Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Ukwakira 2020, Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yitabiriye ibirori by’ababyeyi b’umugore we, Angeline Ndayubaha.
Se wa Angeline Ndayubaha yitwa Ngogwanubusa Gérard, nyina akitwa Hakizimana Madeleine, bakaba barizihizaga imyaka 50 ishize bashakanye, hiyongeraho ibyishimo byo kuba bafite umukwe umaze amezi arenga atatu yicaye ku ntebe y’Umukuru w’Igihugu.
Ngogwanubusa na Madeleina bashakanye tariki ya 24 Ukwakira 1970. Ubutumwa umukobwa wabo, Angeline Ndayubaha yabagenewe, bugira buti: “Mwishyuke ku bwa yubile mumaze muushakanye: 1970-2020. Imana ibuzuze ibyishimo n’umugisha.”
Perezida Ndayishimiye n’umugore we inyuma y’ababyeyi
Ngogwanubusa Gérard na Madeleine bamaze imyaka 50 bashakanye



2 Responses
Perezida Ndayishimiye mu birori by’ababyeyi b’umugore we_Amafoto
Nifuza umukunzi utarengeje nibura imyaka 28ans winzobe bibaye byiza wize nibura kurangiza secandary jye pfite A1 muri civil engineering murakoze
Perezida Ndayishimiye mu birori by’ababyeyi b’umugore we_Amafoto
Nifuza umukunzi utarengeje nibura imyaka 28ans winzobe bibaye byiza wize nibura kurangiza secandary jye pfite A1 muri civil engineering murakoze