Mu kwezi gushize (Ukuboza 2023) Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazamuye mu ntera ba Ofisiye barenga 700 barimo ba Colonel 17 yahaye ipeti rya Brigadier General (General de Brigade).
Muri izo mpinduka kandi Umukuru w’Igihugu yazamuye mu ntera Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga wari Lieutenant General, amugira General.
Ni impinduka zaje ziyongera ku zindi zitandukanye yagiye akora mu gisirikare cy’u Rwanda mu mwaka ushize wa (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Slide
In Slide
Articles
-
2024: Menya ba Ofisiye Jenerali 52 bari mu kazi muri RDF
1 January, by BABOU Benjamin -
General Kabarebe yahishuye ukuri yabwiwe n’umusirikare w’Umubiligi ubwo yayoboraga ingabo za RDC
28 May 2023, by TUYIZERE JDUmunyabigwi mu mutekano w’akarere k’ibiyaga bigari, General James Kabarebe yahishuye ukuri yabwiwe n’umuzungu mu gihe yari akiri Umugaba Mukuru w’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo.
Gen. Kabarebe yavuze ko ubwo abasirikare ba RPA-Inkotanyi bari bamaze kubohora u Rwanda, bacyuye impunzi miliyoni eshatu zari zarahungiye mu burasirazuba bwa RDC kugira ngo zifatanye n’abandi kubaka igihugu.
Yagize ati: “1996 hafashwe icyemezo cyo gucyura Abanyarwanda, izi mpunzi zose zari hakurya. (…) -
Umunsi Museveni yari agiye kurasa Gen Sejusa azira umugore
25 April, by Denis NsengiyumvaMu gihe cy’intambara y’ishyamba ya NRA, Gen David Sejusa (bitaga Tinyefunza) yamaze amezi 7 afunzwe (mu ndaki) ahanini kubera ukuntu atagiraga ubwoba bwo kuvuga icyo atekereza igihe cyose yumvaga Umuyobozi mukuru, Gen. YK Museveni yakoze nabi.
Ahagana mu mpera z’umwaka wa 1983, abayobozi b’ingabo za Obote, UNLA, bitwaye neza ku rugamba maze batsinda inyeshyamba za NRA za Museveni. Hanyuma, Ubuyobozi bukuru bw’ingabo, bwari urwego rukuru rufata ibyemezo mu bikorwa bya gisirikare, rwemeje ko (…) -
REB yimye akazi abakandida benshi barushije abandi amanota, ‘ibima’ amatwi
28 September 2023, by TUYIZERE JDIkigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi bw’ibanze (REB) giherutse kwima akazi abakandida mu rwego rw’uburezi barushije abandi amanota, kandi ngo cyanze kubatega amatwi ngo gikemure ikibazo cyabo.
Tariki ya 24 Nzeri 2023 ni bwo REB yatangaje ko yahaye akazi bamwe mu bakandida bari ku rutonde rw’abategereje (waiting list) rw’umwaka w’2021 n’2022 ndetse na bagenzi babo batsinze ibizamini byo muri uyu mwaka.
Iki kigo cyagize kiti: “REB iramenyesha abakandida bari ku rutonde (…) -
Cape: Kayishema ushinjwa uruhare muri jenoside yitabye urukiko na bibiliya mu ntoki
27 October 2023, by Denis NsengiyumvaKuri uyu wa Gatanu, Umunyarwanda ushakishwa kubera ibyaha bya jenoside yongeye kwitaba urukiko rw’ibanze rwa Cape Town.
Muri Gicurasi, Fulgence Kayishema yarakurikiranwe asangwa mu isambu iherereye ahitwa Paarl aho bivugwa ko yari amaze imyaka atuye munsi y’izina.
Uyu yari amaze myaka irenga makumyabiri ahunga ubutabera kuva yatangira gushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda akurikiranweho ibyaha bya jenoside birimo kuba yarategetse iyicwa ry’Abatutsi 2000 (…) -
Ntabwo ibihekane ‘NTS’ na ‘MPF’ bicyemewe mu myandikire y’Ikinyarwanda_RALC
8 November 2020, by TUYIZERE JDUrurimi rugereranwa n’ibinyabuzima, aho ruvuka, rugakura cyangwa se rugapfa; byose bikaba bitewe n’abarukoresha. Mu gihe rukura, ni bwo hahangwa amagambo mashya, hakinjizwamo amatirano (emprunts) cyangwa se uburyo rwakoreshwaga, haba mu myandikire, bukagenda buvugururwa. Aha ni ho rugira ibyo rwinjiza n’ibyo rutakaza.
Ibiba ku zindi ndimi, biba no ku rurimi rw’Ikinyarwanda rukoreshwa ahanini n’Abanyarwanda. Amavugurura aheruka mu myandikire y’uru rurimi, yakozwe n’Inteko Nyarwanda (…) -
Le prix du carburant au Rwanda a augmenté de plus de 120 Frw le litre
3 August 2023, by Denis NsengiyumvaL’Autorite de regulation des services publics du Rwanda (RURA) a annonce mercredi 2 août une augmentation des prix de l’essence, citant les ajustements du marche mondial du petrole.
À compter de jeudi, le prix de detail maximum de l’essence (Premium Motor Spirit) sera de 1 639 Frw le litre, soit une augmentation de 122 Frw par rapport aux prix fixes en juin.
La RURA, cependant, a maintenu le prix de detail maximum du diesel (gazole automobile) Ã 1 492 Frw.
"Les prix des carburants à (…) -
U Rwanda rwihanangirije RDC
20 July 2023, by BABOU BenjaminGuverinoma y’u Rwanda yihanangirije iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’itangazo iheruka gusohora u Rwanda rwafashe nk’urwitwazo rwo kurushozaho intambara.
Ku wa Gatatu tariki ya 19 Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyasohoye itangazo rishinja u Rwanda kuba mu myiteguro yo kohereza ingabo zarwo ku butaka bwa kiriya gihugu.
Ni itangazo ryashyizweho umukono n’Umuvugizi wa FARDC, General-Major Sylvain Ekenge Songesa.
FARDC yasohoye iri (…) -
Rutsiro: Muhawenimana w’imyaka 32 yapfanye n’uwo yarimo abyarira mu rugo
22 April, by Eric Marshall KoffitoMuhawenimana Josephine w’imyaka 32, wo mu karere ka Rutsiro yapfanye n’uwo yarimo abyarira mu rugo.
Amakuru y’urupfu rwa Muhawenimana n’uwo yibarutse yamenyekanye mu rukerera rwo kuri iki cyumweru, tariki 21 Mata 2024.
Ibi byabereye mu murenge wa Rusebeya, akagari ka Remera ho mu mudugudu wa Shyembe, akaba yari yaraje kuba munzu ituranye n’iyo ababyeyi be batuyemo.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’agateganyo w’umurenge wa Rusebeya, Nsabyitora Vedaste yahamirije Bwiza.com aya makuru. (…) -
Jenoside yakorewe Abatutsi: Ingaruka zayo no kongera kwiyubaka
7 April 2020, by BWIZAU Rwanda n’Isi muri rusange baribuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ubwo inzirakarengane zisaga miliyoni zicwaga amahanga arebera kugeza ubwo RPF yahagarikaga ubu bwicanyi, bimwe mu butazibagirana mu mateka y’Isi bwabaye mu kinyejana cya 20.
Urwego n’ubugome ubwo bwicanyi bwakoranywe byashenguye Isi yose, ariko nta gihugu na kimwe cyagize ubushake bwo gutabara ngo gihagarike ubwo bwicanyi. Abenshi mu bicwaga biciwe mu midugudu yabo cyangwa mu mijyi yabo, benshi (…)