Abaturage bo mu mirenge igize Umujyi wa Gisenyi w’akarere ka Rubavu barasaba inzego zirimo iz’umutekano kubatabara, zikabakiza abazi nk’Abuzukuru ba Shitani’ bamaze igihe babajujubya.
Abuzukuru ba Shitani ni agatsiko gasanzwe kiganje cyane mu mirenge irimo uwa Gisenyi, Rubavu, Nyamyumba na Rugerero
Abazi aka gatsiko bavuga ko kagizwe n’ibyiciro bitandukanye, kuva ku bana bakiri bato (bari hagati y’imyaka irindwi na 12), insoresore ndetse n’abuzukuru bakuru.
Kayihura Felix utuye mu (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Slide
In Slide
Articles
-
Rubavu: ’Abuzukuru ba Shitani’ bongeye kukameza, abaturage baratabaza
4 January, by BABOU Benjamin -
Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
19 May 2020, by Sikubwabo Mark IbrahimNiba hari ikintu cyavuzweho cyane mu mateka y’urugamba rw’ingabo za FPR Inkotanyi ni ukumenya gutega umwanzi imitego ( ambush), gutera ibitero shuma ( sporadic attacks), gutera hagamijwe kubohora abagizwe imbohe ( raids) n’ ibindi. Ni ibintu bivugwa n’abantu batandukanye , gusa bigoye kubona inyandiko zibivugaho n’ubwo bidasiba kuvugwa mu biganiro hagati y’abantu batandukanye.
Ni gake ubu buryo bw’imirwanire abenshi bita iya kinyeshyamba butagize icyo bugeraho ku ruhande rw’Inkotanyi, kuko (…) -
Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
16 September 2023, by Fulgence NiyonagizeGufatwa, guca urubanza, gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko no gufungwa ni inzira ndende y’ubutabera. Iyi nzira igendana n’urusobe rw’ibibazo biremereye urwego rw’ubutabera. Imanza nyinshi, abamaze igihe bafunze bataburana, ubucucike bw’abafunzwe Ibi bitera kwibaza niba uwakoze icyaha wese ubutabera ahabwa ari ukumufunga. Hari izindi nzira zagakoreshejwe kandi ubutabera bugatangwa ku gihe kandi bwuzuye. Gusa inzira ni ndende.
Mutimura Abed, amenyerewe mu batunganya amashusho akoreshwa (…) -
Perezida Kagame asanga Abanyafurika bakwiye kuyiteza imbere aho kuyibera umuzigo
16 May, by Denis NsengiyumvaPerezida wa Repubulika, Paul Kagame yagaragaje ko ko biteye impungenge kuba umubare w’abaturage ba Afurika bari mu cyiciro giciriritse ukomeje kwiyongera nyamara uyu Mugabane wihariye 20% by’abaturage bose b’Isi, bikaba byari bikwiye ko abawutuye bawuteza imbere aho kuwubera umuzigo w’ubukene .
Ibi yabitangaje mu ijambo rye ubwo yafunguraga KU mugaragaro inama yAbayobozi bakuri b’ibigo byo muri Afurika, Africa CEO Foum iteraniye I Kigali kuri uyu wa Kane, itariki 16 Gicurasi 2024.
Ni (…) -
Ibyo wamenya ku mushahara n’andi mafaranga abasirikare ba RDF bagenerwa
17 October 2020, by BABOU BenjaminIteka rya Perezida wa Repubulika Nº 044/01 ryo ku wa 14 Gashyantare 2020, rishyiraho sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda, rikagena ibijyanye n’umushahara umusirikare ahabwa ndetse n’andi mafaranga n’ibindi agenerwa mu gihe bibaye ngombwa.
Umutwe wa gatandatu w’iri teka uragira uti: "Umushahara n’ibindi bigenerwa abasirikare", bigasobanurwa kuva mu ngingo ya 86 kugeza mu ya 96 ya ririya teka ry’umukuru w’igihugu.
Nta ngano y’amafaranga runaka ari muri ririya teka, bijyanye n’uko (…) -
FARDC yakiriye drones z’intambara zisimbura izo M23 yahanuye
14 May, by BABOU BenjaminIgisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyakiriye drones nshya zo mu bwoko bwa CH-4 zisimbura izo cyari cyaraguze mu mwaka ushize zigahanurwa na M23.
Drones eshatu ni zo FARDC yakiriye, ndetse mu mezi make ari imbere izakira izindi nka zo, nk’uko Africa Intelligence ibivuga.
Biteganyijwe ko mu minsi mike iri imbere izi ndege zitagira abaderevu zigomba koherezwa mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahakomeje kubera intambara hagati y’Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma (…) -
Menya byinshi ku birango n’amapeti by’urwego rwihariye rucunga amagereza
8 August 2020, by TUYIZERE JDNyuma y’ubusabe bwa bamwe mu bakurikira bwiza.com basomye inkuru zibamenyesha ibirango n’amapeti y’igisirikare n’ay’igipolisi by’u Rwanda, twateguye n’indi y’abacungagereza, urwego rukumbi rwahawe inshingano zo kurinda umutekano w’imfungwa n’abagororwa.
Iteka rya Perezida No. 31/01 ryo ku wa 24/1/2018 ni ryo rishyiraho sitati yihariye y’abacungagereza rikanagena ibirango n’amapeti bihabwa abacungagereza, mu nzego eshanu barimo.
Hashingiwe ku mapeti, abacungagereza bari mu byiciro bitanu: (…) -
Amerika yashimangiye ibirego byayo ku Rwanda
7 May, by BABOU BenjaminLeta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Mbere zashimangiye ibirego byazo by’uko Ingabo z’u Rwanda ari zo ziri inyuma y’ibisasu byarashwe mu nkambi y’impunzi ya Mugunga iherereye mu burengerazuba bw’Umujyi wa Goma.
Ibyo bisasu byo mu cyumweru gishize byahitanye impunzi 16, izirenga 30 zirakomereka.
Bikiraswa Leta Zunze Ubumwe za Amerika biciye mu muvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yazo, Matthiew Miller, zavuze ko Ingabo z’u Rwanda n’umutwe wa M23 ari bo babiri inyuma.
Guverinoma (…) -
International Crisis Group iremeza ko SAMIM itageze ku ntego zayo nyinshi muri Cabo Delgado
15 May, by Denis NsengiyumvaUbutumwa bwa SADC muri Mozambike (SAMIM) buzava ku mugaragaro mu Ntara ya Cabo Delgado ikungahaye kuri gaz muri Nyakanga, nyuma y’imyaka itatu butangijwe na nyuma yo kurwana n’ibyihebe inshuro 67 hagati ya Kanama 2021 n’Ukuboza 2023.
Ariko mu gihe hasigaye gusa ingabo zo muri Afurika y’Epfo, ubutumwa ntabwo bwakoze ibihagije, nkuko abasesenguzi ndetse n’ibiheruka kuba vuba aha bibishimangira.
Ku wa Gatanu ushize, Ingabo za Afurika y’Epfo (SANDF) zaguye mu gico cy’inyeshyamba ahazwi nka (…) -
U Rwanda ruyoboye ibihugu bya EAC byaguze intwaro nyinshi zikomeye mu myaka itatu ishize
12 March, by BABOU BenjaminRaporo Ikigo Mpuzamahanga Giharanira Amahoro cya Stockholm International Peace Research Institute (SIPRI), ishyira u Rwanda ku mwanya wa mbere mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba byaguze intwaro nyinshi zikomeye mu myaka itatu ishize.
Ni raporo iki kigo cy’abanya-Suede cyasohoye ku Cyumweru tariki ya 11 Werurwe, ikaba yerekana uko ibihugu bitandukanye ku Isi byagiye bigura intwaro mu myaka ine ishize ndetse n’uko byagiye bizigurisha.
Intwaro zibandwaho zirimo indege na (…)