwenge, nta wamukangishije cyangwa ngo amuhane, ahubwo ko […]
Gen MK Mubarakh yakiriye ku meza abakinnyi nâabatoza ba APR FC

Umugaba Mukuru wâIngabo zâu Rwanda (RDF), Gen MK Mubarakh, kuri uyu wa Mbere, itariki 12 Mutarama 2026, yakiriye ku meza abakinnyi nâabatoza bâikipe ya APR FC kuri Mess yâAbofisiye bakuru, Kimihurura. Ni  mu rwego rwo gushimira APR FC ku ntsinzi ikomeye yegukanye  itsinze Rayon Sports ku mukino wâigikombe cya Super Cup. Mu ijambo rye, Gen […]
Somalia yasheshe amasezerano yose yari ifitanye na UAE

Kuri uyu wa Mbere ushize, Guverinoma ya Somaliya yavuze ko isheshe amasezerano yose yagiranye na Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu, harimo amasezerano yâicyambu nâubufatanye mu bya gisirikare, ishinja UAE guhungabanya ubusugire bwâigihugu. Inama yâabaminisitiri muri Somaliya yagize iti: “Iki cyemezo gishingiye kuri raporo zizewe nâibimenyetso bifatika bijyanye nâibikorwa byâurwango bibangamira ubusugire bwâigihugu, ubumwe bwâakarere, nâubwigenge bwa […]
AFC/M23 yavuze aho Kabila udaheruka kugaragara mu ruhame aherereye

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko Joseph Kabila akiri ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe uyu mugabo wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo amaze amezi menshi atagaragara mu ruhame. Umuhuzabikorwa wa AFC/M23, Corneille Nangaa ubwo ku wa Mbere tariki ya 12 Mutarama yari ayoboye inama yahuje ubuyobozi bukuru bwa […]
Umupfumu wahawe miliyoni 47 Frw asezeranya Mali gutwara AFCON 2025 yatawe muri yombi

Umupfumu wo muri Mali yatawe muri yombi nyuma yo gushuka abakunzi bâumupira wâamaguru abizeza ko ikipe yâigihugu ya Mali izatwara Igikombe cya Afurika (AFCON 2025) kizabera muri Maroc. Uyu mugabo yakusanyije amafaranga arenga miliyoni 47 Frw avuye ku bafana, abizeza ko Mali izatwara AFCON. Uyu mupfumu uzwi ku izina rya Karamogo Sinayogo, yafatiwe mu murwa […]