img-20200614-wa0021.jpg

Rusizi yonyine yagaragayemo abantu 41 banduye Covid-19

Sangiza iyi nkuru

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 14 Kamena 2020 yatangaje ko mu Karere ka Rusizi hagaragaye abantu 41 banduye icyorezo cya Covid-19 mu bipimo 3495 byafashwe.

Abakize iki cyorezo baracyari 332 kuko nta wakize uyu munsi.

Umuyobozi wa RBC, Dr. Nsanzimana Sabin atangaje ko aba barwayi bashya biganjemo imiryango y’abari bapimwe mbere bafite iki cyorezo.

Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri iki gihugu ni 582, abantu 243 ni bo bakirwaye. Abishwe nacyo ni babiri barimo umushoferi w’imyaka 65 y’amavuko n’umupolisikazi w’imyaka 24 y’amavuko.

img-20200614-wa0021.jpg

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Rusizi yonyine yagaragayemo abantu 41 banduye Covid-19
    Mwiriwe,njye ndumva abaturarwanda twese twagakwiye kubahiriza ingambo leta yadusabye bityo byadufasha guhanga a na covid-19.

  2. Rusizi yonyine yagaragayemo abantu 41 banduye Covid-19
    Mwiriwe,njye ndumva abaturarwanda twese twagakwiye kubahiriza ingambo leta yadusabye bityo byadufasha guhanga a na covid-19.

  3. Rusizi yonyine yagaragayemo abantu 41 banduye Covid-19
    Twese twagakwiriye kubahiriza ingamba zogukumira icyorezo nkubuyobozi bwabamotari kumunsi wambere abamotar bajyiye mukazi babagurishijwe amazi bababwirako arumuti wogukara hand sanitizer ubuse sibabimenyenyuma ko aramazi bagahita bayijugunya bafashije iki leta

  4. Rusizi yonyine yagaragayemo abantu 41 banduye Covid-19
    Twese twagakwiriye kubahiriza ingamba zogukumira icyorezo nkubuyobozi bwabamotari kumunsi wambere abamotar bajyiye mukazi babagurishijwe amazi bababwirako arumuti wogukara hand sanitizer ubuse sibabimenyenyuma ko aramazi bagahita bayijugunya bafashije iki leta

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *