Kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Ugushyingo 2021 hatangajwe amanota yavuye mu bizamini bya leta by’abanyeshuri barangije umwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu cyiciro cy’ubumenyi rusange, mu nderabarezi ndetse n’imyuga n’ubumenyingiro.
Mu cyiciro cy’ubumenyirusange, nk’uko byashyizwe ahagaragara na Minisitiri w’Uburezi, Dr Valentine Uwamaliya, hiyandikishije abakandida 47,638. Ariko abakoze ibizamini ni 47,399, muri abo biyandikishije abatsinze ni 40,435 bingana na 85,3%, bisobanuye ko (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Business Today
In Business Today
Articles
-
Icyo Ubusesenguzi bwerekana: PM Abiy ari mu nzira ava kubutegetsi?TPLF iri kumwotsa igitutu gikomeye
15 November 2021, by BWIZA -
Mu banyeshuri 10 ba mbere barangije mu cyiciro cy’ubumenyirusange harimo abakobwa 2 gusa
15 November 2021, by Denis Nsengiyumva -
Ubusitani bugezweho mu Mujyi wa Kigali burimo na Pisine, ahantu wakorera ibirori wisanzuye muri iki gihe- REBA AMAFOTO
16 February 2022, by BWIZANi ubusitani burimo indabyo zitoshye, buherereye inyuma gato y’agasanteri k’ubucuruzi ka Gasanze, Mu mudugudu w’Agatagara, Akagari ka Gasanze, Umurenge wa Nduba, Akarere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali. Bukorerwamo ubukwe n’ibindi birori bitandukanye.
Buragutse kandi buranazitiye, ushyiramo amahema atandukanye yakwakirirwamo abantu basaga 1000, by’umwihariko bukaba bufite n’igice cya pisine abashaka koga no kwifotoza bifashisha, ubu busitani bukaba bubereye uwabukoreramo wese cyane muri iki (…) -
Menya ibyavuzwe muri politiki, imikino n’imyidagaduro mu cyumweru gishize
17 August 2020, by TUYIZERE JDIcyumweru gishize cyatangiye tariki ya 10 kirangira tariki ya 16 Kanama 2020. Cyari icya 33 cy’umwaka w’2020 ni cyo twamenyeyemo amakuru atandukanye ajyanye na politiki, ububanyi n’amahanga,... nk’ubwo abayobozi batatu bari barakuwe muri guverinoma, Perezida Kagame yongeye kubagirira icyizere abaha abaha izindi nshingano, Minisiteri y’Uburezi imara amatsiko abibaza ku hazaza h’uburezi muri Covid-19.
Abayobozi batatu bahoze muri Guverinoma, bongeye kugirirwa icyizere
Aba barimo Ambasaderi (…) -
Perezida wa FIFA azatorerwa mu Rwanda
23 June 2022, by BABOU BenjaminAkanama k’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), kahaye u Rwanda kwakira Inteko Rusange ya 73 y’iyi mpuzamashyirahamwe izasiga hatowe Perezida wayo.
Kuri uyu wa Kane ni bwo abagize aka kanama (Perezida wa FIFA na ba Perezida b’impuzamashyirahamwe z’umupira w’amaguru ku migabane itandatu y’Isi) bateranye bayobowe na Perezida Gianni Infantino wa FIFA.
Banzuye ko Inteko Rusange ya 73 ya FIFA biteganyijwe ko izabera i Kigali ku wa 16 Werurwe 2023, ari na bwo hazatorwa (…) -
Kagame na Blinken ntibumvikanye, Dr Iyamuremye yareguye, Maj. Ngoma wafatiwe ibihano: inkuru z’icyumweru
12 December 2022, by TUYIZERE JDIcyumweru gishize cyatangiye tariki ya 5 Ukuboza 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zerekeye kuri politiki n’umutekano.
Harimo ko:
Perezida wa sena yareguye
Uwari Perezida w’umutwe wa sena mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Dr Iyamuremye Augustin, yeguye kuri iyi nshingano kubera impamvu y’uburwayi.
Ibaruwa y’ubwegure bwe yayigejeje kuri ba visi perezida ba sena ndetse n’abasenateri muri rusange tariki ya 8 Ukuboza 2022, ndetse Inteko yemeje aya makuru.
Ubwo Inteko yakiraga (…) -
U Rwanda rwashinje RDC gutegura intambara, umugore akekwaho kwica umusore: zimwe mu nkuru z’icyumweru
23 January 2023, by TUYIZERE JDIcyumweru gishize cyatangiye tariki ya 16 Mutarama 2023 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zirimo izerekeye ku mutekano, politiki n’ubutabera.
Harimo ko:
U Rwanda rwashinje RDC gushaka kurushozaho intambara
Guverinoma y’u Rwanda yashinje ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) gutegura uburyo bwo kurushozaho intambara.
Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, tariki ya 19 yasobanuye ko itangazo ryashyizwe hanze na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC tariki ya (…) -
VIDEO: Leta ntikwiye kwingingwa gufasha itangazamakuru, abaturage bazayihindukirana nibatabona inkuru mpamo - Robert
3 March 2021, by Mecky Merchiore Kayiranga -
RDC yatangaje ko abasirikare RDF yemeza ko bashimuswe ari imfungwa z’intambara
29 May 2022, by TUYIZERE JDIgisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko abasirikare babiri b’u Rwanda giherutse gufata ibafite nk’imfungwa z’intambara.
Kuri uyu 28 Gicurasi 2022, ku mbuga nkoranyambaga z’Abanyekongo hasakaye ifoto y’abantu babiri bambaye impuzankano y’igisirikare cy’u Rwanda (RDF), bazirikiwe amaboko mu mugongo.
Hasakaye indi foto igaragaza ibyangombwa birimo ikarita y’igisirikare n’indangamuntu by’umusirikare w’u Rwanda ufite ipeti rya Corporal, Nkundabagenzi Elysée (…) -
VIDEO: Hadutse umu Pastor uvuga ko Gutanga icyacumi n’amaturo bitemewe/ ngo n’abacyaka n’ibisambo bibi
27 July 2021, by BWIZAKurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV