Amakuru yageze kuri Bwiza.com aturuka mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi, ni ay’ifatwa rya Padiri Uwingabire Emmanuel, umuyobozi wa GS Saint Paul Muko, hamwe n’abandi 7 barimo Gitifu w’akagari ka Nyange muri uyu murenge Bushayija Jean Marie Vianney akaba na perezida w’ababyeyi muri iri shuri, nyuma yo gutegura inama y’ababyeyi yitabiriwe n’abagera kuri 500 igahindurwamo ibirori batubahirije amabwiriza yo kwirinda COVID-19, bakarazwa muri Sitade ya Rusizi bakanirizwamo, bakanacibwa amande, Gitifu Bushayija we agahita ategekwa gusezera.
Iyi nama nk’uko raporo ngufi yayikozweho yageze kuri Bwiza.com yabivugaga, ngo yari iy’ababyeyi yari yatumijwe n’umuyobozi w’iri shuri Padiri Uwingabire Emmanuel tariki ya 29 Ukuboza, mu by’ingenzi byari biyitegerejwemo ngo harimo guha inka uyu Gitifu akaba na perezida w’ababyeyi barerera muri iri shuri Bushayija JMV ngo ku bw’ ubuhare rwe mu mitsindire y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta umwaka ushize,aho ryatsindishije mu buryo budasanzwe,hakaba no gusangira n’ababyeyi babifuriza iminsi mikuru myiza ya Noheli n’ubunani.
Nubwo ngo ibirori nk’ibi ubwabyo bitemewe n’amabwiriza yo kwirinda COVID-19 nk’uko bivugwa n’ubuyobozi bw’aka karere, ngo hagaragayemo byinshi byo kurenga kuri aya mabwiriza birimo kuba byarakozwe bitamenyeshejwe ubuyobozi bw’umurenge, Akarere n’inzego z’umutekano, kuba muri bariya 500 bose ngo babijemo nta n’umwe wari wipimishije COVID-19 mbere y’amasaha 24 ngo bagaragaze ko batarwaye, ntibigeze bubahiriza amabwiriza yo guhanta intera, kwambara udupfukamunwa ukwo bikwiye,n’ibindi bisabwa, byatumye abari bayoboye ibyo birori barimo padiri na Gitifu bafatwa bajyanwa kuri sitade ya Rusizi barajwe bakanirizwa, ari na bwo uyu Gitifu Bushayija JMV yahise ategeka gusezera ku mirimo ye.
Umuyobozi wako Dr Kibiriga Anicet yemeje iby’aya makuru, binavugwa ko ari we ubwe wigiriye mu Bugarama n’inzego z’umutekano kubafata bakajyanwa kuri Sitade y’aka karere. Yagize ati: “Ni byo, ku wa 29 Ukuboza muri ririya shuri hateguwe inama y’ababyeyi iza guhindurwamo ibirori, bitangwamo inka, bifurizanyirizamo Noheli n’ubunani basangira ibigori,byose bitubahirije amabwiriza yo kwirinda COVID-19.’’
Avuga ko iyo nka yahawe uyu Gitifu w’akagari akaba na Perezida wa komite y’ababyeyi y’iri shuri ngo ari ishimwe ry’ababyeyi barirereramo, ababijemo nta bwiriza na rimwe rya COVID-19 bubahirije,nta n’uburenganzira bigeze basaba, nta buyobozi na bumwe bubizi.
Ati: “Twabimeneye mu ma saa cyenda y’igicamunsi duhita tujyayo dufata abari bahagarariye abandi bari mu byo bita kwinegura abaturage bo batangiye gutaha. Twabafashe nk’uko amabwiriza abivuga tubaraza kuri sitade tubigisha n’uyu munsi biriwemo bigishwa,nyuma bakaza gucibwa amande, padiri we aracibwa arenze kurushaho kuko ari we nyirabayazana wabyo byose, abayobozi barimo bo bagomba guhita basezera ku mirimo yabo nta yindi nteguza kuko abo si abayobozi.’’
Abajijwe niba na Padiri yategetswe gusezera ku buyobozi bw’iri shuri nk’uko Gitifu yabitegetswe, Meya Dr Kibiriga ati: “Kugeza ubu uwo twabwiye ko agomba guhita asezera ni uriya Gitifu w’akagari, ibya Padiri turabikurikirana ukwabyo ,igihita kimukorerwa ni ukumuca amande agasubira mu kigo ayobora ibindi bigakurikiranwa nyuma.’’
Ku cyo kumenya niba Gitifu w’akagari nk’uwari watumiwe mu nshingano afite muri ririya shuri, gutegekwa gusezera ataba arenganye, Meya ati: “Ubwo se ibyo yari agiyemo bindi ahagarariye bimukuraho kuba umuyobozi w’akagari? Ubwo se jye najya mu birori bitemewe nubwo naba mfite ibindi mbihagarariyemo ukavuga ko atari Meya wari uhari? Agomba gusezera ku mirimo ye kuko yakoze ikosa rikomeye ryo kudakumira ibyo birori, azi ko bitubahirije amabwiriza kandi ari we ushinzwe kureba uko yubahirizwa,akaba uwa mbere uyica ngo arahabwa inka,urumva wowe se yakwihanganirwa? Kandi na we arabyiyemerera akanabisabira imbabazi.’’
Yakomeje ati: “Igiteye impungenge kurushaho ni uko abo twafashe bose twahise tubapimisha tugasangamo umwe wanduye COVID-19, bivuze ko batari bigeze bipimisha mbere yo kubizamo kandi muri aka karere COVID-19 irimo kuzamuka cyane ku buryo no mu bakozi bapimwe turi kuyibasangana bivuze ko nta mikino na mike tuyifiteho.”
Bibaye mu gihe ubwo abakozi bose b’aka karere guhera mu tugari bari basabwe kwipimisha COVID -19 kuri uyu wa 29 Ukuboza, hari bamwe bayisanzemo nk’aho mu murenge wa Nyakarenzo bivugwa ko abagera kuri 7 bayisanganwe barimo akagari Gitifu na SEDO bayisanganywe icyarimwe.
Hakaba n’akandi Gitifu yayisanganywe atari asanzwe afite SEDO, abaturage b’utwo tugari twombi bakibaza uba abaha serivisi muri ibi bihe abayobozi babo bose bari mu kato, hakaba n’indi mirenge mu bakozi yababonetsemo, uyu muyobozi agasaba abaturage n’abakozi kudakinisha iki cyorezo, bakubahiriza ibyo basabwa byose ngo bagikumire birimo no kwirinda ibirori nk’ibi bitemewe,cyane cyane muri ibi bihe by’iminsi mikuru isoza umwaka.





68 Responses
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Muzashake ibindibihanokuko kuraza abantumuri stade ntibivuracg ngobikumire covide
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Muzashake ibindibihanokuko kuraza abantumuri stade ntibivuracg ngobikumire covide
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Muzashake ibindibihanokuko kuraza abantumuri stade ntibivuracg ngobikumire covide
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Muzashake ibindibihanokuko kuraza abantumuri stade ntibivuracg ngobikumire covide
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Uyumu Padiri ari muri babandi basebya Kiriziya itunganye.Musenyeri arebe uko abigenza
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Uyumu Padiri ari muri babandi basebya Kiriziya itunganye.Musenyeri arebe uko abigenza
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Gitifu niyirukanwa azaba arenganye kuko amabwiriza ya covid ndacyeka Atari mubyirukanisha umukozi wa Leta
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Gitifu niyirukanwa azaba arenganye kuko amabwiriza ya covid ndacyeka Atari mubyirukanisha umukozi wa Leta
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Nibyo Koko ntibubahirije
Amabwiriza gusa bakwiye
Imbabazi gusa mutubabarire twebwe abanye shuri padiri
Mumurekere imirimo yiwe
Kuko kwiga mu murenge wabugarama byasubira
Inyuma pee!
Mugirire impuwe abanyeshuri kuko abafitiye runini Kandi
Namwe mwarabibonye
Impinduka yazanye ugereranyije
Nambere Yuko
Aza gusa tura musabira imbabazi nkabanyeshuri.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Nibyo Koko ntibubahirije
Amabwiriza gusa bakwiye
Imbabazi gusa mutubabarire twebwe abanye shuri padiri
Mumurekere imirimo yiwe
Kuko kwiga mu murenge wabugarama byasubira
Inyuma pee!
Mugirire impuwe abanyeshuri kuko abafitiye runini Kandi
Namwe mwarabibonye
Impinduka yazanye ugereranyije
Nambere Yuko
Aza gusa tura musabira imbabazi nkabanyeshuri.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Nibyo Koko ntibubahirije
Amabwiriza gusa bakwiye
Imbabazi gusa mutubabarire twebwe abanye shuri padiri
Mumurekere imirimo yiwe
Kuko kwiga mu murenge wabugarama byasubira
Inyuma pee!
Mugirire impuwe abanyeshuri kuko abafitiye runini Kandi
Namwe mwarabibonye
Impinduka yazanye ugereranyije
Nambere Yuko
Aza gusa tura musabira imbabazi nkabanyeshuri.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Nibyo Koko ntibubahirije
Amabwiriza gusa bakwiye
Imbabazi gusa mutubabarire twebwe abanye shuri padiri
Mumurekere imirimo yiwe
Kuko kwiga mu murenge wabugarama byasubira
Inyuma pee!
Mugirire impuwe abanyeshuri kuko abafitiye runini Kandi
Namwe mwarabibonye
Impinduka yazanye ugereranyije
Nambere Yuko
Aza gusa tura musabira imbabazi nkabanyeshuri.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Ngiki ikizatuma Covid-19 itarangira. Nta muyobozi ucyubaha undi, bitwaza covid bagakora ibidakwiye kugeza no ku bihayimana ukumva ari mugenzi wawe!!! Noneho numiwe kurushaho mbonye ikibazo kibaza niba na Padiri wasabwe kwegura.Aho ntiwari ugize ngo Padiri ni gitifu!??
Kuraza Padiri muri stade ukaramuka ubyigamba ndumva nta bumuntu burimo. Nibwira ko nta n’ubashimira iyo mikorere yanyu. Ngo bateranyijwe no guha inka gitifu!??? Ugahamagara abantu 500 koko!!!?? Ntibyumvikana na gato!! Ni akagambane. Iyi mikirere ntiyadukiza covid ndabibabwiye.
Ndabona hirya no hino bandura ku bwinshi, harya ruriya rukingo ni urwa covid cyangwa bararwitiranyije baduha urutarirwo!? Niba ari rwo se ruzadukingira ryari!?? Niba rutadukingira se ubwo rukwiye kuba rwitwa urukingo? Kurwiteza se bimaze iki? Cg bimaze ikindi nk’uko abagambyi babivuga!? Turahiga nta mbwa, Setu.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Muvandi hari byinshi utarasobanukirwa ushatse wakituriza kuko Padiri iwacu ntabwo aruta General nawe kuri Covid baramutamaje!!
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Muvandi hari byinshi utarasobanukirwa ushatse wakituriza kuko Padiri iwacu ntabwo aruta General nawe kuri Covid baramutamaje!!
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Bavandimwe na kera imbabazi zabagaho ni mubahe imbabazi basi nibasubira muzabahane ariko dore nyabuneka abantu bajya bakenerana ubuzima ni gatebe gatoki kdi mwibikeko umuyobozi nawe ni umuntu arakosa dore ko Imana nayo itwihanganira mu makosa yacu ya buri munsi,twihanganirane nkuko Yezu nawe yabigenje uko.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Bavandimwe na kera imbabazi zabagaho ni mubahe imbabazi basi nibasubira muzabahane ariko dore nyabuneka abantu bajya bakenerana ubuzima ni gatebe gatoki kdi mwibikeko umuyobozi nawe ni umuntu arakosa dore ko Imana nayo itwihanganira mu makosa yacu ya buri munsi,twihanganirane nkuko Yezu nawe yabigenje uko.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Ako kantu kbs, ndumiwe koko urukingo rudakingira ruba rwitwa urukingo ndibariza? None se wamugani ubu nti turi guhiga nta mbwa. Ahaaa nzaba ndora ni umunyarwanda waryise
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Ako kantu kbs, ndumiwe koko urukingo rudakingira ruba rwitwa urukingo ndibariza? None se wamugani ubu nti turi guhiga nta mbwa. Ahaaa nzaba ndora ni umunyarwanda waryise
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Kovide 19
Intego Yayo nukwica
Nitera bwoba rihayikishije ISI nabayituye
NJYEWE .ndunva kuyirwanya
Arukunvira .amabwiriza
Namategeko yubuyobozi bwigihugu
Ntawe .urihejuru amategeko
RERO abantu 500 sibenshi pe?
Muburyo batari kubahiriza
Metero.zabigenewe
NB
Gitifu
Na padiri
Bahabwe imbabazi
Ntibateshwe agiciro
Kuberako Bari munshingano
Zibareba
Akanyamuneza
Kabagezemo
Ba babarirwe ntibazongere
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Kovide 19
Intego Yayo nukwica
Nitera bwoba rihayikishije ISI nabayituye
NJYEWE .ndunva kuyirwanya
Arukunvira .amabwiriza
Namategeko yubuyobozi bwigihugu
Ntawe .urihejuru amategeko
RERO abantu 500 sibenshi pe?
Muburyo batari kubahiriza
Metero.zabigenewe
NB
Gitifu
Na padiri
Bahabwe imbabazi
Ntibateshwe agiciro
Kuberako Bari munshingano
Zibareba
Akanyamuneza
Kabagezemo
Ba babarirwe ntibazongere
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Kovide 19
Intego Yayo nukwica
Nitera bwoba rihayikishije ISI nabayituye
NJYEWE .ndunva kuyirwanya
Arukunvira .amabwiriza
Namategeko yubuyobozi bwigihugu
Ntawe .urihejuru amategeko
RERO abantu 500 sibenshi pe?
Muburyo batari kubahiriza
Metero.zabigenewe
NB
Gitifu
Na padiri
Bahabwe imbabazi
Ntibateshwe agiciro
Kuberako Bari munshingano
Zibareba
Akanyamuneza
Kabagezemo
Ba babarirwe ntibazongere
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Kovide 19
Intego Yayo nukwica
Nitera bwoba rihayikishije ISI nabayituye
NJYEWE .ndunva kuyirwanya
Arukunvira .amabwiriza
Namategeko yubuyobozi bwigihugu
Ntawe .urihejuru amategeko
RERO abantu 500 sibenshi pe?
Muburyo batari kubahiriza
Metero.zabigenewe
NB
Gitifu
Na padiri
Bahabwe imbabazi
Ntibateshwe agiciro
Kuberako Bari munshingano
Zibareba
Akanyamuneza
Kabagezemo
Ba babarirwe ntibazongere
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Kovide 19
Intego Yayo nukwica
Nitera bwoba rihayikishije ISI nabayituye
NJYEWE .ndunva kuyirwanya
Arukunvira .amabwiriza
Namategeko yubuyobozi bwigihugu
Ntawe .urihejuru amategeko
RERO abantu 500 sibenshi pe?
Muburyo batari kubahiriza
Metero.zabigenewe
NB
Gitifu
Na padiri
Bahabwe imbabazi
Ntibateshwe agiciro
Kuberako Bari munshingano
Zibareba
Akanyamuneza
Kabagezemo
Ba babarirwe ntibazongere
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Kovide 19
Intego Yayo nukwica
Nitera bwoba rihayikishije ISI nabayituye
NJYEWE .ndunva kuyirwanya
Arukunvira .amabwiriza
Namategeko yubuyobozi bwigihugu
Ntawe .urihejuru amategeko
RERO abantu 500 sibenshi pe?
Muburyo batari kubahiriza
Metero.zabigenewe
NB
Gitifu
Na padiri
Bahabwe imbabazi
Ntibateshwe agiciro
Kuberako Bari munshingano
Zibareba
Akanyamuneza
Kabagezemo
Ba babarirwe ntibazongere
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Kovide 19
Intego Yayo nukwica
Nitera bwoba rihayikishije ISI nabayituye
NJYEWE .ndunva kuyirwanya
Arukunvira .amabwiriza
Namategeko yubuyobozi bwigihugu
Ntawe .urihejuru amategeko
RERO abantu 500 sibenshi pe?
Muburyo batari kubahiriza
Metero.zabigenewe
NB
Gitifu
Na padiri
Bahabwe imbabazi
Ntibateshwe agiciro
Kuberako Bari munshingano
Zibareba
Akanyamuneza
Kabagezemo
Ba babarirwe ntibazongere
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Kovide 19
Intego Yayo nukwica
Nitera bwoba rihayikishije ISI nabayituye
NJYEWE .ndunva kuyirwanya
Arukunvira .amabwiriza
Namategeko yubuyobozi bwigihugu
Ntawe .urihejuru amategeko
RERO abantu 500 sibenshi pe?
Muburyo batari kubahiriza
Metero.zabigenewe
NB
Gitifu
Na padiri
Bahabwe imbabazi
Ntibateshwe agiciro
Kuberako Bari munshingano
Zibareba
Akanyamuneza
Kabagezemo
Ba babarirwe ntibazongere
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Kovide 19
Intego Yayo nukwica
Nitera bwoba rihayikishije ISI nabayituye
NJYEWE .ndunva kuyirwanya
Arukunvira .amabwiriza
Namategeko yubuyobozi bwigihugu
Ntawe .urihejuru amategeko
RERO abantu 500 sibenshi pe?
Muburyo batari kubahiriza
Metero.zabigenewe
NB
Gitifu
Na padiri
Bahabwe imbabazi
Ntibateshwe agiciro
Kuberako Bari munshingano
Zibareba
Akanyamuneza
Kabagezemo
Ba babarirwe ntibazongere
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Kovide 19
Intego Yayo nukwica
Nitera bwoba rihayikishije ISI nabayituye
NJYEWE .ndunva kuyirwanya
Arukunvira .amabwiriza
Namategeko yubuyobozi bwigihugu
Ntawe .urihejuru amategeko
RERO abantu 500 sibenshi pe?
Muburyo batari kubahiriza
Metero.zabigenewe
NB
Gitifu
Na padiri
Bahabwe imbabazi
Ntibateshwe agiciro
Kuberako Bari munshingano
Zibareba
Akanyamuneza
Kabagezemo
Ba babarirwe ntibazongere
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Ngiki ikizatuma Covid-19 itarangira. Nta muyobozi ucyubaha undi, bitwaza covid bagakora ibidakwiye kugeza no ku bihayimana ukumva ari mugenzi wawe!!! Noneho numiwe kurushaho mbonye ikibazo kibaza niba na Padiri wasabwe kwegura.Aho ntiwari ugize ngo Padiri ni gitifu!??
Kuraza Padiri muri stade ukaramuka ubyigamba ndumva nta bumuntu burimo. Nibwira ko nta n’ubashimira iyo mikorere yanyu. Ngo bateranyijwe no guha inka gitifu!??? Ugahamagara abantu 500 koko!!!?? Ntibyumvikana na gato!! Ni akagambane. Iyi mikirere ntiyadukiza covid ndabibabwiye.
Ndabona hirya no hino bandura ku bwinshi, harya ruriya rukingo ni urwa covid cyangwa bararwitiranyije baduha urutarirwo!? Niba ari rwo se ruzadukingira ryari!?? Niba rutadukingira se ubwo rukwiye kuba rwitwa urukingo? Kurwiteza se bimaze iki? Cg bimaze ikindi nk’uko abagambyi babivuga!? Turahiga nta mbwa, Setu.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Rwose pe mubababarire bacitswe ariko bahakuye isomo ,kubirukana mu KAZI rwose ntibyumvikana,mubahe imbabazi no kurazwa muri stade Uri umuyobozi ni igihano.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Rwose pe mubababarire bacitswe ariko bahakuye isomo ,kubirukana mu KAZI rwose ntibyumvikana,mubahe imbabazi no kurazwa muri stade Uri umuyobozi ni igihano.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Rwose pe mubababarire bacitswe ariko bahakuye isomo ,kubirukana mu KAZI rwose ntibyumvikana,mubahe imbabazi no kurazwa muri stade Uri umuyobozi ni igihano.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Aka ni akumiro koko, harya urukingo rurinda iki? None se umuntu yandura ate yarikingije? Wa mugani turi guhiga nta mbwa, ahaaa nzabandora ryiswe umunyarwanda. Gitifu akaba abigendeyemo kubera gushimirwa.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Aka ni akumiro koko, harya urukingo rurinda iki? None se umuntu yandura ate yarikingije? Wa mugani turi guhiga nta mbwa, ahaaa nzabandora ryiswe umunyarwanda. Gitifu akaba abigendeyemo kubera gushimirwa.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Aka ni akumiro koko, harya urukingo rurinda iki? None se umuntu yandura ate yarikingije? Wa mugani turi guhiga nta mbwa, ahaaa nzabandora ryiswe umunyarwanda. Gitifu akaba abigendeyemo kubera gushimirwa.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Aka ni akumiro koko, harya urukingo rurinda iki? None se umuntu yandura ate yarikingije? Wa mugani turi guhiga nta mbwa, ahaaa nzabandora ryiswe umunyarwanda. Gitifu akaba abigendeyemo kubera gushimirwa.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Kwirukana Gitifu ntabwo ariwo muti,ahubwo nibisunge ubutabera!
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Kwirukana Gitifu ntabwo ariwo muti,ahubwo nibisunge ubutabera!
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Rwose pe mubababarire bacitswe ariko bahakuye isomo ,kubirukana mu KAZI rwose ntibyumvikana,mubahe imbabazi no kurazwa muri stade Uri umuyobozi ni igihano.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Arikose buriya byaringombwa guhita utangaza ngo wirukanye executif, njye ndabona haricyindi mushobora kuba mumuhora kuko nawe numuntu kd umuntu arakosa kd ikindi yasabye imbabazi yemera ikosa kd keigamba ngo waraje Padiri muri stage nabyo ntabwo biri catholic; ese agaciro muha umukozi wa leta ni akahe nukwirukanwa as casual gusa uyumunsi niwe ejo niwowe “ubuzima nigatebe gatoki”.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Arikose buriya byaringombwa guhita utangaza ngo wirukanye executif, njye ndabona haricyindi mushobora kuba mumuhora kuko nawe numuntu kd umuntu arakosa kd ikindi yasabye imbabazi yemera ikosa kd keigamba ngo waraje Padiri muri stage nabyo ntabwo biri catholic; ese agaciro muha umukozi wa leta ni akahe nukwirukanwa as casual gusa uyumunsi niwe ejo niwowe “ubuzima nigatebe gatoki”.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Ese uwo wabwiye gitifu kwegura abifitiye ububasha? Naho padiri we alye ari menge yuko kiliziya gatolika basanzwe bayirwaye. Ibyo guhana ikivunge nka kiliya ndabona kitakorannywe ubushishozi yuko iyo babigisha bagatanga amande, bagataha, byari kugira umusaruro urutaguhana ikivunge ngo nuko basangiye.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Ese uwo wabwiye gitifu kwegura abifitiye ububasha? Naho padiri we alye ari menge yuko kiliziya gatolika basanzwe bayirwaye. Ibyo guhana ikivunge nka kiliya ndabona kitakorannywe ubushishozi yuko iyo babigisha bagatanga amande, bagataha, byari kugira umusaruro urutaguhana ikivunge ngo nuko basangiye.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Nukuri twebe nk’abanyeshuri mutubabarire padiri wacu adufatiye runini kumukura kubuyobozi bwikigo nukudukura mwishuri nk’abanyeshuri kuko ntawuraziko Aho yakuye St Paul arikure kandi Aho ayigejeje nikure kandi heza rero muturekere padiri wacu kuko atwifuriza ibyiza gusa.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Nukuri twebe nk’abanyeshuri mutubabarire padiri wacu adufatiye runini kumukura kubuyobozi bwikigo nukudukura mwishuri nk’abanyeshuri kuko ntawuraziko Aho yakuye St Paul arikure kandi Aho ayigejeje nikure kandi heza rero muturekere padiri wacu kuko atwifuriza ibyiza gusa.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Njye ndasaba Bamwe guhinduka imyumvire
1.Urukingo ntirukubuza kwandura Cyangwa kwanduza ruturinda rukongerera imbaraga z.umubiri ku guhangana n.ubwandu ntuzahare mugihe wikurikiranye kugihe
2.Padiri guhanwa na stade akayigezwamo ntawe uri hejuru yamategeko Kandi mubahanga tugira babamo no kumvira ubuyobozi n ,inshingano ndetse zivugwa no muri Bibiliya yakoze ibyazi yirengagije
3.Gitif we birumvikana ko ikosa arizi Kandi yararizi byongeraho kuvugwamo indonke biba inyungu ze yirengagiza cyangwa yibagirwa abareberera
4.guhanwa mubirekere ababishinzwe Kandi imbabazi zisabwa na nyirukubikora ntapadiri nta gitif Bose barebereye intama nabi umukuriye amusengere
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Njye ndasaba Bamwe guhinduka imyumvire
1.Urukingo ntirukubuza kwandura Cyangwa kwanduza ruturinda rukongerera imbaraga z.umubiri ku guhangana n.ubwandu ntuzahare mugihe wikurikiranye kugihe
2.Padiri guhanwa na stade akayigezwamo ntawe uri hejuru yamategeko Kandi mubahanga tugira babamo no kumvira ubuyobozi n ,inshingano ndetse zivugwa no muri Bibiliya yakoze ibyazi yirengagije
3.Gitif we birumvikana ko ikosa arizi Kandi yararizi byongeraho kuvugwamo indonke biba inyungu ze yirengagiza cyangwa yibagirwa abareberera
4.guhanwa mubirekere ababishinzwe Kandi imbabazi zisabwa na nyirukubikora ntapadiri nta gitif Bose barebereye intama nabi umukuriye amusengere
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Njye ndasaba Bamwe guhinduka imyumvire
1.Urukingo ntirukubuza kwandura Cyangwa kwanduza ruturinda rukongerera imbaraga z.umubiri ku guhangana n.ubwandu ntuzahare mugihe wikurikiranye kugihe
2.Padiri guhanwa na stade akayigezwamo ntawe uri hejuru yamategeko Kandi mubahanga tugira babamo no kumvira ubuyobozi n ,inshingano ndetse zivugwa no muri Bibiliya yakoze ibyazi yirengagije
3.Gitif we birumvikana ko ikosa arizi Kandi yararizi byongeraho kuvugwamo indonke biba inyungu ze yirengagiza cyangwa yibagirwa abareberera
4.guhanwa mubirekere ababishinzwe Kandi imbabazi zisabwa na nyirukubikora ntapadiri nta gitif Bose barebereye intama nabi umukuriye amusengere
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Njye ndasaba Bamwe guhinduka imyumvire
1.Urukingo ntirukubuza kwandura Cyangwa kwanduza ruturinda rukongerera imbaraga z.umubiri ku guhangana n.ubwandu ntuzahare mugihe wikurikiranye kugihe
2.Padiri guhanwa na stade akayigezwamo ntawe uri hejuru yamategeko Kandi mubahanga tugira babamo no kumvira ubuyobozi n ,inshingano ndetse zivugwa no muri Bibiliya yakoze ibyazi yirengagije
3.Gitif we birumvikana ko ikosa arizi Kandi yararizi byongeraho kuvugwamo indonke biba inyungu ze yirengagiza cyangwa yibagirwa abareberera
4.guhanwa mubirekere ababishinzwe Kandi imbabazi zisabwa na nyirukubikora ntapadiri nta gitif Bose barebereye intama nabi umukuriye amusengere
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Mubyukuri niba mwizeye ko ibyo mudukorera ari ukuri inkingo twakingiwe zifite ubushobozi bwo kudukingira akaba ntayandi marangamutima mufite niki gitumye muca iteka ryo kweguza gitifu Padiri akarazwa muri stade kandi ntawinjiye aterekanye ikarita yikingirijeho kwikingiza byaba bitumariye iki?
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Mubyukuri niba mwizeye ko ibyo mudukorera ari ukuri inkingo twakingiwe zifite ubushobozi bwo kudukingira akaba ntayandi marangamutima mufite niki gitumye muca iteka ryo kweguza gitifu Padiri akarazwa muri stade kandi ntawinjiye aterekanye ikarita yikingirijeho kwikingiza byaba bitumariye iki?
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Iki ni ikibazo cya munyangire n’ishyari ryishe abantu Bamwe muri kiriya kibaya !
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Iki ni ikibazo cya munyangire n’ishyari ryishe abantu Bamwe muri kiriya kibaya !
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Muribesha umuntu abaho ku bw’Impuhwe n’ikigongwe vy’Imana!Uwuhambaye azomare inyakaka 100 tumwemere!????????????
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Muribesha umuntu abaho ku bw’Impuhwe n’ikigongwe vy’Imana!Uwuhambaye azomare inyakaka 100 tumwemere!????????????
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Niganye na Ntegamaherezo.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Niganye na Ntegamaherezo.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Ndabona Dr Mayor atangiye nabi pee!!!
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Ndabona Dr Mayor atangiye nabi pee!!!
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Umve nimubababarire kuko ubwo babonye isomo kubirukana mukazi ntibikwiye pe
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Umve nimubababarire kuko ubwo babonye isomo kubirukana mukazi ntibikwiye pe
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Mbanje kubashimira by’umwiharikowanyu amakuru meza mutugezaho. Nibyokoko covid, irahari kandi no kuyirinda bigomba gukurikizwa,kugirango icogore% naho kwirukanwa kwabayobozi muriruriya rwego, ntekereza ko ubwo ataribwo bufasha bwihutirwa buba bukenewe cyane ahubwo kongera ubumenyi nimyumvire bijyanye no kwirinda covid, nibyo byakabaye bihabwa buriwese igihe afatiwe mwikosa hatitawe kucyo yabaricyocyose, Murakoze.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Mbanje kubashimira by’umwiharikowanyu amakuru meza mutugezaho. Nibyokoko covid, irahari kandi no kuyirinda bigomba gukurikizwa,kugirango icogore% naho kwirukanwa kwabayobozi muriruriya rwego, ntekereza ko ubwo ataribwo bufasha bwihutirwa buba bukenewe cyane ahubwo kongera ubumenyi nimyumvire bijyanye no kwirinda covid, nibyo byakabaye bihabwa buriwese igihe afatiwe mwikosa hatitawe kucyo yabaricyocyose, Murakoze.
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Ese Bose ko bari barenze kumabwiriza kuki Bose batabarajemo cg ngo babahane ahubwo bagafata bake muribo?
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Ese Bose ko bari barenze kumabwiriza kuki Bose batabarajemo cg ngo babahane ahubwo bagafata bake muribo?
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Meya rwose aha wihuse cyane gukabya mbese werekanye ko uri umuyobozi
Rusizi: Padiri na Gitifu barajwe muri sitade, uyu muyobozi anirukanwa ku kazi
Meya rwose aha wihuse cyane gukabya mbese werekanye ko uri umuyobozi