Abakozi babiri ba Banki ya Kigali ishami rya Kacyiru bafunzwe bakurikiranyweho guteza iyi banki igihombo cy’amafaranga arenga miliyoni 144 yaburiye muri ATM ariko bo bakabihakana bavuga ko ari amakosa yakozwe na ATM.
Aba bakozi ba Banki bakurikiranyweho guteza iki gihombo ni umubyeyi w’abana bane Mukasine Jeanine na Nsengiyumva Jean de Dieu. Aba bakaba baratawe muri yombi tariki 12 Ukwakira bakekwaho kuba baribye aya mafaranga muri ATM iri kuri Kigali Heights.
Kigali Heights ni inyubako (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Business Today
In Business Today
Articles
-
Abakozi ba BK bavuga ko ATM yanyereje Frw miliyoni zisaga 140
13 November 2019, by Fred Rugira -
VIDEO: Abayobozi ba ADEPR bateye ibuye mu gihuru\Youtube si yabo barihuse\Amadini agiye kwiyongera
31 May 2021, by BWIZAKurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
-
Ubutegetsi bwa RDC bugomba kwizera EAC: Museveni
20 November 2022, by TUYIZERE JDPerezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bugomba kwizera ubumwe bwa Afurika y’iburasirazuba, kugira ngo ibufashe gukemura ibibazo bihari by’umutekano muke.
Aya magambo yayabwiye itsinda ry’akanama k’Umuryango w’Abibumbye (UN) gashinzwe umutekano riherutse kugirira uruzinduko muri Uganda, ryari mu iperereza rigamije kumenya aho imitwe yitwaje intwaro irimo M23 ikura ubufasha.
Ibiro bya Perezida wa Uganda kuri uyu wa 19 (…) -
VIDEO : Umugabo wa Mama Vanessa aramutamaje//Ibye byose bigiye hanze|| Yabeshye ko yahunze Leta- Gospel Talk
19 January 2021, by Mecky Merchiore KayirangaMu kiganiro Gospel Talk cyatangiye gutambuka kuri bwiza tv kuri uyu wa kairi tariki ya 19, Mutarama 2020. Haganiriwe ku makuru ari kuvugwa hirya no hino mu bijyanye n’iyobokamana cyane ku nkuru iri kuvugwa cyane y’umuvugabutumwakazi Mukanyirigira Gloriose uzwi cyane nka Maman Vanessa, kuri ubu bivugwa ko yataye urugo n’abana 6 ubu akaba agiye gushakana nundi mugabo.
Ikiganiro cyabanze kukuba ingo z’abakozi b’Imana zikomeje gusenyuka ariko bamwe bakavuga ko Imana yababwiye ko abo babana (…) -
The office of the Ombudsman of Rwanda signed an mou with ACTA Aatar
23 May 2022, by BWIZAIn Qatar, on Sunday, May 15,2022, the Office of the Ombudsman of Rwanda signed a Memorandum of Understanding (MoU) with the Administrative Control and Transparency Authority (ACTA) of Qatar in promoting integrity and transparency.
The Memorandum was signed by H.E the President of Administrative Control and Transparency Authority, H.E Hamad Bin Nasser Al-Misnad and the Chief Ombudsman of Rwanda Hon. NIRERE Madeleine, in the presence of number of Officials from ACTA.
In her speech on this (…) -
VIDEO: Perezida Kagame mumumbwirire\\Uruzinduko rwabaye umuti ku njiji n’abarwayi\mfite amakuru ko Nahimana amerewe nabi-Assouman
24 May 2021, by BWIZAKurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
-
Musanze: Bimwe mu bihazi byiyise ’Abamozambike’ byatangiye gutabwa muri yombi
17 September 2022, by BWIZAKuri sitasiyo ya Polisi ya Kinigi mu karere wa Musanze hafungiye abagabo bagera kuri barindwi (7) bivugwa ko bagize itsinda ry’insoresore ryiyise ’Abomozambike’ bahangayikishije abaturage mu mirenge ya Nyange, Musanze na Kinigi kubera ibikorwa byabo bidahesha agaciro ikiremwamuntu birimo ubwicanyi, gukubita no gukomeretsa, ubujura bukoresheje kiboko ndetse n’ubuciye icyuho.
Ni ibikorwa byatangiye mu mezi make ashize ubwo abiyitaga ’Abanyarirenga’ baciwe mu murenge wa Cyuve, noneho bamwe (…) -
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene
6 September 2022, by Biregeya JustinNtakabanyura Claude, wamenekanye nka Papa Charlene bitewe n’uwahoze ari umugore we uzwi nka Mama Charlene, wakunze gutangaza amagambo mu itangazamakuru no kumbuga nkoranyambaga yavugishije benshi, yeretse inshuti n’imiryango umukobwa witwa Louise bagiye kubana.
Ni umuhango wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 4 Nzeri 2022. Mu kiganiro Claude yagiranye na bwiza.com , yatangaje ko igihe ari iki kugirango azane umugore usimbura uwo bahoranye bakanabyarana. “Igihe ni iki , neretse inshuti , (…) -
Muri gare ya Rusizi abagore bavuga ko barambiwe guhurira mu bwiherero bumwe n’abagabo
8 March 2022, by Bahuwiyongera SylvestreImyaka irenze 5 muri gare ya Rusizi abagore n’abagabo bahurira mu bwiherero bumwe bw’abagabo kuko ubw’abagore bufunze kuva icyo gihe cyose, iyo urungurutse mu cyumba cy’ubwiherero bwari bwise ubw’abagore, urebeye hanze, usanga bararunzemo ibikoresho binyuranye, inyuma ibirahure by’urugi rwaho byaramenaguritse, iruhande rwarwo harambitse ibyuma, bamwe mu bagore bakagaragaza impungenge ko bashobora kuhahurira n’ingorane bagasaba ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi gukemura iki kibazo byihutirwa. (…)
-
Nyaruguru: Aratabariza umugabo we ufungiye mu nzererezi kubera Gitifu umugendaho
26 July 2020, by BABOU BenjaminUmugore w’uwitwa Hakizimana Oscar wo mu mudugudu w’Ururambo, mu kagari ka Mbuye, mu murenge wa Ngoma w’akarere ka Nyaruguru, arasabira umugabo we kurenganurwa nyuma yo kujya gufungirwa mu kigo kinyurwamo by’igihe gito (Transit Center) bigizwemo uruhare na Hakizimana Jean, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uriya murenge.
Umudamu wa Hakizimana yabwiye BWIZA ko bigitangira, mu gicuku cy’itariki ya kabiri Kamena abashinzwe umutekano bagiye aho acururiza bakamufunguza, hanyuma bakamutwarana (…)