Laura w’imyaka 27 na Nathan w’imyaka 37 y’amavuko babana nk’umugabo n’umugore mu gihe bose bafite ubumuga bw’ubugufi bukabije.
Aba bombi basezeranye umwaka ushize mu mujyi wa Sunderland mu gihugu cy’Ubwongereza ubukwe bwabo buba ubw’amateka ndetse buranavugwa cyane mu bitangazamakuru mpuzamahanga.
Uyu mugore n’umugabo batangaje ko bombi bamenyanye mu mwaka wa 2012, bose bakaba ari abakinnyi muri film “Harry Potter” ikinwe mu buryo bw’uruhererekane (series).

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Kamikazi Gentille/Bwiza.com




