Umufaransa Vincent Duclert usanzwe ari umuhanga ukomeye mu mateka, yashyikirije Perezida Paul Kagame ’Raporo Duclert’ yamwitiriwe, ivuga ku ruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Iyi Raporo y’impapuro zirenga 1,200 yashyizwe ahagaragara mu kwezi gushize nyuma ya Komisiyo y’impuguke mu mateka yari yarashyizweho na Perezida Emmanuel Macron ngo icukumbure inyandiko zari mu ishyinguranyandiko zerekeye u Rwanda.
Vincent Duclert ni we wari ukuriye iriya Komisiyo.
Raporo (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Featured Post
Featured Post
Articles
-
Prof Vincent Duclert yashyikirije Perezida Kagame ya raporo yamwitiriwe
9 April 2021, by BABOU Benjamin -
Perezida Kagame ategerejwe mu ruzinduko rw’akazi mu kindi gihugu cyo muri Amerika
30 August 2022, by Denis NsengiyumvaPerezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ategerejwe mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Belize muri uku kwezi gutaha, aho azaba yitabye ubutumire bwa Minisitiri w’Intebe, John ?r???ñ?.
Iyi nkuru dukesha urubuga, breakingbelizenews.com, iravuga ko uruzinduko rwa Perezida Kagame muri iki gihugu ruteganyijwe ku itariki ya 14 kugeza ku ya 15 Nzeri 2022.
Minisitiri w’Intebe wa Belize, John ?r???ñ?, avuga ko yabonanye na Perezida Kagame mu inama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bigize (…) -
Abashinzwe amasomo mu mashuri yisumbuye (Dos) barinubira umushahara utajyanye n’inshingano bakora
4 August 2020, by Sikubwabo Mark IbrahimAbarezi bashinzwe amasomo (Directors of Studies) mu mashuri yisumbuye hirya no hino mu gihugu,barasaba Minisiteri y’Uburezi n’Ikigo cy’Igihugu cyita ku burezi(REB) kubahindurira umushahara kuko uwo bahabwa udahura n’inshingano bakora.
Hashize imyaka myinshi mu burezi, aba barezi bashinzwe amasomo ndetse akenshi bakunze kugirwa abasigire b’Umuyobozi w’ishuri kuko bamwungirije, bahembwa amafaranga nk’ayo abarimu baba bayoboye bahembwa. Aba bayobozi iki bakibona nk’ikibazo kuko hari (…) -
Murumuna wa Gen Patrick Nyamvumba yasabye imbabazi Perezida Kagame
8 January 2022, by BABOU BenjaminRobert Nyamvumba usanzwe ari umuvandimwe wa Gen Patrick Nyamvumba, yemeye ko yijanditse muri ruswa bituma asaba imbabazi Perezida wa Repububulika, Paul Kagame.
Muri Nzeri 2020 ni bwo Robert Nyamvumba wahoze ari Umukozi ushinzwe Ishami ry’Ingufu muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, yakatiwe gufungwa imyaka itandatu ndetse ategekwa no gutanga ihazabu ya miliyari 21.6 n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge nyuma kumuhamya icyaha cyo gusaba indonke kugira ngo hakorwe ikinyuranyije n’amategeko. (…) -
Muhire yabuze indege imujyana kwivuza mu Misiri kubera ko ari muri bomboni
23 September 2020, by TUYIZERE JDMuhire Jean Claude ni umusore w’imyaka 29 y’amavuko urwariye mu bitaro bya CHUK i Kigali kuva muri Gashyantare 2019, ubu akaba amazemo amezi 17.
Muri uko kwezi, Muganga yaramupimye asanga arwaye impyiko zombi ku rwego rwa gatanu, ari narwo rwa nyuma ku buryo zidashobora gukira. Muganga kandi yamubwiye ko arwaye n’umuvuduko ukabije w’amaraso ndetse na Anemiya.
Muhire yabwiwe na muganga ko nta bundi buryo buhari keretse gusimbuza impyiko izindi. Nyuma y’amezi abiri, yaje kubona umusore (…) -
U Rwanda na Uganda byaba byasubukuye ibiganiro ku mubano wabyo
17 January 2022, by BABOU BenjaminLeta ya Uganda n’iy’u Rwanda zasubukuye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru bigamije gusubiza mu buryo umubano w’ibihugu byombi umaze igihe warangiritse.
Muri 2017 ni bwo ibihugu byombi byashwanye kubera ibirego kimwe cyagiye gushyira ku kindi.
U Rwanda rushinja Uganda gufasha imitwe yitwaje intwaro igamije kuruhungabanyiriza umutekano, irangangajwe imbere n’uwa RNC wa Gen Kayumba Nyamwasa.
Ruyishinja kandi guta muri yombi no gufunga mu buryo butemewe n’amategeko Abanyarwanda baba ku (…) -
Icyo M23 ivuga ku bwicanyi bivugwa ko bwakorewe i Kishishe FARDC yegetse kuri RDF
2 December 2022, by BABOU BenjaminUmutwe wahakanye ubwicanyi washinjwe gukora n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, uvuga ko ari ibihuha byahimbwe na Leta ya Congo n’imitwe yitwaje intwaro ya FDLR, Mai-Mai na Nyatura bamaze igihe bakorana.
Ku wa Kane tariki ya 01 Ukuboza ni bwo Igisirikare cya Congo cyasohoye itangazo rishinja Ingabo z’u Rwanda kwifatanya n’inyeshyamba z’umutwe wa M23 bakongera kugaba ibitero ku birindiro by’Ingabo zacyo.
FARDC yashyize ibi birego kuri RDF binyuze mu muvugizi wayo, (…) -
Umuvugizi wa UPDF abona Leta ya RDC yibeshya kuri M23 n’abaturanyi
13 July 2022, by TUYIZERE JDUmuvugizi w’ingabo za Uganda, Brig. Gen. Félix Kulayigye, abona Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yibeshya ku kibazo cy’umutekano muke kiri mu burasirazuba bwayo, by’umwihariko ku mutwe wa M23 n’ibihugu by’abaturanyi.
Mu kiganiro Imvo n’Imvano kuri BBC giherutse kuba tariki ya 9 Nyakanga 2022, Gen. Kulayigye yavuze ko Leta ya RDC yibasira kuri M23 gusa kandi hari indi mitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano mu burasirazuba bw’iki gihugu.
Gen. Kulayigye wakoresheje (…) -
Burundi: Bucura bwa Perezida Ndayishimiye mu bacyesheje ibirori by’ubwigenge (Amafoto)
3 July 2021, by BABOU BenjaminBucura bwa Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ari mu bacyesheje ibirori by’umunsi mukuru w’ubwigenge bwa kiriya gihugu byabaye tariki ya 01 Nyakanga.
U Burundi bwizihizaga isabukuru y’imyaka 59 bumaze buhawe ubwigenge n’u Bubiligi.
Akarasisi k’ibyiciro bitandukanye by’abantu, imyiyereko y’abakomando, imbyino n’indirimbo; biri mu byakesheje biriya birori.
Mu matsinda y’urubyiruko yiyerekanye imbere y’abarimo Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente witabiriye biriya (…) -
Muri gare ya Rusizi abagore bavuga ko barambiwe guhurira mu bwiherero bumwe n’abagabo
8 March 2022, by Bahuwiyongera SylvestreImyaka irenze 5 muri gare ya Rusizi abagore n’abagabo bahurira mu bwiherero bumwe bw’abagabo kuko ubw’abagore bufunze kuva icyo gihe cyose, iyo urungurutse mu cyumba cy’ubwiherero bwari bwise ubw’abagore, urebeye hanze, usanga bararunzemo ibikoresho binyuranye, inyuma ibirahure by’urugi rwaho byaramenaguritse, iruhande rwarwo harambitse ibyuma, bamwe mu bagore bakagaragaza impungenge ko bashobora kuhahurira n’ingorane bagasaba ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi gukemura iki kibazo byihutirwa. (…)