WIBUKE KO ”KUBAHA” BITANGIRA UKI “BYUKA”- Rev. Nibintije

Sangiza iyi nkuru

Zaburi 5:3

“ Mana, mu gitondo uzumve ijwi ryanjye. Mu gitondo nzajya ngusenga hanyuma ntegereze.”

Tangiza umunsi isengesho. Ejo hashize hari nko mu imva(tomb)naho ejo nabwo ni nko mu nda (womb).

Umunsi ufite akamaro mu ubuzima bwawe ni uyu munsi.

Bityo rero ni ngombwa ko wumva icyo Imana ikubwira buri munsi.

Imana ikwishimire uyu munsi!!!!

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki.

NEMI Nibintije Logo pngNibintije Evangelical Ministries International (NEMI)

estachenib@yahoo.com

+14123265033(WhatsApp)

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *