Umuturage witwa Pascal Mutumwa, utuye Mudugudu wa Sabasengo mu Kagari ka Kageyo mu Murenge wa wa Mwiri, akarere ka Kayonza, avuga ko ari gukorerwa akarengane n’abakozi bashinzwe ubutaka ku Karere no ku Ntara y’Ibirasirazuba bashaka kumutwarira isambu. Ngo bamubwira ko atari iye kandi ayifitiye ibyangombwa, ubuyobozi bwo buvugaka ko bwabumvikanishije , umuturage akabibona akarengane, bityo uyu musaza ngo abona nta wundi wamurengera usibye Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame. (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Amamenyesha
Amamenyesha
Articles
-
Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
18 August 2020, by BWIZA -
Byaragaragaye rwose ko u Rwanda rufatanya n’igihugu, rudakorana n’abantu - Nyusi
20 May, by Denis NsengiyumvaPerezida wa Mozambike, Filipe Nyusi, wahuriye i Kigali na mugenzi w’u Rwanda, yashimangiye ko u Rwanda ruri kongerera ingufu abasirikare 2500 barwanya imitwe y’inyeshyamba muri Cabo Delgado.
“Muri iki cyumweru, izindi ngabo ziri guhaguruka, ntabwo ari ugusimbura, ahubwo n’ukongera …. Kandi ibi ahanini biterwa no kugenda kwa SAMIM [ubutumwa bwa gisirikare bw’bihugu byo mu majyepfo ya Afurika], kandi niburamuka buvuye mu karere ka Macomia bidasubirwaho tuzahafata ”, ibi byavuzwe na Filipe (…) -
Musanze: Urukiko ’rwarumye ruhuha’ umukire wari warariganyije umuturage isambu ye
1 February, by BABOU BenjaminUrukiko rw’Ibanze rwa Muhoza ku wa Gatatu tariki ya 31 Mutarama rwemeje ko umukire Habyarimana Pierre yaguze mu buryo bw’uburiganya isambu y’umuturage witwa Bazimaziki Aimable, rutegeka ko uyu muturage asubizwa ubutaka bwe.
Mu ntangiriro z’ukwezi gushize ni bwo uru rukiko rwari rwaburanishije urubanza Habyarimana yari yarajuririyemo umwanzuro w’urubanza rwaciwe n’inteko y’abunzi bo mu murenge wa Muko mu Ukuboza 2022.
Icyo gihe abunzi bari bemeje ko Habyarimana Pierre yaguze ubutaka bwa (…) -
Uko amapeti 16 yo mu gisirikare cy’u Rwanda arutanwa
4 August 2020, by BABOU BenjaminMu gisirikare cy’u Rwanda (RDF), harimo Impeta [amapeti] 16 zihabwa abasirikare baba baragikoreye ibikorwa by’indashyikirwa bitandukanye.
Ni byinshi bigenderwaho abasirikare bahabwa amapeti, gusa iby’ingenzi harimo kugaragaza ubumyamwuga mu kazi, kurangwa n’ikinyabupfura ndetse no gukora ibikorwa by’indashyikirwa bihesha ishema igisirikare n’igihugu muri rusange.
Amapeti y’ingabo z’u Rwanda ari mu byiciro bibiri, ariko buri cyiciro na cyo kikagenda kibamo ibyiciro bito.
Ibyiciro bikuru (…) -
Rubavu: RDF yarashe mu cyico umusirikare wa FARDC, 2 ibafata mpiri
16 January, by BABOU BenjaminIgisirikare cy’u Rwanda cyatangaje mu ijoro ryacyeye Ingabo zari ku burinzi zarashe mu cyico umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), abandi babiri bafatwa mpiri.
Byabereye murenge wa Rubavu, akagari ka Rukoko, umudugudu wa Rutagata.
RDF mu itangazo yasohoye yasobanuye ko "mu ma saa saba z’urucyerera abasirikare batatu bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bambutse umupaka binjira mu karere ka Rubavu baturutse muri RDC." (…) -
Nyamasheke: Mukabugingo Naome yasubije Eric amafaranga yari yaramuhaye ayita inkwano nyuma yo kuvugwaho kumubenga
31 August 2021, by Bahuwiyongera SylvestreNyuma y’icyumweru cyose bitifashe neza mu rukundo hagati ya Kwihangana Eric,umwarimu muri GS Saint Dominique Savio de Nyanza mu murenge wa Bushekeri mu karere ka Nyamasheke na Mukabugingo Naome,umwarimukazi muri GS Mukoma mu murenge wa Nyabitekeri muri aka karere,aho uyu kwihangana yashinjaga umukunzi we kumuha amafaranga 300.000 ayita inkwano umukobwa yamara kuyafata agahindura imico umusore akavuga ko byamutesheje umutwe kugeza ubwo afashe umwanzuro wo kwandika ibaruwa avuga ko agiye (…)
-
Imitwe ya Special Forces 15 ya mbere iteye ubwoba ku Isi mu 2023
1 August 2023, by Denis NsengiyumvaTwese twubaha cyane abagabo n’abagore baba bariyemeje kwitangira ibihugu byabo mu kubirinda abanzi bo hanze ndetse n’imbere, ariko hariho irindi tsinda rihora ryitabazwa mu bihe bibi cyangwa aho rukomeye. Aba bakura akaga mu nzira kandi binjira ahantu hakomeye ab’umutima ukomeye gusa batinyuka kwegera. Aba ni bo usanga mu mitwe y’ingabo zidasanzwe (Special Forces).
Dore Special Forces 15 za mbere zikanganye ku Isi
1. Special Naval Warfare Force
Umutwe w’ingabo zidasanzwe za Espagne (…) -
Urutonde rw’aba-Jenerali 48 bari mu kazi mu gisirikare cy’u Rwanda
5 November 2021, by BABOU BenjaminPerezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 05 Ugushyingo 2021 yazamuye mu ntera Col Patrick Karuretwa, amuha ipeti rya Brigadier General n’inshingano zo kuba Umuyobozi Mukuru ushinzwe imikoranire mpuzamahanga mu Ngabo z’u Rwanda.
Brig Gen Karuretwa yahise yinjira ku rutonde rwa ba Ofisiye 48 bo mu ngabo z’u Rwanda bari ku rwego rwa ba Jenerali.
Ni urutonde ruriho ba Ofisiye kuva kuri ba Jenerali buzuye (Full Generals) ari na bo (…) -
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran na mushiki we ntibavuga rumwe
8 December 2022, by TUYIZERE JDUmuyobozi w’ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei na mushiki we Badri Hosseini Khamenei ntibavuga rumwe ku mikorere y’umutwe w’ingabo kabuhariwe utinyitse mu karere iki gihugu giherereyemo, Revolutionary Guards.
Ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, byatangaje ko imvano yo kutavuga rumwe kwa bombi kuri izi ngabo ari uko zasabye ubushinjacyaha gufatira ingamba abigaragambiriza urupfu rw’umugore w’imyaka 22 witwa Mahsa Amini wapfiriye muri kasho ya Polisi muri Nzeri.
Mu itangazo ryo (…) -
Abantu 10 ba mbere bagize uruhare mu guhindura amateka y’Isi mu kinyejana cya 20
5 October 2020, by Mecky Merchiore KayirangaHari abantu bagize uruhare mu bikorwa byahinduye amateka y’Isi mu kinyejana cya 20 haba mu byiza cyangwa mu bibi. Ni abantu bagiye baba urugero ku bandi, bakabashimisha, bakabahindura, ndetse abandi bagakurwaho amasomo. Ni muri urwo rwego tugiye kubagezaho abantu 10 ba mbere mu kinyejana cya 20 bagize ibikorwa by’indashyikirwa mu guhindura amateka y’Isi haba mu byiza cyangwa mu bibi nk’uko tubikesha urubuga Wonderslist.
Ikinyejana cya 20 cyatangiye ku itariki ya 01 Mutarama 1901 (…)