Perezida wa Koreya ya Ruguru yasesekaye aho agomba guhurira na mugenzi we Trump

Sangiza iyi nkuru

Perezida wa Koreya ya ya Ruguru, Kim Jong yamaze gusesekara mu gihugu cya Singapour aho biteganyijwe ko agomba guhurira na mugenzi we Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Biteganyijwe ko aba baperezida bombi baomba guhurira mu nama izaba  ku munsi wa kabiri w’icyumweru kigiye gutangira.

perezida Trump yafashe iyo nama ko ari yo irimo amahirwe yo guhura na mugenzi we bahanganye ndetse bakaba banamaze iminsi bahanganye bikaba biteganyijwe ko iiganiro bazagirana bizavamo umuti ku kibanzo kiri hagati yabo cyo kutavuga rumwe ku kudakoresha intwaro zo mu bwoko bwa Misile.

“ingunga imwe” yo kurondera amahoro, ko bose bahuriye mu “gihugu batazi”.

Amerika yizeye ko iyo nama izotanguza inzira yotuma Bwana Kim atangura kuvirira umugambi wiwe w’ibigwanisho vya “nucléaire”.

Aba baperezida baranzwe no kutavuga rumwe guhera mu mezi 18 ashize bakaba bagomba kubanza na Minisitiri w’Intebe wa Singapour mbere y’uko inama itangira aho bagomba kuzaganira ku bibazo bibugarije.

Amerika yifuza ko Korea ya Ruguru irekeraho gukoresha intwaro  zikoreshwa imbaraga za Nikereyeri, ariko perezida Kim Jong akavuga ko ziriya ntwaro ari zo bukungu ndetse n’icyubahiro by’igihugu cye.

Aba baperezida baranzwe no guterana amagambo kubera iki kibazo ndetse ndetse rimwe na rimwe bakanabwirana amagambo Atari meza.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *