Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ruvuga ko rigiye gukurikirana iby’amakuru rwahawe n’uwitwa Tessy kuri Twitter, avuga ko hari umuntu wamwimye imodoka ye, n’iyo amuhamagaye amucyaha ngo nta musakurize. Uyu Tess yanditse kuri Twitter ati ” Mwaramutse @RIB_Rw RIB yasubije iti ” Mwaramutse neza, twandikire muri DM uduhe telephone yawe n’amakuru arambuye tubikurikirane. Murakoze.” Uyu mukobwa ariko ntiyasobanuye uko uwo muntu yamutwaye imodoka. Ingingo y’uko RIB igezwaho ibirego ariko kubona igisubizo bigasaba gutegereza igihe kirekire ikomeje kugarukwaho muri rubanda.
Mfite ikibazo,umuntu yanyimye imodoka yanjye,niba ari uko nd’ umukobwa?arambwira ngo” sinzongere kumuhamagara no kumusakuriza”ikibazo cyanjye nkigeza muri RIB,mbabwira uyifite,aho abarizwa,ukwezi kurashize ntakintu bamfasha @Rwandapolice”


