Abashaka kwiga kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) Icyongereza n’Igifaransa by’umwihariko abayobozi n’abikorera bashyiriweho promosiyo nâishuri ryigisha izi ndimi, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY.
Abifuza kwiga Icyongereza, haba kuvugira mu ruhame, muri bizinesi zitandukanye nâahandi, abarigana biga ku buryo bworoheye buri wese. Muri rusange abifuza kwiga muri iki kigo, bashyizwe igorora kuko hatangijwe promotion yâiminsi mikuru aho wishyura amezi abiri ukiga amezi atatu yose.
Usibye kuba iki kigo gifasha abantu kwiga neza Icyongereza nâIgifaransa, iri shuri rimaze kwigisha abasaga 200, bize neza kandi bazi kuvuga icyongereza badategwa nkâuko intego yâiri shuri ibiteganya.
Abiga muri Weekend baroroherejwe

Ishuri rifite ibyiciro:
1. Abiga mu mibyigizi, ku manywa
2. Abiga mu mibyizi, nimugoroba
3. Abiga muri âweekendâ
4. Abiga âONLINEâ
Bamwe mu bagannye iri shuri kuhavoma ubumenyi mu kuvuga icyongereza badategwa bavuga ko baribonyemo ibyo bifuzaga byose, ubu bakaba ari intyoza mu gukoresha, kwandika no kuvuga icyongereza. Abifuza kunononsora igifaransa na bo nicyo ubu bahanze amaso.
Nduwayezu Emmanuel ni umwe muri bo. Yagize ati: âUbusanzwe ndi umunyeshuri, nari mfite gahunda yo kujya kwiga muri Amerika ariko nkagira ikibazo cyâuko ntarinzi kuvuga neza icyongereza kandi kujya kwiga hanze byansabaga gukora ibizamini, aho naziye kwiga muri iri shuri, ubu nzi kuvuga neza icyongereza mu ruhame, kuburyo byamfashije gutsinda neza ikizamini kizatuma njya gukomereza amasomo yanjye hanze, iri shuri ryadufashije kumenya neza icyongereza mu gihe gito gishobokaâ

Ingengabihe ya IFA SPEAK & TECH ACADEM
Umuyobozi mukuru wâiri shuri, Theoneste Uwayezu, avuga ko nyuma yâuko ibyiciro byigaga muri iri shuri bisoje amasomo yabo ubu batangiye ibindi byiciro, akangurira abifuza kubagana gutangira kwiyandikisha.
Yagize ati: âNyuma yâuko ibyiciro byakurikiranaga aya masomo bayasoje, turateganya kongera kwakira abandi, aba ari amagurupe ane, harimo abiga mu mibyizi kuva ku wambere kugeza kuwa gatanu, hari nâabandi biga mu mpera zâicyumweru, mugihe haba hari abifuza kwiga nijoro(evening) nabo twabafasha, amarembo arafunguye ababyifuza twatangiye kubandikaâ

Uyu muyobozi akomeza avuga ko mu ntego bafite ari ugufasha ababagana gutinyuka kuvuga neza icyongereza badategwa, kimwe no kunononsora neza igifaransa ku babyifuza yaba mu ruhame no murindi tumanaho iryo ariryo ryose.
Ati: âIntego dufite ni ukuzamura ubushobozi bwâabatugana bwo kuvuga neza icyongereza badategwa, byumwihariko abayobozi,abacuruzi ndetse nâabanyeshuri barangize amashuri yâisumbuye na za kaminuza, yaba kukivuga mu ruhame cyangwa mu bindi biganiro, umuntu watugannye mu gihe cyâamezi ane gusa aba afite ubumenyi buhagije bwo kukivuga neza, dukangurira abantu kutugana uburyo bwose yakwifuzamo kwiga turamworohereza akiga. Ubu rero twatekereje no ku bifuza kudidibuza igifaransa, nabo mu gihe gito bazaba bamaze kukimenya ku rwego rushimishije.â
Nyuma yâibi kandi iri shuri ryashyizeho uburyo bwo kwiga bwa âONLINEâ aho ushobora kwiga utavuye aho uherereye mu gihe waba ufite ibikoresho byâikoranabuhanga nka mudasobwa na internet yihuta. Bikaba binoroshye kwiyandikisha unyuze ku rubuga rwacu: https://academy.ictforallinall.com/apply-now/ ugahita ufashwa mu zindi ntabwe zose kugirango utangire kwiga
Iri shuri riherereye mu mujyi wa Kigali mu murenge wa Kimironko, akarere ka Gasabo Ni ishuri ryatangiye mu 2017, aho ryigisha ururimi rwâicyongereza abarigana bibanda cyane ku kubafasha kuvugira uru rurimi mu ruhame badategwa, bakabyigishwa mu gihe gito, igihe cyo kwiga nacyo kikaba cyorohereza buri wese kuburyo bitagangamira izindi gahunda zabo kandi bigishwa nâinzobere zavukiye mu bihugu bikoresha icyongereza nkâururimi kavukire.
Ushaka kwiga muri iri shuri anashaka kumenya ibindi bisobanuro wahamagara kuri izi nimero 0788302964 | 0788315054.




