Niba hari ikintu cyavuzweho cyane mu mateka y’urugamba rw’ingabo za FPR Inkotanyi ni ukumenya gutega umwanzi imitego ( ambush), gutera ibitero shuma ( sporadic attacks), gutera hagamijwe kubohora abagizwe imbohe ( raids) n’ ibindi. Ni ibintu bivugwa n’abantu batandukanye , gusa bigoye kubona inyandiko zibivugaho n’ubwo bidasiba kuvugwa mu biganiro hagati y’abantu batandukanye.
Ni gake ubu buryo bw’imirwanire abenshi bita iya kinyeshyamba butagize icyo bugeraho ku ruhande rw’Inkotanyi, kuko (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Slide
In Slide
Articles
-
Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
19 May 2020, by Sikubwabo Mark Ibrahim -
Perezida Kagame asanga Abanyafurika bakwiye kuyiteza imbere aho kuyibera umuzigo
16 May, by Denis NsengiyumvaPerezida wa Repubulika, Paul Kagame yagaragaje ko ko biteye impungenge kuba umubare w’abaturage ba Afurika bari mu cyiciro giciriritse ukomeje kwiyongera nyamara uyu Mugabane wihariye 20% by’abaturage bose b’Isi, bikaba byari bikwiye ko abawutuye bawuteza imbere aho kuwubera umuzigo w’ubukene .
Ibi yabitangaje mu ijambo rye ubwo yafunguraga KU mugaragaro inama yAbayobozi bakuri b’ibigo byo muri Afurika, Africa CEO Foum iteraniye I Kigali kuri uyu wa Kane, itariki 16 Gicurasi 2024.
Ni (…) -
Kicukiro: 15 enfants blessés dans un accident de bus scolaire
9 January 2023, by Denis NsengiyumvaAu total, 15 enfants ont été blessés dans un accident de la route impliquant un autobus scolaire le lundi 9 janvier, a indiqué le département de la police routière .
Aucun décès n’a été enregistré, a déclaré le porte-parole du SSP René Irere à la chaîne de télévision nationale RBA.
Les policiers étaient sur les lieux de l’accident alors qu’une dépanneuse tente d’emmener le bus
Les enfants allaient commencer leurs études de deuxième trimestre à l’école primaire Path To Success, (…) -
FARDC yakiriye drones z’intambara zisimbura izo M23 yahanuye
14 May, by BABOU BenjaminIgisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyakiriye drones nshya zo mu bwoko bwa CH-4 zisimbura izo cyari cyaraguze mu mwaka ushize zigahanurwa na M23.
Drones eshatu ni zo FARDC yakiriye, ndetse mu mezi make ari imbere izakira izindi nka zo, nk’uko Africa Intelligence ibivuga.
Biteganyijwe ko mu minsi mike iri imbere izi ndege zitagira abaderevu zigomba koherezwa mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahakomeje kubera intambara hagati y’Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma (…) -
Menya byinshi ku birango n’amapeti by’urwego rwihariye rucunga amagereza
8 August 2020, by TUYIZERE JDNyuma y’ubusabe bwa bamwe mu bakurikira bwiza.com basomye inkuru zibamenyesha ibirango n’amapeti y’igisirikare n’ay’igipolisi by’u Rwanda, twateguye n’indi y’abacungagereza, urwego rukumbi rwahawe inshingano zo kurinda umutekano w’imfungwa n’abagororwa.
Iteka rya Perezida No. 31/01 ryo ku wa 24/1/2018 ni ryo rishyiraho sitati yihariye y’abacungagereza rikanagena ibirango n’amapeti bihabwa abacungagereza, mu nzego eshanu barimo.
Hashingiwe ku mapeti, abacungagereza bari mu byiciro bitanu: (…) -
Rwanda FDA probing medecines found unsafe by WHO
10 October 2022, by Fred RugiraRwanda Food and Drug Authority (RFDA) have investigated and found that the four paediatric medicines that were recently found unsafe by the World Health Organisation (WHO) in The Gambia have never entered the Rwandan market.
Earlier this month, the WHO issued an alert that Promethazine Oral Solution, Kofexmalin Baby Cough Syrup, Makoff Baby Cough Syrup and Magrip N Cold Syrup contain “unacceptable amounts of diethylene glycol and ethylene glycol as contaminants.”
In a communique issued (…) -
International Crisis Group iremeza ko SAMIM itageze ku ntego zayo nyinshi muri Cabo Delgado
15 May, by Denis NsengiyumvaUbutumwa bwa SADC muri Mozambike (SAMIM) buzava ku mugaragaro mu Ntara ya Cabo Delgado ikungahaye kuri gaz muri Nyakanga, nyuma y’imyaka itatu butangijwe na nyuma yo kurwana n’ibyihebe inshuro 67 hagati ya Kanama 2021 n’Ukuboza 2023.
Ariko mu gihe hasigaye gusa ingabo zo muri Afurika y’Epfo, ubutumwa ntabwo bwakoze ibihagije, nkuko abasesenguzi ndetse n’ibiheruka kuba vuba aha bibishimangira.
Ku wa Gatanu ushize, Ingabo za Afurika y’Epfo (SANDF) zaguye mu gico cy’inyeshyamba ahazwi nka (…) -
U Rwanda ruyoboye ibihugu bya EAC byaguze intwaro nyinshi zikomeye mu myaka itatu ishize
12 March, by BABOU BenjaminRaporo Ikigo Mpuzamahanga Giharanira Amahoro cya Stockholm International Peace Research Institute (SIPRI), ishyira u Rwanda ku mwanya wa mbere mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba byaguze intwaro nyinshi zikomeye mu myaka itatu ishize.
Ni raporo iki kigo cy’abanya-Suede cyasohoye ku Cyumweru tariki ya 11 Werurwe, ikaba yerekana uko ibihugu bitandukanye ku Isi byagiye bigura intwaro mu myaka ine ishize ndetse n’uko byagiye bizigurisha.
Intwaro zibandwaho zirimo indege na (…) -
Mchango wa Rwanda katika kumaliza vita kati ya Urusi na Ukraine
17 July 2023, by BWIZARais Paul Kagame ametaja mazungumzo kama njia pekee inayoweza kumaliza vita kati ya Urusi na Ukraine, baada ya mwaka mmoja na miezi minne ya mzozo kati ya pande hizo mbili.
Mkuu wa Nchi alitangaza hayo Jumapili, wakati yeye na mwenzake Katalin Novák wa Hungary, ambaye alikuwa katika ziara ya kikazi nchini Rwanda, walipozungumza na vyombo vya habari.
Rais Kagame alipoulizwa kama kuna mchango wowote Rwanda inaweza kutoa katika kumaliza vita, alijibu kuwa jukumu lake la kuvisimamisha (…) -
Gahunda y’u Bwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda ntacyo imaze: Macron
25 April, by BABOU BenjaminPerezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa kuri uyu wa Kane yanenze gahunda y’u Bwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda, ayigaragaza nk’urwenya ndetse n’idafite umumaro.
Macron yabitangarije muri Kaminuza ya Sorbonne y’i Paris aho yari kuri uyu wa Kane.
Yagize kandi ati: "Ntabwo nizera imiterere yo gushaka igihugu cya gatatu ku mugabane wa Afurika cyangwa ahandi hose ku Isi, twohereza abantu bagera ku butaka bwacu ku buryo budakurikije amategeko batavuye muri ibyo bihugu."
Ku bwa (…)