Umuhungu wa Dr. Pierre Damien Habumuremyi witwa Mucyo Apollo arasaba Perezida Kagame kumukura mu maboko y’ubutabera bitewe n’imirimo yakoze ubwo yari mu buyobozi bukuru bw’igihugu.
Tariki ya 5 Nyakanga 2020 ni Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha wasigariyeho Marie Michelle Umuhoza, Bahorera Dominique yatangaje ko Dr. Habumuremyi yatawe muri yombi tariki ya 3, akurikiranweho icyaha cy’ubuhemu no gutanga sheki zitazigamiye. Amakuru avuga ko Dr. Habumuremyi arimo umwenda wa (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Featured Post
Featured Post
Articles
-
Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
9 July 2020, by TUYIZERE JD -
Sena iratabariza Abanyarwanda bakoreye mu Burundi badahabwa amafaranga ya pansiyo
11 August 2022, by TUYIZERE JDUmutwe wa Sena mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda uratabariza Abanyarwanda bakoreye mu Burundi ubwo bari impunzi, badahabwa amafaranga y’ubwiteganyirize (pansiyo).
Iki kibazo cyagejejwe mu nteko rusange ya Sena yateranye kuri uyu wa 10 Kanama 2022, bamwe muri ba senateri barimo Havugimana Emmanuel na André Twahirwa bagaragaza ko aba Banyarwanda babayeho nabi, kandi ikibazo cyabo kimaze igihe kirekire kizwi.
Senateri Havugimana yasobanuye ko imwe mu mbogamizi aba Banyarwanda bahura na (…) -
Munyakazi Sadate na Komite ye basezerewe muri Rayon Sports
22 September 2020, by BABOU BenjaminMunyakazi Sadate wari umaze umwaka ayobora Rayon Sports na Komite bari bafatanyije kuyobora iyi kipe, bamaze gusezererwa ku buyobozi bw’iyi kipe.
Ni icyemezo cyafatiwe mu nama iri kubera muri Kigali Arena yahuje inzego zitandukanye zirimo Minisiteri ya Siporo n’Urwego rw’igihugu rushinzwe Imiyoborere RGB.
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Kabiri muri Kigali Arena, Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, Dr Usta Kaitesi, yavuze ko Komite ya Munyakazi yananiwe (…) -
Karongi: Bakoze ikizamini cyo kwigisha ari babiri, batungurwa no gusanga abagitsinze ari batandatu
22 July 2020, by BABOU BenjaminMu bizamini byo gushaka abarimu bashya bazigisha mu mashuri y’incuke, abanza, ayisumbuye n’ay’imyuga n’ubumenyi ngiro byakozwe mu minsi ishize, hari abavuga ko hashobora kuba harabayemo amanyanga mu kugena ababitsinze.
Ku wa kabiri tariki 14 Nyakanga 2020, ni bwo abarimu 35,000 bo mu gihugu hose batangiye gukora ibizamini by’akazi, nyuma yo gusaba imyanya yo kwigisha muri aya mashuri.
Ni nyuma y’uko Guverinoma y’u Rwanda yasabye ko abarimu bakoze ibizamini byo kwigisha bongera (…) -
Niba uri Umuhutu ubwo buhutu bwawe ni nde uzaburya?_Perezida Ndayishimiye
2 March 2021, by BABOU BenjaminPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yabwiye abaturage b’igihugu cye ko kwitwa ’Umuhutu cyangwa Umututsi’ nta wabirya, ashimangira ko icy’ingenzi ari ukurangwa n’ubumwe.
Perezida Ndayishimiye yabigarutseho ku wa Mbere tariki ya 01 Werurwe, ubwo yari muri Komini Buraza ho mu ntara ya Gitega, aho yari yitabiriye ibirori byo kwishimira intsinzi y’ishyaka CNDD-FDD mu matora y’umukuru w’igihugu byizihirijwe ku rwego rwa Komini.
Perezida Ndayishimiye yagaragaje ko kugendera ku moko (…) -
RDF yatangiye kwandika abifuza kwinjira mu ngabo zayo
15 October 2021, by BABOU BenjaminIgisirikare cy’u Rwanda (RDF), cyahaye rugari Abanyarwanda bifuza kwinjira mu ngabo zacyo ku rwego rw’abasirikare bato.
Kwiyandikisha byatangiye kuva kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukwakira kugeza ku wa 21 Ukwakira, bikaba biri gukorerwa ku rwego rw’imirenge.
Ibisabwa ku bifuza kwinjira muri RDF -
Perezida Kagame yaciye amarenga ko RDF igiye guhiga FDLR muri RDC
8 February 2022, by BABOU BenjaminPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yaciye amarenga y’uko bishobora kuzarangira ingabo z’u Rwanda zigiye guhiga abarwanyi ba FDLR bamaze imyaka 27 bafite ibirindiro mu mashyamba ya Congo.
Umukuru w’Igihugu yabikomojeho kuri uyu wa Kabiri, ubwo yari amaze kwakira indahiro ya Dr Nsabimana Ernest uheruka kugirwa Minisitiri w’Ibikorwa Remezo na Eng. Uwase Patricie uheruka kugirwa Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo.
Perezida Kagame ubwo yari amaze kwakira indahiro z’aba (…) -
Abayobozi bamaze igihe kirekire ku mwanya wa Meya ugora benshi
31 August 2020, by TUYIZERE JDUmwanya w’Umuyobozi w’Akarere uzwi nka ‘Meya ufatwa nk’ugoranye cyane kurusha indi yose bitewe n’uko ahanini biba gake kubona uwurambyeho, bikaba bigorana no kubona byibuze n’umara manda y’imyaka itanu.
Aha humvikana imvugo ya ‘Tour du Rwanda’ cyangwa se ‘umweyo’ aho humvikanye iyegura ry’umusubirizo ry’aba bayobozi mu bice bitandukanye by’igihugu nk’uko byagenze tariki ya 2 n’iya 3 Nzeri 2019 ubwo Komite Nyobozi mu turere twa Karongi, Ngororero, Muhanga, Burera, Gisagara, Rutsiro, (…) -
Rusizi: 2 MTN workers test positive for Covid-19, the office imediately closed
16 June 2020, by Eulade ManziThe report from MTN Rwanda -Rusizi branch , reveals that after the general test, 2 of their workers found positive covid-19 , the 2 new cases were takeñ to the hospital in charge. The shop is set to close for a week starting from 15th June 2020. the rest started home confinement to avoid the spread.“
As one of MTN workers who didn’t want his name to be revealed out talked to Bwiza.com, he said" in the general test of last week Thursday and Friday, the today’s result found that 2 have (…) -
Amakuru yihariye yaranze icyumweru gishize
19 October 2020, by TUYIZERE JDIcyumweru gishize cyatangiye tariki ya 12 Ukwakira 2020, cyizihijwemo umunsi mpuzamahanga w’Umugore wo mu Cyaro, aho Isi yose igaragaza agaciro k’aba bagore bakunze kunyura mu mbogamizi nyinshi mu buzima bwabo, zibabuza kwiteza imbere.
Cyinganjemo amakuru atandukanye avuga kuri gahunda za leta y’u Rwanda zerekeye ku bukungu, ubuzima n’imibereho y’abaturage, akaba yaravuzweho cyane n’Abanyarwanda cyangwa se akaba afite ingaruka ku buzima rusange bw’igihugu.
Amakuru yihariye yaranze iki (…)