Uko igikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika kiri kugenda mu mahanga

Sangiza iyi nkuru

Abanyarwanda batuye mu mahanga bazindukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika, ni amatora ari kuba uyu munsi tariki ya 3 Kanama 2017, azakurikirwa n’azabera mu Rwanda ejo ku wa Gatanu tariki ya 4 Kamena. Ibi bikorwa birabera mu biro 98 ku Isi byikubye gatatu ugereranyije n’amatora aheruka.

Abakandida bemejwe na Komisiyo y’Amatora bamaze iminsi biyamamaza mu Rwanda, ni Paul Kagame wa FPR Inkotanyi, Dr Habineza Frank wa Democratic Green Party of Rwanda na Mpayimana Philippe wiyamamaje nk’umukandida wigenga.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

Uko iki gikorwa kiri kugenda hirya no hino mu mahanga

Mu Buhinde mu mujyi wa Bangalore amatora ageze kure

20624706 10208825009256720 1822704475 n
Mbere yo gutora habayeho kubanza kurahira kw’abatoresha

Muri uwo mujyi biteganyijwe ko haza gutorera abasaga 100, abo barimo abanyeshuri bahiga, ababa bagiye kuhivuriza na ba mukerarugendo.

Mu Buhinde
Bruce Gahima, Aubin Ntazinda, Sabbato, Mike na Jackson i Bangalore mu Buhinde

Aya matora ngo yatangiye kare nkuko Bwiza.com yabitangarijwe na Iradukunda Sabbato, wahoze ari umunyamabanga mukuru w’Abanyarwanda bigaga mu buhinde, urangije amasomo ya Masters of Business administration.

Ati “ Twazindutse tujya kwitorera umuyobozi utubereye, abantu bari gutora bagataha, ariko urabona ko bafite ubushake.
20623762 10208825107899186 1843978552 n

Ku ruhande rwa Rwibasira Mike uyobora abanyeshuri bari muri uyu mujyi yavuze ko igikorwa babona kiri kugenda neza, abantu bari kwitabira umwuka ari mwiza, ku buryo ngo abanyeshuri b’Abanyarwanda batuye muri uwo mujyi bakomeje kwitabira.

Ati “ Abantu barishimye kuko barasobanuriwe ku buryo buhagije ku bijyanye n’igikorwa cy’amatora, kandi hano ni urubyiruko rwize rusobanukiwe n’ibyo barimo gukora.Ubuyobozi bw’Ambasade y’u Rwanda mu Buhinde bwarabisobanuye ku buryo ntawufite ikibazo. N’umwuka ni mwiza nta kibazo burya urUbyiruko rugira kuko icyo rushaka rurakizi .”
kam 1
 
Mu Bushinwa

Abatoye benshi muri iki gihugu ni abanyeshuri, ibiro by’itora akaba ari bimwe biri kuri ambasade y’u Rwanda i Beijing. Ababashije kuhagera akaba ari bo batoye, bakaba bahahuriye n’umunyamabanga wa ambasade.

Kimwe n’ahandi, akanyamuneza ni kose ku maso y’Abanyarwanda baba mu Bushinwa babashije kujya kwitorera umukuru w’igihugu.
20614808 10208825023737082 1661716210 n

Umwe mu bitabiriye iki gikorwa aragira ati: ” Amatora ni ibisanzwe umuntu ari kuhagera yitwaje irangamuntu na passport bakamureba ku rutonde, yasanga atariho bakamwandika ku mugereka agafata urupapuro rw’itora akajya mu bwihugiko agatora, soit, n’ikaramu agashyira V imbere y’umukandida ashaka cyangwa igikumwe yarangiza agashyira mu gasanduku “.
DGQ2xCBUAAAcEaW

Uyu akomeza avuga ko abantu bategereje kugera nimugoroba saa kumi n’imwe ubwo babarura amajwi, hanyuma hakaza kuba after party ku kabari kari hafi aho ngaho.

Abanyarwanda baturutse mu ntara bo ambasade yabafashije kubashakira icumbi nk’uko uyu witwa Rugamba Arstide wavuganye na Bwiza.com avuga, anemeza ko ambasade yanabateguriye amazi, jus ndetse n’uturirimbo dukomeza kubaherekeza muri iki gikorwa.
 
 
20632781 10208825023417074 553872930 n
DGQ2tyLVYAA afy

Umunyamakuru Ruhimbana yatoreye mu Bushinwa
Umunyamakuru Ruhimbana yatoreye mu Bushinwa

Beijing
Mu Bubiligi
Abanyarwanda batuye mu Bubiligi nabo bitabiriye amatora ya perezida wa repubulika, aho igikorwa cyatangijwe no kurahira kw’abatoresha ndetse Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, nk’umuhuzabikorwa w’iki gikorwa abanza kwerekana ku mugaragaro ko mu dusanduku tw’amatora nta majwi arimo.
20623853 10208825116019389 1791349111 n
DGSPqDAVwAAyxr9 DGSPqDOUAAAOBiX
 
Muri Ethiopia

Abanyarwanda baba muri Ethiopia na bo ntibatanzwe mu kujya kubahiriza uburenganzira bwabo bwo kwihitiramo umuyobozi uzabayobora muri manda itaha.
DGRzugxUwAE63OH
 

DGR1n9SVoAA2pOA
Ambasaderi Hope Tumukunde yabanje kurahira nk’umuhuzabikorwa w’itora

DGR7nwdUIAAuv3L DGSKkOTUIAAdJa4 3
Uganda
Mu gihugu cya Uganda hari biro imwe yo gutoreramo mu mujyi wa Kampala, abatuye hafi y’u Rwanda bazatorera mu Rwanda, biteganyijwe ko abatora bagera ku bihumbi birindwi kuko aribo bamaze kwibaruza kuri lisiti y’itora.
Nigeria
Muri Nigeria kimwe n’ahandi hose ku Isi babyukiye mu gikorwa cyo kwitorera Perezida wa Repubulika, muri bo harimo n’abatoye bwa mbere barimo Ndikumana Gloria washimishijwe nuko yatoye kuko ngo ijwi rye rifite agaciro.
Urubyiruko rwatoye bwa mbere muri Nigeria Gloria Ndikumana
Ndikumana Gloria, umwe mu Banyarwanda batoye bwa mbere

Nigeria
Muri Nigeria babyukiye mu gikorwa cyo gutora

Luxembourg
Luxembourg
Abatuye muri Luxembourg bari gutora

U Busuwisi
U Busuwisi
Mu Busuwisi abagiye kuyobora amatora babanje kurahira

Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu
Leta Zunze Ubumwe zAbarabu nabo batoye
Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu nabo batoye

Finland
Finland
Finland abahatuye ntibasigaye

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bariteguye
Mu gihe mu Rwanda ari i saa sita zibura iminota mike, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni hafi saa kumi n’ebyiri z’igitondo.
Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye na Nkurikiyumukiza Joachim, umunyeshuri w’Umuryarwanda wigayo, yavuze ko biteguye kujya mu matora ari bubera I Altanta muri Gergia.
Joachim
Nkurikiyumukiza Joachim,Umunyarwanda wiga muri Amerika

Uyu munyeshuri n’abandi baturage batuye mu gace ka Dayton Ohio bakomoka mu Rwanda bagera ku bihumbi 4 ngo bariteguye.
Ku bijyanye n’amatora ngo bakanguriwe gutora biciye muri kominote z’Abanyarwanda babayo ku buryo nta mbogamizi bafite, kuko ngo n’ubusanzwe usanga bakurikirana politiki y’u Rwanda, ku buryo gahunda basabwa kwitabira batazuyaza.
Kenya
Abanyarwanda baba muri Kenya barimo abakinnyi b’umupira w’amaguru nka Tuyisenge Jaques na Mugiraneza Jean Baptiste bita Migi nabo bitabiriye iki gikorwa.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Kenya, James Kimonyo yatangaje ko muri iki gihugu hatorera abasaga ibihumbi 3 bagizwe n’abasaga 2900 batorera i Nairobi n’abandi 327 batorera Mombasa.
Kimonyo akomeza atangaza ko batangiye gutora Saa moya ariko bafunguye saa kumi n’ebyiri ngo abantu bakomeze bitegure. Abitabiriye icyo gikorwa ngo ni bensh, ku buryo ngo hari ubwitabire budasanzwe, harimo abatabasha kugenda abasaza n’abakecuru mu gitondo cya kare bari bahageze.
Ku bijyanye na Somalia ngo nta matora yahabereye kubera ibibazo by’umutekano bihavugwa, uretse ko n’umubare w’abatora udahagije, ababishoboye bagana i Nairobi bagatorerayo.
 
Kenya Migi numuryango we
Migi n’umugore we Gisa Fausta, bari kumwe na Tuyisenge Jaques

kENYA
Migi atora

Tanzania
Tanzania Ambasaderi wu Rwanda muri iki gihugu yaganiriye nabanyamakuru

Tanzania, Eugene Segore Kayihura,Ambasaderi w’u Rwanda muri iki gihugu yaganiriye n’abanyamakuru

U Budage
 
U Budage abagide bariyo niho batorye
Abagide bagiye Budage niho batoreye

U Buyapani
u Buyapani bari basabwe nakanyamuneza u Buyapani nabo barahiye mbere yo gutora
Senegal
Nk’abandi Banyarwanda, abakinnyi ba Hand ball baserukiye u Rwanda mu gikombe cy’Afurika mu baterengeje imyaka 20(U20) bamaze gutorera kuri ambasade y’u Rwanda i Dakar muri Senegal
Senegal
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’umukino wa Handball n’ababaherekeje bamaze gutora

Sudani
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro muri Sudani zitabiriye igikorwa cy’amatora. iki gikorwa kandi cyitabiriwe n’abaturage bari bahari.
Ingabo zu Rwanda muri Sudani zigiye gutora
Abatoreye muri Sudani
Nouvelle Zelande
Nouvelle Zelande Allan Hakizimana utoye Perezida ku nshuro ya mbere
Allan Hakizimana utoye Perezida ku nshuro ya mbere yatoreye muri Nouvelle Zelande

U Busuwisi
ubusuwisi
U Bwongereza
Ubwongereza Ubwongereza 1
Iracyakomeza… …………….

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *