Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Congo Kinshasa, yitambitse icyemezo cyo kohereza abapolisi b’u Rwanda mu mujyi wa Goma asaba abanye-Congo kucyamagana.
Fayulu watsinzwe na Perezida Tshisekedi mu matora yo muri 2018, yahuje kuba abapolisi b’u Rwanda bajya gucunga umutekano i Goma no kuba ingabo za Uganda ziri kurwanya inyeshyamba za ADF muri Kivu y’amajyaruguru, avuga ko ari uguhonyora ubusugire bwa RDC.
Kuri Twitter ye yagize ati: "Mu gihe hagitegerejwe ijambo (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Featured Post
Featured Post
Articles
-
VIDEO: Abanyarwanda bemerewe ibintu bikomeye muri Central African Republic
11 February 2021, by Mecky Merchiore Kayiranga -
Martin Fayulu yamaganye abapolisi b’u Rwanda i Goma
17 December 2021, by BABOU Benjamin -
Abadepite basabye MIGEPROF gukemura ikibazo cy’abakobwa batanga inkwano ku bahungu
14 July 2020, by Ildephonse DusabimanaKuri uyu wa 14 Nyakanga, Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof. Jeannette Bayisenge mu buryo bwikoranabunga yafashe umwanya wo gusubiza ibibazo byagaragajwe n’abadepite bagize Komisiyo ya Politiki, uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagore n’abagabo mu iterambere ry’igihugu.
Bimwe muri ibi bibazo birimo, ingamba zafashwe mu kurinda abangavu inda zitateganijwe, zimwe mu ngeso zigaraga mu turere twa Ngororero na Nyamasheke aho abakobwa basabwa amafaranga n’abasore ngo (…) -
Izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa: U Rwanda ku mwanya wa 8, ruvuye ku wa 9
13 November 2022, by TUYIZERE JDBanki y’Isi muri raporo yayo nshya, yagaragaje ko kugeza tariki ya 31 Ukwakira 2022 u Rwanda rwageze ku mwanya wa 8 mu bihugu 10 bya mbere bifite ibiciro by’ibiribwa byazamutse kurusha ahandi.
Iyi banki yagaragaje ko imbere mu Rwanda, ibiciro by’ibiribwa byazamutse ku kigero cya 41%, rukaba rukurikirwa na Ghana iri ku kigero cya 38% na Moldova iri kuri 34%.
Igihugu cya mbere cyagize izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa rikabije cyane ni Zimbabwe iri ku kigero cya 340%, Liban iri kuri 208%, (…) -
Abarwayi 17 ba Coronavirus bahuye n’abasaga 600: Min. Dr. Ngamije
22 March 2020, by Sikubwabo Mark IbrahimMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu hasuzumwe abantu 130 Coronavirus hakaba nta bwandu bushya bwigeze bugaragara bigatuma umubare w’abanduye uguma kuri 17.
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yavuze ko muri rusange abantu banduye Coronavirus uko ari 17 bahuye n’abasaga 600 muribo abamaze gusuzumwa bakaba ari 467 barimo n’abasuzumwe kuri uyu wa Gatandatu 130 bangana na 60% byabo.
Minisitiri w’Ubuzima yavuze ko abanduye iki cyorezo kimwe n’abasuzumwe hafi ya bose ari (…) -
Fayulu, Mukwege na Matata Ponyo barifuza ko RDC yaca burundu umubano n’u Rwanda
26 December 2022, by BABOU BenjaminAbanyapolitiki Martin Fayulu na Matata Ponyo cyo kimwe na muganga Dr Denis Mukwege, bahaye Leta ya Congo Kinshasa icyifuzo cyo guca burundu umubano n’u Rwanda; nk’imwe mu nzira yo gukemura uruhuri rw’ibibazo byugarije RDC.
Ni ibikubiye mu tangazo rihuriweho aba bagabo uko ari batatu basohoye kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Ukuboza 2022.
Muri iyi nyandiko, Fayulu watsinzwe na Tshisekedi mu matora yo muri 2018, Dr. Mukwege na Matata Ponyo wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa RDC; bagarutse ku (…) -
Avuga ko yasize ababyeyi muri Zambia ubwo yamenyaga ko bagize uruhare muri jenoside
22 December 2021, by TUYIZERE JDHabumugisha Muragijimana Innocent wakuriye muri Zambia mu gihe yari impunzi, yavuze ko yasize ababyeyi be mu buhungiro muri iki gihugu ubwo yamenyaga ko ari abanyabyaha bagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Yabitanzeho ubuhamya ku wa 17 Ukuboza 2021 ubwo umuryango w’abahoze ari abanyeshuri barokotse jenoside yakorewe Abatutsi, GAERG, wizihizaga isabukuru y’imyaka 73 ishize Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye yemeje ko jenoside ari icyaha gihanwa n’amategeko. (…) -
Umushahara w’abasirikare wazamuweho 75%_Dr Frank Habineza
31 October 2020, by BABOU BenjaminDr Frank Habineza, umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda akaba na Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Democratic Green Party, avuga ko bishimira uburyo ibyo bagiye bavuganiraho abaturage birimo gukorwa, muri ibyo hakaba harimo ko umushahara w’abasirikare wazamuweho 75%, uw’abarimu ukaba umaze kuzamurwaho 20% n’uw’abapolisi nawo ukaba urimo kuzamurwa.
Ibi Dr Frank Habineza yabisobanuye ubwo bari mu nama ya biro Politiki y’iri shyaka, yigaga ku (…) -
Le président Kagame lance un avertissement sévère à ceux qui cherchaient à déstabiliser le Rwanda
15 November 2019, by Denis NsengiyumvaLe président Paul Kagame a lancé un avertissement sévère à ceux qui cherchaient à déstabiliser le Rwanda, affirmant qu’il était prêt à relever le défi pour protéger les Rwandais.
M. Kagame a pris la parole lors d’une cérémonie pour assermenter les nouveaux membres du cabinet et de hauts responsables militaires dans les bâtiments parlementaires à Kimihurura, jeudi.
Kagame a déclaré que les Rwandais étaient arrivés à un moment où ils pouvaient tenir la sécurité pour acquise, ajoutant que (…) -
Ubwo FDLR yatangiye kubura umutwe, umuti wayo turawufite_Gen Alex Kagame
31 August 2021, by BABOU BenjaminUmuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda mu ntara y’Uburengerazuba, Maj Gen Alex Kagame, yagaragaje ko Umunyarwanda afite agaciro n’umutekano uhagije, ku buryo anapfusha inkoko igihugu cyose kikabimenya.
Gen Kagame yabigarutseho ku wa Mbere tariki ya 30 Kanama, mu gikorwa cyo gushyikiriza umuturage witwa Twagirayezu Jean de Dieu wo mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu inka eshanu aheruka gushumbushwa n’Umukuru w’Igihugu.
Ni nyuma y’Igitero cy’abagizi ba nabi bikekwa ko ari FDLR cyagabwe muri (…)