G_KlCY1W8AAKsxK

U Rwanda/Maroc: Hatangijwe komite igiye gushyira ubufatanye bwa gisirikare ku rundi rwego

Sangiza iyi nkuru

Intumwa zaturutse muri Minisiteri y’Ingabo y’u Rwanda n’Igisirikare cy’u Rwanda ziyobowe na Brig. Gen. Patrick Karuretwa, umuyobozi mukuru ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga mu bya gisirikare, ziri i Rabat, mu Bwami bwa Maroc, kuva ku itariki ya 18 kugeza ku ya 22 Mutarama 2026, aho bitabiriye inama yo gutangiza Komite Ihuriweho y’Ubufatanye bwa Gisirikare (JMCC) hagati y’u Rwanda na Maroc.

G KlCY2WQAEAw4a

Iyi nama igamije gukomeza ubufatanye hagati y’Ingabo z’u Rwanda n’Ingabo z’Ubwami bwa Maroc mu nzego zifitiye inyungu impande zombi, nyuma y’isinywa ry’Amasezerano y’Ubwumvikane ku Bufatanye mu bya Gisirikare hagati y’ibihugu byombi muri Kamena 2025.

G KlCe6XUAAclai

G KlCYzXwAATIHZ

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *