Avuga ko umugabo asanzwe amuhoza ku nkeke birimo no kumuraza hanze kandi atwite

Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we

Sangiza iyi nkuru

Umukozi ushinzwe amashyamba mu murenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke akaba atuye mu mudugudu wa Karushaririza mu kagari ka Burunga mu murenge wa Gihundwe mu karere ka Rusizi, Bangamwabo Pascal w’imyaka 28,yatawe muri yombi nyuma yo gukubita no gukomeretsa bikomeye umugore we Byukusenge Patricie na we w’imyaka 28,utwite inda y’amezi 6 akaba SEDO w’Akagari ka Kamanyenga mu murenge wa Nkanka muri Rusizi.

Ubwo Bwiza.com yageraga mu bitaro bya Gihundwe aho uyu SEDO Byukusenge Patricie arembeye kuri uyu wa 10 Mutarama, yayitangarije ko yumva amerewe nabi cyane nyuma yo gukubitwa n’umugabo we akamukomeretsa bikomeye mu gahanga ,intoki z’ikiganza cy’I bumoso n’amaboko yombi, akumva ababara umubiri wose ndetse n’umwana atameze neza mu nda, akavuga ko umugabo we yaraye amuhohoteye bikabije kugeza amugize atyo amuziza amaherere,dore ko ngo asanzwe anamuhoza ku nkeke,hari n’ubwo amuraza hanze kandi bamaranye amezi 10 gusa.

Avuga ko umugabo asanzwe amuhoza ku nkeke birimo no kumuraza hanze kandi atwite
Avuga ko umugabo asanzwe amuhoza ku nkeke birimo no kumuraza hanze kandi atwite

Uyu mugore uvuga ko we n’umugabo we bakomoka mu kagari ka Bigoga mu murenge wa Nkombo,baraniganye amashuri abanza mu wa 5 no mu wa 6 ari ho batangiye no gukundana, bakaza no gushyingiranwa ku wa 01 Werurwe 2020, ngo intandaro y’iri hohoterwa yaturutse ku mafaranga 10.000 uyu mugore yoherereje nyina w’umukobwa ubafasha imirimo yo mu rugo y’umunsi mukuru wa Noheli n’umugabo abizi ariko arahindura ngo nayamuhe niyanga amwice, umugore amwibukije ko bumvikanye ko ayaha nyina w’uwo mukobwa undi aho kubyumva ahita amuhondagura.

Ati’’ Nyina w’uwo mukobwa tubana atuye ku Nkombo,yamuduhaye ngo adufashe,twari tumaranye amezi 3,nyina ambwira ko ni ntamuha Noheli amusubirana tubyumvikanaho n’umugabo ko nzamuha amafaranga 10.000, ariko kuko ntari nyafite umukozi dukorana anguriza 30.000 kuko nashakaga no kugura telefoni yakoze yamfasha mu kazi, umugabo ni we wagiye kuyazana, aho kuyangezaho yose agura telefoni ya 15.000 itagize icyo imariye mu kazi,andi arayanywera, na telefoni ye y’agaciro ka 150.000 ambwira ko yayitaye mu mazi avuye mu kabari turayikoresha irananirana, bukeye agiye ku kazi mu Bushenge agaruka ambwira ngo yagize umujinya arayijanjagura ayijugunya mu mugezi,ahita afata akanjye gato nari mfite aragatwara.’’

Yakomeje ati’’ Maze kumubwira ko iyo telefoni yanguriye ayo 15.000 ntacyo imariye mu kazi yayigurishije amafaranga 25.000 murumuna we amuha iyo akoresha ansubiza kamwe kanjye, ayo mafaranga nkuraho 10.000 nyoherereza wa mubyeyi w’umwana dufite twabanje kubijyaho inama.

Avuga ko n'umwana yumva atameze neza mu nda kubera kurwana n'umugabo ashaka kumukubitagura imigeri mu nda
Avuga ko n’umwana yumva atameze neza mu nda kubera kurwana n’umugabo ashaka kumukubitagura imigeri mu nda

Kuri uyu wa 9 Mutarama azinduka ayanyaka yose ngo ayahe murumuna we ayabereyemo, mubwiye ko nakuyemo 10.000 ambwira ko nintayamuha anyica, n’umwana ahita amwohereza iwabo, mubaza uko mbigenza nsigaye jyenyine kandi nkoresha amasaha 4 n’amaguru kujya ku kazi no kugaruka buri munsi nanatwite,n’igihe yajya ku kazi akagumayo kubera amabwiriza yo kwirinda COVID-19 uko nabigenza aranyihorera arigendera agaruka saa mbiri zirenga z’ijoro yasinze cyane, atangira kunyiyenzaho, ngiye kumva numva ankubise ku kabati,ankubita no ku rugi ibirahuri byarwo byose bimanyagurukiraho birankomeretsa, akomeza ku nkuba ku gikuta cy’inzu mvugije induru arakingura agashaka kunkubitagura imigeri yo mu nda nkahahisha, kugeza ubwo natabawe n’irondo rinzana aha mu bitaro ni ho nisanze.’’

Avuga ko intandaro y’amakimbirane yabo ishingiye ku businzi bukabije bw’umugabo aho ayo babonye yose ayanywera, hakaba n’umwana w’imyaka irenga 2 umugabo yabyaye hanze ntiyamumubwira, nyina aramuzana aramubaterera arigendera umugabo aramwemera ariko ngo umugabo agahora atekereza ko umugore amufata nabi kugeza amumukuyeho amujyana iwabo atabwiye umugore biramubabaza, akanakeka ko amuca inyuma kuko ngo hari igihe amara iminsi atarara mu rugo ntavuge aho yagiye, byose bigakurura ibibazo mu rugo.

Ati’’ Nta munsi n’umwe ataba yasinze kandi yaza akanshyira ku nkeke,akankubita akanandaza hanze, n’ubu ndumva merewe nabi cyane n’uwo ntwite,nimbona mvuye hano nzatekereza neza iby’imibanire yanjye na we kuko mfite impungenge ko yanyicira mu nzu,cyane ko akunda no kubivuga, anamaze kunkuraho abo bana bose twabanaga.’’

Ku wa 1 Werurwe ni ho bari bambikanye iy'urudashira
Ku wa 1 Werurwe ni ho bari bambikanye iy’urudashira

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka Burunga batuyemo, Niyomwungeri Jean Bosco,avuga ko basanganywe amakimbirane.

Ati’’ Barayasanganywe kandi birababaje ku bantu bagombye kuba intangarugero,ashingiye ku businzi bukabije bw’umugabo no gukekana gucana inyuma, ariko tugasaba abaturage ko igihe bimeze bityo aho gutekereza kugirirana nabi bajya begera ubuyobozi bukabagira inama byakwanga bakagana inkiko zikabatandukanya,kuko nk’aba umugore ari mu bitaro anatwite,umugabo arafunze,urugo ruri rwonyine, bakabaye intangarugero bikaba bidakwiye na gato.

Uyu muyobozi avuga ko bafite izindi ngo 18 zibanye mu makimbirane,hakaba iziganirizwa zikeyemeza kwisubiraho n’izo binanirana zikagirwa inama yo kugana inkiko.

SEDO Byukusenge Patricie aravuga ko yumva ubuzima bwe n'uwo atwite butameze neza na gato
SEDO Byukusenge Patricie aravuga ko yumva ubuzima bwe n’uwo atwite butameze neza na gato

Soma Izindi Nkuru

48 Responses

  1. Rusizi: CEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Very sad???????????????? uwo mucartas yakoze ibintu bitaribyirwanda ????????

  2. Rusizi: CEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Very sad???????????????? uwo mucartas yakoze ibintu bitaribyirwanda ????????

  3. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Inzira y’isuri irisiba. Mutangiye kare pe! Uzi ko mwakagombye kuba mukiri mu buki. Ukuntu mu bukene mwari muberewe. Mbagire inama mutandukane kuko ntaho mwagera pe!ingo z’ubu inyinshi ni uko zubakwa.

  4. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Inzira y’isuri irisiba. Mutangiye kare pe! Uzi ko mwakagombye kuba mukiri mu buki. Ukuntu mu bukene mwari muberewe. Mbagire inama mutandukane kuko ntaho mwagera pe!ingo z’ubu inyinshi ni uko zubakwa.

  5. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Yewe umugabo ni igihararumbo.

  6. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Yewe umugabo ni igihararumbo.

  7. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Yewe umugabo ni igihararumbo.

  8. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Yewe umugabo ni igihararumbo.

  9. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Ushatse wahita usanga aba byeyi niba ukibafitep

  10. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Ushatse wahita usanga aba byeyi niba ukibafitep

  11. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Gusa birababaje, kumva abantu nkabariya bakogombye gutanga urugero rwiza, aribo bakora ibintu nkabiriya bakoze nk’abantu babayobozi, ngewe numva iriya myitwarire idakwiye abantu bayobora abandi

  12. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Gusa birababaje, kumva abantu nkabariya bakogombye gutanga urugero rwiza, aribo bakora ibintu nkabiriya bakoze nk’abantu babayobozi, ngewe numva iriya myitwarire idakwiye abantu bayobora abandi

  13. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Uyumugabo akwiye guhanwa hakurikijwe uko amategeko abiyeganya

  14. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Uyumugabo akwiye guhanwa hakurikijwe uko amategeko abiyeganya

  15. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Koko niba umuntu atazakugirira impuhwe utwite azazikugirira ryari? My God! Niba bafitanye amakimbirane kd ari abayobozi ubwo bazagira abaturage inama bate???? Inzego zibanze weeeeee

    1. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
      Yooo birababaje nukuri. uyu mugore niba ibyo avuga arukuri ntago uyu yaba arumugabo yashatse. Yashaka gatanya hakirikare.abandi babuze abagore bumutima nkuyu

    2. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
      Yooo birababaje nukuri. uyu mugore niba ibyo avuga arukuri ntago uyu yaba arumugabo yashatse. Yashaka gatanya hakirikare.abandi babuze abagore bumutima nkuyu

  16. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Koko niba umuntu atazakugirira impuhwe utwite azazikugirira ryari? My God! Niba bafitanye amakimbirane kd ari abayobozi ubwo bazagira abaturage inama bate???? Inzego zibanze weeeeee

  17. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Bira babaje nkaba yobozi aribo bagatanze urugero rwiza ariko ni basabe gatanya bata zicana

  18. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Bira babaje nkaba yobozi aribo bagatanze urugero rwiza ariko ni basabe gatanya bata zicana

  19. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    mbere yokurushingabage bananas kubaza lmana kd ago kurwana ngobicane bajye baypboka iyamategeko batandukane

  20. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    mbere yokurushingabage bananas kubaza lmana kd ago kurwana ngobicane bajye baypboka iyamategeko batandukane

  21. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Mbegaaaa umugabo wuzuye ubugome!! Batandukane akiziritse kumuhoro gasiga kawuciye.

  22. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Mbegaaaa umugabo wuzuye ubugome!! Batandukane akiziritse kumuhoro gasiga kawuciye.

  23. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Birababaje kubona umuntu wagize icyo amarira rubanda nyamwinshi cg se atanga umutekeno ariwe uwica gusa ahanwe kuko ubwo ni ubunyamaswa ntago mumuco nyarwanda bikwiye

  24. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Birababaje kubona umuntu wagize icyo amarira rubanda nyamwinshi cg se atanga umutekeno ariwe uwica gusa ahanwe kuko ubwo ni ubunyamaswa ntago mumuco nyarwanda bikwiye

  25. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Nibazako murwanda ihohoterwa ryacitse RIB NIKORE AKAZI KAYO NEZA UMUBYEYI UTWITE ARASIGASIRWA PE IYO NKOZI YIBIBI IKANIRWE URUYIKWIYE, UZIKO ARENGEJE UBUGOME COVID-29

  26. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Nibazako murwanda ihohoterwa ryacitse RIB NIKORE AKAZI KAYO NEZA UMUBYEYI UTWITE ARASIGASIRWA PE IYO NKOZI YIBIBI IKANIRWE URUYIKWIYE, UZIKO ARENGEJE UBUGOME COVID-29

  27. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Amasezerano abagiye gushinga urugo bagirana azahinduka umushinja ukomeye cyane ku munsi uteye ubwoba w’Uwiteka,kandi pe iyi nkuru iteye agahinda.Ikindi kiba gihangayikishije cyane ni ahazaza(avenir) h’abana bakomoka ku miryango imeze uku.Inama rero ntanga isumba izindi ni ukubakira urugo ku nama nziza duhabwa n’ubuyobozi bwite bwa Leta ndetse n’abanyamadini babifite mu nshingano,murakoze.

  28. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Amasezerano abagiye gushinga urugo bagirana azahinduka umushinja ukomeye cyane ku munsi uteye ubwoba w’Uwiteka,kandi pe iyi nkuru iteye agahinda.Ikindi kiba gihangayikishije cyane ni ahazaza(avenir) h’abana bakomoka ku miryango imeze uku.Inama rero ntanga isumba izindi ni ukubakira urugo ku nama nziza duhabwa n’ubuyobozi bwite bwa Leta ndetse n’abanyamadini babifite mu nshingano,murakoze.

  29. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Ahubwo Uyu mugabo no mukazi niyirukanwe kuko iyi si imyitwarire yumukozi wa Leta! Ariko Hari nikindi nibaza mubona aba Bantu bararezwe? Ikibazo cyose Igisubizo ni nzakwica? Narumiwe!!

  30. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Ahubwo Uyu mugabo no mukazi niyirukanwe kuko iyi si imyitwarire yumukozi wa Leta! Ariko Hari nikindi nibaza mubona aba Bantu bararezwe? Ikibazo cyose Igisubizo ni nzakwica? Narumiwe!!

  31. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Mbega umugabo!uriya mugore nabona avuye kwa muganga azashake uburyo yasaba gatanya kdi uriya mugabo nawe amategeko azakurikizwe,abiryozwe.

  32. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Mbega umugabo!uriya mugore nabona avuye kwa muganga azashake uburyo yasaba gatanya kdi uriya mugabo nawe amategeko azakurikizwe,abiryozwe.

  33. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    BIRABABAJE GUSA NTABYE NGODE

  34. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    BIRABABAJE GUSA NTABYE NGODE

  35. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    N’ubwo ntashyigikiye intonganya hagati y’abashakanye uyu muryango w’abakozi ba Leta barahita babirukana bombi

  36. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    N’ubwo ntashyigikiye intonganya hagati y’abashakanye uyu muryango w’abakozi ba Leta barahita babirukana bombi

  37. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Yemwe,biteye ubwoba n’agahinda pe!kubantu bajijutse noneho bakiri n’abageni ! Wagira ngo nti bigeze bakundana disi

    Imana irengere uwo mubyeyi n’umwana ukiri munda

    Ahasigaye ibindi Ni ugukurikiza itegeko nk’uko babirahiriye basezerana Imbere y’Imana n’imbere ya Rubanda

    Ndumva ntakindi narenzaho.

  38. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Yemwe,biteye ubwoba n’agahinda pe!kubantu bajijutse noneho bakiri n’abageni ! Wagira ngo nti bigeze bakundana disi

    Imana irengere uwo mubyeyi n’umwana ukiri munda

    Ahasigaye ibindi Ni ugukurikiza itegeko nk’uko babirahiriye basezerana Imbere y’Imana n’imbere ya Rubanda

    Ndumva ntakindi narenzaho.

  39. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Yemwe,biteye ubwoba n’agahinda pe!kubantu bajijutse noneho bakiri n’abageni ! Wagira ngo nti bigeze bakundana disi

    Imana irengere uwo mubyeyi n’umwana ukiri munda

    Ahasigaye ibindi Ni ugukurikiza itegeko nk’uko babirahiriye basezerana Imbere y’Imana n’imbere ya Rubanda

    Ndumva ntakindi narenzaho.

  40. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Yemwe,biteye ubwoba n’agahinda pe!kubantu bajijutse noneho bakiri n’abageni ! Wagira ngo nti bigeze bakundana disi

    Imana irengere uwo mubyeyi n’umwana ukiri munda

    Ahasigaye ibindi Ni ugukurikiza itegeko nk’uko babirahiriye basezerana Imbere y’Imana n’imbere ya Rubanda

    Ndumva ntakindi narenzaho.

  41. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Yewe inzira ntibwira umugenzi ngahoda ubuseko Koko abantu bazatandukanywa nutupfu cg bazatandukanywa namategeko

  42. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Yewe inzira ntibwira umugenzi ngahoda ubuseko Koko abantu bazatandukanywa nutupfu cg bazatandukanywa namategeko

  43. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Yewe inzira ntibwira umugenzi ngahoda ubuseko Koko abantu bazatandukanywa nutupfu cg bazatandukanywa namategeko

  44. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Yewe inzira ntibwira umugenzi ngahoda ubuseko Koko abantu bazatandukanywa nutupfu cg bazatandukanywa namategeko

  45. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Mu gihe tugezemo nta muntu wihambira ku wundi. Nk’ubu koko uyu mugore yari agikorayo iki? N’i Nygsmbu rirarema pe.

  46. Rusizi: SEDO w’akagari ufite inda y’amezi 6 arembeye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugabo we
    Mu gihe tugezemo nta muntu wihambira ku wundi. Nk’ubu koko uyu mugore yari agikorayo iki? N’i Nygsmbu rirarema pe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *