Rusizi: Umukobwa yasobanuye uko yegetse inda ku musore baririmbanaga muri korali

Mu ngeri z’ihohoterwa, cyane cyane irishingiye ku gitsina ziboneka mu karere ka Rusizi, bamwe mu barikorewe bavuga ko harimo iryo bakorewe n’abo mu miryango yabo batanatekerezaga ko baribakorera kubera uburyo babaga babizeye, bakabategeka kuriceceka, hakaba ababyemera ngo banga ko biteranya imiryango cyangwa bikabakura n’aho bari bibereye. Mu bagore n’abakobwa baganiriye na Bwiza.com, bakorewe ihohoterwa rishingiye […]
Fernando Santos yirukanwe mu kipe y’igihugu ya Portugal
Fernando Santos wari umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, yamaze kwirukanwa nyuma yo kwitwara nabi mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2022. Inkuru y’iyirukanwa ry’uyu mutoza yatangajwe n’umunyamakuru Fabrizio Romano uri mu bakomeye ku Isi. Santos yirukanwe nyuma y’uko Portugal yatozaga isezerewe mu gikombe cy’Isi, nyuma yo gutsindirwa muri ÂĽ cy’irangiza na Maroc igitego 1-0. Ni mu […]
Ingabo za EAC nizidutera, tuzirwanaho: M23

Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko ingabo z’ibihugu by’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba ziri mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo mu mutwe uzwi nka EACRF, nizibagabaho ibitero, bazirwanaho. Bisimwa yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru baturutse mu bihugu bitandukanye, cyabereye mu mujyi wa Bunagana, teritwari ya Rutshuru kuri uyu wa 14 […]
Beni: FARDC iravuga ko yivuganye abarwanyi ba ADF barimo komanda wabo
Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ziratangaza ko zishe inyeshyamba eshatu za ADF zirimo komanda wazo mu Murenge wa Ruwenzori muri Teritwari ya Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru . Byari mu gikorwa cyakozwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane, itariki 15 Ukuboza 2022, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo muri ako […]
Ngoma: Uwaciye murumuna we umutwe bapfa 100Frw yakatiwe
Umugabo wo mu Murenge wa Kazo mu Karere ka Ngoma wari ukurikiranyweho kwica murumuna we wo kwa Se wabo akamuca umutwe bapfuye igiceri cya 100Frw, akisobanura avuga ko asanzwe afite uburwayi bwo mu mutwe, yahamijwe icyaha cyo kwica biturutse ku bushake, akatirwa gufungwa burundu. Uwineza Janvier wo mu Mudugudu wa Nyakagezi mu Kagari ka Birenga […]
Nibishaka wahoze ari umuyobozi wungirije wa RGB yakatiwe imyaka 5 ariko akazafungwa igice
Umuyobozi mukuru wungirije w’ikigo gishinzwe imiyoborere mu Rwanda (RGB), Emmanuel Nibishaka, yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 kandi acibwa ihazabu ingana na miliyoni 3 z’amafaranga y’u Rwanda nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’uburiganya no gukoresha inyandiko mpimbano . Umucamanza mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatatu, itariki 14 Ukuboza yavuze ko Nibishaka azakora kimwe cya kabiri […]
Soza umwaka wa 2023 uvuga icyongereza mu ruhame udategwa unafite certificates mpuzamahanga za TOEFL, IELTS na DUOLINGO

Abashaka kwiga kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation) Icyongereza n’Igifaransa by’umwihariko abayobozi n’abikorera bashyiriweho promosiyo n’ishuri ryigisha izi ndimi, TOEFL, IELTS na DUOLINGO rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY. Abifuza kwiga Icyongereza, haba kuvugira mu ruhame, muri bizinesi zitandukanye n’ahandi, abarigana biga ku buryo bworoheye buri wese. Muri rusange abifuza kwiga muri iki […]
Hamenyekanye abasifuzi bazasifura ‘Clasico’ ya Rayon Sports na APR FC
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryagennye Ishimwe Claude ‘Cyucyuri’ nk’umusifuzi ugomba kuyobora umukino wa shampiyona y’u Rwanda Rayon Sports igomba guhuriramo na APR FC. Uyu mukino utegerejwe na benshi uzaba ku wa Gatandatu tariki ya 17 Ukuboza 2022. Rayon Sports ni yo izaba yawakiriye. Ishimwe Claude ni we uzaba ari umusifuzi wo hagati mu […]
Performance in S6 National Examinations increased
Results for the 2021/22 senior six national examinations (A-Level) were released on Thursday at the Ministry of Education headquarters showing an improvement in the general performance. The results announced by the Minister of State in charge of Primary and Secondary Education, Gaspard Twagirayezu, shows an improvement in the performance compared to the last year which […]
Minisiteri y’uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye
Kuri uyu wa Kane, Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2021-2022 . Umunyamabana wa leta ushinzwe amashuli abanza n’ayisumbuye, Dr Gaspard Twagirayezu, yavuze ko mu bumenyi rusange muri uyu mwaka hakoze abakandida 46125, na (1481 bigenga) mu mashuri ya tekiniki 19916 na (1424 bigenga) mu nderabarezi (TTC) 2891na […]
Musanze: Uwari ukurikiranweho kwica mukuru we yakatiwe imyaka 25 y’igifungo
Urukiko rwisumbuye rwa Musanze kuwa Kabiri ushize, italiki 13 Ukuboza 2022, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umugabo wishe mukuru we amuziza umutungo bumukatira igifungo cy’imyaka 25 . Ni icyaha bivugwa ko cyakozwe ku itariki ya 04 Nzeri 2022 mu ma saa mbiri z’ijoro, agikorera mu Mudugudu wa Gataraga, Akagari ka Rubindi, Umurenge wa Busogo ho […]
Ububi n’ingaruka ziterwa n’ibikozwe muri palasitiki

Muri iki gihe Isi ikomeje guhangana n’ibibazo biterwa n’iyangirika ry’ibidukikije, ubushakashatsi bugaragaza ko ibikomoka kuri palasitiki biri mu bihumanya ikirere bikozwe n’imyuka inyuranye yoherezwayo n’ibikorwa bya muntu. Iri humana riterwa no kwirundira hamwe kw’imyanda ikozwe muri palasitiki cyangwa iy’ibifitanye isano na yo mu bice binyuranye by’Isi. Ubushakashatsi bugaragaza kandi ko buri segonda, hari toni zirenga […]
M23 yatangaje urwego izashyikiriza abarwanyi ba FDLR yafashe mpiri

Umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) watangaje urwego uzashyikiriza abarwanyi uherutse gufata mpiri ba FDLR irwanya Leta y’u Rwanda. Byatangajwe n’Umuyobozi w’uyu mutwe mu rwego rwa politiki, Bertrand Bisimwa, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu gace ka Bunagana kuri uyu wa 14 Ukuboza 2022. Muri iki kiganiro, […]
Umuyobozi wa OMS yavuze ko Ingabo za Eritrea zishe se wabo
Kuri uyu wa Gatatu, umuyobozi w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), Tedros Adhanom Ghebreyesus, yavuze ko ingabo za Eritrea “zishe” se wabo mu ntara ya Tigray muri Ethiopia . Minisitiri w’itangazamakuru muri Eritrea, Yemane Gebremeskel, ntiyigeze asubiza icyifuzo cyo gutanga ibisobanuro kuri ibyo birego. Umuyobozi mukuru wa OMS, Tedros Adhanom Ghebreyesus, wahoze ari minisitiri […]
Kagame critique les États-Unis à propos de la détention de Rusesabagina
Le prĂ©sident rwandais Paul Kagame a critiquĂ© mercredi les États-Unis pour les inquiĂ©tudes qu’ils ont soulevĂ©es dans le cas de Paul Rusesabagina, un rĂ©sident permanent amĂ©ricain emprisonnĂ© au Rwanda qui a Ă©tĂ© dĂ©peint comme un hĂ©ros dans le film “Hotel Rwanda” . Rusesabagina, 67 ans, a Ă©tĂ© condamnĂ© l’annĂ©e dernière Ă 25 ans de prison […]
Bosco Ntaganda yoherejwe mu Bubiligi
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) rukorera i La Haye mu Buholandi rwajyanye Umunyekongo Bosco Ntaganda muri gereza ya Leuze-en-Hainaut yo mu Bubiligi kugira ngo arangirizeyo igifungo cy’imyaka 30 yakatiwe. Uru rukiko rusobanura ko rwohereje Ntaganda muri iyi gereza kuri uyu wa 14 Ukuboza 2022, ruti: “Bosco Ntaganda, wahamijwe ibyaha by’intambara n’ibyaha byibasira inyokomuntu yakoreye muri RDC, […]
Kagame, other regional leaders meet in US over DRC situation
President Paul Kagame on Wednesday participated in a meeting convened by East Africa Community (EAC) Chair and Burundian President Evariste Ndayishimiye, to review and exchange views on the implementation of Luanda Roadmap and Nairobi Peace Process. Both frameworks seek to find a lasting solution to the security situation in DR Congo, particularly in the restive […]
U Burusiya bwatangaje ko nta gahenge buteganya guha Ukraine kuri Noheri
U Burusiya bwavuze ko nta gahenge buteganya guha Ukraine mu gihe cyo kwizihiza Noheri nyuma y’amezi 10 y’intambara muri iki gihugu, bwanga umuhamagaro wa Kyiv wo kuzaba bwamaze gusubiza inyuma ingabo zabwo kuri Noheri mu rwego rwo guhagarika amakimbirane akomeye mu Burayi kuva Intambara ya Kabiri y’Isi Yose irangiye . Kugeza ubu u Burusiya na […]
Igihu kinshi cyatumye indege zitinzwa kugwa cyangwa kuva ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali
Sosiyete y’igihugu y’ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, kuri uyu wa 14 Ukuboza yatangaje itinda ry’indege ziza cyangwa ziva i Kigali kubera igihu kinshi ku Kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali . “Kubera kutagaragara neza bitewe n’igihu kinshi ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali, turateganya ko indege zikererwa kugera cyangwa kuva i Kigali. Turasaba imbabazi ku kibazo […]
U Burusiya bwahaye Ukraine Umunyarwanda wahoze mu ngabo za Amerika bwari bufunze
Umunyarwanda Suedi Murekezi ufite ubwenegihugu bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ari mu mfungwa z’intambara zahererekanyijwe hagati y’ibihugu bya Ukraine n’u Burusiya. Murekezi yari afungiwe mu Burusiya kuva muri Kamena uyu mwaka. Perezida Volodymr Zelensky wa Ukraine mu ijambo yagejeje ku baturage b’igihugu cye mu ijoro ryakeye, yatangaje ko Ukraine yashyikirijwe n’u Burusiya abasirikare 64, […]
Perezida Kagame yatangaje ko adakwiye kubazwa ibibazo bireba Abanyekongo

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko adakwiye kubazwa ibibazo by’Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda bamburwa uburenganzira bwabo. Umukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro cyerekeye kuri Afurika cyateguwe n’ikinyamakuru Semafor, cyabaye kuri uyu wa 14 Ukuboza 2022. Yagize ati: “Iki kibazo cyo mu burasirazuba bwa Congo, hari imitwe yitwaje intwaro irenga 100 ikomoka imbere mu gihugu, umwe witwa […]
Ngoma: Abagabo 2 n’umugore bakurikiranweho gukubita umumotari bakamwiba moto
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Ngoma kuri uyu wa Gatatu, itariki 14 Ukuboza 2022, bwaregeye urukiko dosiye bukurikiranyemo abagabo babiri n’ umugore umwe bafashwe bakubita ndetse baniba umumotari moto ye . Ubwo bari bamaze iminsi bapanga uburyo bazamburamo moto umumotari bakayitwara, abaregwa bose bashatse undi wabafasha w’umugore bamugurira telephone na sim card azajya avuganiraho nabo. […]
Tshisekedi yakiriwe na Perezida Biden, amusaba ‘kotsa u Rwanda igitutu’
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye mugenzi we Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kotsa u Rwanda igitutu ngo ruhagarike ‘guha ubufasha’ umutwe wa M23. Tshisekedi yabisabye Biden ubwo yamwakiraga mu biro bye (White House) mu masaha make yatambutse. Tshisekedi ari i Washington DC aho yitabiriye inama […]
USA: Perezida Kagame yitabiriye inama yayobowe na Ndayishimiye w’u Burundi (Amafoto)

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yitabiriye inama yo gusuzuma ndetse no kungurana ibitekerezo ku byerekeye ishyirwa mu bikorwa ry’ibiganiro bya Nairobi ndetse na gahunda ya Luanda igamije gucubya umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa. Ni inama yabereye i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho Perezida Kagame n’abakuru b’ibihugu bagenzi be […]
Perezida Kagame yavuze kuri USA n’abandi binubira Ubushinwa muri Afurika
Perezida Kagame yavuze haba Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’abandi nta we ukwiriye kuba yinubira u Bushinwa kubera ishoramari ryabwo rikomeje kwiyongera muri Afurika kandi nabo bakabikoze. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatatu mu kiganiro cyateguwe n’ikinyamakuru Semafor cyabereye i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Perezida Kagame witabiriye inama ihuza Amerika na […]
La Haye: Umutangabuhamya yahaswe ibibazo ku mvugo “Gutema ibihuru”
Iburanisha mu rubanza rwa FĂ©licien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside ryakomeje kuri uyu wa Gatatu, umutangabuhamya umushinja ahatwa ibibazo n’uruhande rwunganira uregwa, aho Umunyamategeko Emmanuel Altit wo mu itsinda ryunganira Kabuga, yabajije KAB045 icyo yumvaga ku mvugo yo “gutema ibihuru” Kabuga ashinjwa ko yakoresheje abwira Interahamwe. Uyu mutangabuhamya, watangiye ubuhamya bwe ku wa kabiri, yahawe […]