efc5994f-d0c7-4201-83aa-e9bb6b4f48ef.jpg

Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we

Sangiza iyi nkuru

Hari amakuru avuga ko umusore w’Umunyarwanda witwa Amaan Dhurkifr Habarugira, yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we bakemeranya kuzabana akaramata.

Amakuru ataremezwa n’impande bireba agera kuri Bwiza.com avuga ko uyu mugabo wambitse impeta yitwa Fidèle, akaba ari Umunyarwanda uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yahungiye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Fidèle ngo ni umukire ukomeye.

Kuva ejo ku wa 05 Werurwe ni bwo Amafoto ya Habarugira ari kumwe na Fidèle yemereye kubera umukunzi yiriwe acicikana ku mbuga nkoranyambaga ziganjemo urwa Instagram.

Uwahaye Bwiza.com amakuru yizewe, utashatse ko amazina ye atangazwa, yavuze ko nyuma y’uko ariya mafoto agiye hanze umuryango wa Amani wamubajije impamvu yafashe icyemezo cyo kuwusiga icyo wita icyasha. Yavuze ko uyu musore atuye i Kigali ahitwa i Nyamirambo kuri tapiruje (tapis rouge).

Uyu musore ngo yasubije ko “yahisemo kuba umutinganyi kugira ngo uriya mugabo mugenzi we amufashe kubona viza imujyana muri Amerika. Uyu ati” Abantu bose bo mu muryango n’incuti, twese twatunguwe kumubona kuri Instagram bamaze kwambikana impeta bifotozanyije.”

Yongeyeho ko Ngo Amaan ” Se yamuhamagaye amubaza ibyo bintu ibyo ari byo ajya no kumureba, arangije aramubwira ngo ni ibintu byo kujijisha ngo yibonere viza.”

Bwiza.com yifuje kuvugana na Habarugira ngo imubaze byimbitse iby’aya makuru, gusa incuro nyinshi twamuhamagaye ntiyabashije kwitaba terefoni ye igendanwa ndetse n’ubutumwa bugufi twamwandikiye ntiyabusubije.

Twanifuje kumuvugisha ku rubuga rwa WhatsApp gusa ntiyagira ubushake bwo kutuvugisha, amakuru akavuga ko n’abagize umuryango we bamuhamagara ntabitabe.

efc5994f-d0c7-4201-83aa-e9bb6b4f48ef.jpg
Amaan (ibumoso) na Fidele bivugwa ko bambikanye impeta y’urudashira/Ifoto: Instagram

Habarugira afite imyaka 28 y’amavuko, akaba amaze igihe gito arangije amasomo muri imwe muri Kaminuza zigenga zo mu Rwanda Bwiza.com idashaka kuvuga izina.

Abaye Undi munyarwanda uzwi wemeranyije kubana n’uwo bahuje igitsina akabishyira ahagaragara, nyuma ya Eric Semuhungu wabyemereye Umunyamerika.

Ubutinganyi ntabwo burabera umuzigo u Rwanda

Ubwo yitabiraga Rwanda Cultural Day yaberaga mu Mujyi wa San Francisco muri 2016, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yavuze ko ikibazo cy’ubutinganyi kitari mu bihangayikishije u Rwanda.Ati” Ubutinganyi ntibwigeze butubera ikibazo kandi ntabwo tugamije kubugira ikibazo. Ubu duhanganye n’ibindi bibazo bitandukanye dufite, kandi nk’uko nabivuze, turashaka ko buri wese abigiramo uruhare.”

Kagame icyo gihe yakomeje avuga ko ” Ibyo bivuze gufatanya kuko dukeneye ko buri muntu yunganirana na mugenzi we, dukeneye ituze rituruka ku kwemerera abantu kubana mu bworoherane, kandi ndatekereza ko ibyo twabiteyeho intambwe nziza,”

Gusa ngo ” Kuba nk’uko nabivuze iki atari ikibazo gikomeye kuri twe, ntabwo nshaka kukigira ikibazo.”

Mu Rwanda nta tegeko ribuza abahuje ibitsina kubana gusa ntibasezerana imbere y’amategeko. Abayobozi benshi bakunze kugaruka kuri iyi ngingo, bavuga ko n’ubwo amategeko atabibuza, Abanayarwanda nk’umuryango mugari bafite indangagaciro z’umuco zibibuza.

Izi kandi zunganirwa n’imyemerere y’idini benshi mu baturage b’iki gihugu babarizwamo.

Soma Izindi Nkuru

62 Responses

  1. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we
    Umunsi ibyo mu nda bizatangira kwisuka hasi buri kanya ni bwo uzamenya ko wakoresheje umwanya icyo IMANA itawugeneye!
    Muzabyare hungu na kobwa

    1. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we
      Ubu tuvugeko wowe uri untugane? Nuburenganzira bwabo kubana bahuje igitsina.

      1. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we
        Buretse uzareba icyo mwita uburenganzira bwanyu Sha komeza uvuge ubu ntawakubuza

        1. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we
          Ese wowe jaennette ko numva wigize umuhanuzi uriwe? Ipuuu nawe uri sekibi ntimukiyorobeke

        2. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we
          Ese wowe jaennette ko numva wigize umuhanuzi uriwe? Ipuuu nawe uri sekibi ntimukiyorobeke

      2. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we
        Buretse uzareba icyo mwita uburenganzira bwanyu Sha komeza uvuge ubu ntawakubuza

      3. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we
        Ariko nkawe iyo uvuga ngo ni uburenganzira bwabo uba uvuze ko ubyemera(ubutinganyi).Gusa uretse ko biteye agahinda kubona no kumva abantu babiri babana bahuje igitsina.

      4. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we
        Ariko nkawe iyo uvuga ngo ni uburenganzira bwabo uba uvuze ko ubyemera(ubutinganyi).Gusa uretse ko biteye agahinda kubona no kumva abantu babiri babana bahuje igitsina.

    2. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we
      Ubu tuvugeko wowe uri untugane? Nuburenganzira bwabo kubana bahuje igitsina.

    3. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we
      Janvier Michael wikigia intungane kuko bawe uri ikivume.

    4. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we
      Janvier Michael wikigia intungane kuko bawe uri ikivume.

    5. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we
      Janvier Michael wikigia intungane kuko bawe uri ikivume.

    6. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we
      Janvier Michael wikigia intungane kuko bawe uri ikivume.

  2. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta n’umugabo mugenzi we
    Umunsi ibyo mu nda bizatangira kwisuka hasi buri kanya ni bwo uzamenya ko wakoresheje umwanya icyo IMANA itawugeneye!
    Muzabyare hungu na kobwa

  3. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Rwose tuzabyamagane mugihugu cyacu, ibi nibyo bizatuzanira umuvumo. Na bibiliya ntibyemera kandi biteye isesemi no kubyumva.

    1. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
      Ubu ibyo bibilia ivuga Niko byose ubikurikiza? Ntimukige beza muri impyisi.

    2. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
      Ubu ibyo bibilia ivuga Niko byose ubikurikiza? Ntimukige beza muri impyisi.

  4. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Rwose tuzabyamagane mugihugu cyacu, ibi nibyo bizatuzanira umuvumo. Na bibiliya ntibyemera kandi biteye isesemi no kubyumva.

  5. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Aba si abagabo ni ibi mbwa ndetse bi na moka peu murakoze ubwo baraje bavuge ngo ni uburenganzira bwabo reka reka ibi ni ukumoka buhomora.

    Ibaze ijo he ndetse nabazamukomokaho.

  6. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Aba si abagabo ni ibi mbwa ndetse bi na moka peu murakoze ubwo baraje bavuge ngo ni uburenganzira bwabo reka reka ibi ni ukumoka buhomora.

    Ibaze ijo he ndetse nabazamukomokaho.

  7. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Rwose si ibintu by’i Rwanda.

    1. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
      M.Gisa? ubu tuvugeko ko ariwowe uzi ibyi rwanda ? Toka uko …

    2. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
      M.Gisa? ubu tuvugeko ko ariwowe uzi ibyi rwanda ? Toka uko …

  8. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Rwose si ibintu by’i Rwanda.

  9. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Ubwo ibyo bintu bisigaye biba muri iki gihugu ubuyobozi burebera, ni murindire murebe uko umujinya w’Imana Yehova ugiye kumanuka.ntakintu kizasigara(nkuko itababariye Sodomo na Gomora, Niko itazababarira iki gihugu).keretse nitwisubiraho tukaba nk’abaturage ba Ninewe.

  10. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Ubwo ibyo bintu bisigaye biba muri iki gihugu ubuyobozi burebera, ni murindire murebe uko umujinya w’Imana Yehova ugiye kumanuka.ntakintu kizasigara(nkuko itababariye Sodomo na Gomora, Niko itazababarira iki gihugu).keretse nitwisubiraho tukaba nk’abaturage ba Ninewe.

  11. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Buri muntu wese agira amahitamo ye kd uhitamo icyo watekerejeho haba Impact negative cg positive byose. Buriya Amani yabitekerejeho kd afite impamvu njyewe nkumuntu uzi Amani twiganye imyaka myinshi turara no muri chamber zimwe ndetse na class zimwe byarantunguye kuko simbimuziho gusa sinana mucira urubanza nkumuntu wincuti ntawumenya aho umuntu yihanira ibyaha byee

  12. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Buri muntu wese agira amahitamo ye kd uhitamo icyo watekerejeho haba Impact negative cg positive byose. Buriya Amani yabitekerejeho kd afite impamvu njyewe nkumuntu uzi Amani twiganye imyaka myinshi turara no muri chamber zimwe ndetse na class zimwe byarantunguye kuko simbimuziho gusa sinana mucira urubanza nkumuntu wincuti ntawumenya aho umuntu yihanira ibyaha byee

  13. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Ge uko mbyumva numva ari uburenganzira bw’umuntu kubana nuwo ashaka baba bahuje igitsina cg batagihuje.

  14. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Ge uko mbyumva numva ari uburenganzira bw’umuntu kubana nuwo ashaka baba bahuje igitsina cg batagihuje.

  15. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Nabirwanyaga ariko umuhanga aransobanuriye nsanze natosa bakoze ahubwo bibiliya tuyisoma uko itari tukayisobanukirwaho nabi.

    1. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
      Ushatse kuvuga se ko Bibiliya ibyemera King we!

    2. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
      Ushatse kuvuga se ko Bibiliya ibyemera King we!

  16. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Nabirwanyaga ariko umuhanga aransobanuriye nsanze natosa bakoze ahubwo bibiliya tuyisoma uko itari tukayisobanukirwaho nabi.

  17. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Nange mbonye uwo tubyumva kimwe nashaka uwo duhuje igitsina kuko nasanze ari umunyenga.

  18. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Nange mbonye uwo tubyumva kimwe nashaka uwo duhuje igitsina kuko nasanze ari umunyenga.

  19. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Nuburenganzira bwabo nibibanire nubundi inshako zubu zabadahuje igitsina niteshamutwe.

  20. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Nuburenganzira bwabo nibibanire nubundi inshako zubu zabadahuje igitsina niteshamutwe.

  21. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Gusa nakataraza kazaza kand nimubona ibyobyose muzararame murebe mu ijuru

  22. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Gusa nakataraza kazaza kand nimubona ibyobyose muzararame murebe mu ijuru

  23. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Nange nabashyigikiye nuburenganzira bwabo Kandi yesu,Imana,Allah,cg Mohammed babahe umugisha mubyo barimo byose babane mu Mahoro nurukundo.

  24. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Nange nabashyigikiye nuburenganzira bwabo Kandi yesu,Imana,Allah,cg Mohammed babahe umugisha mubyo barimo byose babane mu Mahoro nurukundo.

  25. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Umva mbabwize ukuri nigeze kuryamana nuwo duhuje igitsina ariko naje gusanga ko aribyo bintu biryoha mu buzima… Uwubihakana azakore ubushakashatsi abigeregeze azambwira.

    1. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
      Umva S… Mukuri naje kubigerageza ngo number uko bimeze guhuza kuryamana nuwo duhuje igitsina ariko naje gusanga ko aribyo bintu biryoha peee yesu weee!!! Nari naracitswe.

    2. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
      Umva S… Mukuri naje kubigerageza ngo number uko bimeze guhuza kuryamana nuwo duhuje igitsina ariko naje gusanga ko aribyo bintu biryoha peee yesu weee!!! Nari naracitswe.

    3. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
      Umva S… Mukuri naje kubigerageza ngo number uko bimeze guhuza kuryamana nuwo duhuje igitsina ariko naje gusanga ko aribyo bintu biryoha peee yesu weee!!! Nari naracitswe.

    4. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
      Umva S… Mukuri naje kubigerageza ngo number uko bimeze guhuza kuryamana nuwo duhuje igitsina ariko naje gusanga ko aribyo bintu biryoha peee yesu weee!!! Nari naracitswe.

  26. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Umva mbabwize ukuri nigeze kuryamana nuwo duhuje igitsina ariko naje gusanga ko aribyo bintu biryoha mu buzima… Uwubihakana azakore ubushakashatsi abigeregeze azambwira.

  27. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Mbega kugusha ishyano murwimisozi igihumbi bavandimwe mureke dufatanye dusenyere umugozi umwe twamagane imico ya hato nahoto irimo kworeka iyacu yabakurambere turwanye sekibi kuko naho tujya reka tube intore zishaka ibisubizo aho kuba iciro ryimigani????

  28. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Mbega kugusha ishyano murwimisozi igihumbi bavandimwe mureke dufatanye dusenyere umugozi umwe twamagane imico ya hato nahoto irimo kworeka iyacu yabakurambere turwanye sekibi kuko naho tujya reka tube intore zishaka ibisubizo aho kuba iciro ryimigani????

  29. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Ntabwo aribyo ariko koko mubihaye umugisha kubana muhuje igitsina niyo mpamvu Imana yaremye umugabo numugore naho ibyaha nibyinshi ariko twekubiha umugisha buriwese nahitemo icyo ashaka ntabwo aribyo .Genesis 2-2-16

  30. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Ntabwo aribyo ariko koko mubihaye umugisha kubana muhuje igitsina niyo mpamvu Imana yaremye umugabo numugore naho ibyaha nibyinshi ariko twekubiha umugisha buriwese nahitemo icyo ashaka ntabwo aribyo .Genesis 2-2-16

  31. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Ntabwo aribyo ariko koko mubihaye umugisha kubana muhuje igitsina niyo mpamvu Imana yaremye umugabo numugore naho ibyaha nibyinshi ariko twekubiha umugisha buriwese nahitemo icyo ashaka ntabwo aribyo .Genesis 2-2-16

  32. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Ntabwo aribyo ariko koko mubihaye umugisha kubana muhuje igitsina niyo mpamvu Imana yaremye umugabo numugore naho ibyaha nibyinshi ariko twekubiha umugisha buriwese nahitemo icyo ashaka ntabwo aribyo .Genesis 2-2-16

  33. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Toka Shitani mw’Izina rya Yesu.
    Toka dayimoni ziri muri aba batinganyi.
    Ndakubita hasi ndashwiragiza ndashwaratura,
    ndahuhura imyuka mibi y’ubutinganyi.

  34. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Toka Shitani mw’Izina rya Yesu.
    Toka dayimoni ziri muri aba batinganyi.
    Ndakubita hasi ndashwiragiza ndashwaratura,
    ndahuhura imyuka mibi y’ubutinganyi.

  35. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    alihamdulilahi abaswayile bi nyamirambo nabo ntacyo bakora nukurya ipilawu gusa……mwemera mute abafilwuni muruhame imbere ya masjid ya gaddafi ubwo allah wakbar azabahana ate mwebwe murebera atukwa aho gutangaza djihad? ko mutnya mageragere se jehinamu muzayigenza gute?

  36. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    alihamdulilahi abaswayile bi nyamirambo nabo ntacyo bakora nukurya ipilawu gusa……mwemera mute abafilwuni muruhame imbere ya masjid ya gaddafi ubwo allah wakbar azabahana ate mwebwe murebera atukwa aho gutangaza djihad? ko mutnya mageragere se jehinamu muzayigenza gute?

  37. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Nkunda kwisomera inkuru za bwiza.com ziba zinshimishije.tks

  38. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Nkunda kwisomera inkuru za bwiza.com ziba zinshimishije.tks

  39. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Niba Atari icyaha mu mategeko y’u rwanda ndumva ntakibazo kirimo mwibanire bambe.

  40. Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we
    Niba Atari icyaha mu mategeko y’u rwanda ndumva ntakibazo kirimo mwibanire bambe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *